My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Nkumuntu ukunda Akarere mvukamo nubwo ntakabamo bwose kubwimpamvu zuko ndi ku ishuli nkomeje guhangayikishwa niterambere ry’Umurenge wange wa Nyamirama cyane cyane Akagari ka Shyogo Umudugudu w’Agasharu kuko hagaragara abantu benshi bacuruza ibifatwa nkisubizanyumabikorwa kuko haba abantu benshi bacuruza za Kanyanga kdi bikaba bizwi na Executif wumurenge ariko ntagire icyakora ngew birambabaza cyanee!! kuko usanga bisubiza inyuma abaturage murakoze!!
Nkumuntu ukunda Akarere mvukamo nubwo ntakabamo bwose kubwimpamvu zuko ndi ku ishuli nkomeje guhangayikishwa niterambere ry’Umurenge wange wa Nyamirama cyane cyane Akagari ka Shyogo Umudugudu w’Agasharu kuko hagaragara abantu benshi bacuruza ibifatwa nkisubizanyumabikorwa kuko haba abantu benshi bacuruza za Kanyanga kdi bikaba bizwi na Executif wumurenge ariko ntagire icyakora ngew birambabaza cyanee!! kuko usanga bisubiza inyuma abaturage murakoze!!
sha ndabona mugerageza kumakuuru ajyanye nigihe gusa gusa muzongere amafoto ku nkuru ndasuhuza umwanditsi wanyu josee utuye ku ruyenzi
turashima uburyo abarimu bigisha kuri ep. ngenda muri bugesera/umurenge wa nyarugenge bitanga mumurimo wabo. nibakomereze aho.
abayobozi b’utugari twa bugesera bahembwa umushahara muke ugereranyije n’abandi bo mutundi turere.
nyamagabe,nirebe na GASAKA, REMERA,GITWA, imitungo yimvubyi yigaruriwe nababahekuye,biratubabaje birenze!!!
twebwe Abasomyi bakurikira ururubuga turasaba abo bishinzwe ko kuva Ndatemwa ujya i Byumba ko bazatwibuka bakaduha umuhanda wa Kaburimbo kubera ko twaheze mubwigunge.Murakoze.
mbashimiye ubwitange bwanyu kunyungu z,abanyarwanda muri rusange.so, kuberako uriya muhanda wa karongi rusizi wari uri mumihigo,byaba byiza ukorewe rimwe kuburyo budasubirwaho kdi abanyakarongi bakomeze kwihangana
MWATUBARIJE AKARERE KA KIREHE IGITUMA KADAHEMBA ABAGAKOREYE MURI SERVICE ZITANDUKANYE TWAVUGA ABAKOZI MURI RUSANGE ABARIMU ABANYABIRAKA NK’ABAKOZE MU ITORERO KURI SITE YA HIGH SCHOOL NUBWO BAMWE BARI ABAKOZI ARIKOSE UWARAYE ATEKA NKANGE NAZIZE IKI KO ABANYESHURI BARI BARATASHYE?MAYOR UFITE IKIBAZO
unvawangu mwagiye mumanuka mukagera no mucyaro,mukagera n’ikabarondo,mukagera mutugari byumwihariko mukagera mukagali kaka bura mukareba ukuntu abaturage barenge
babuzumuriro,njtbagiramazi utuzu twose twuzuyemo ibyatsi
banze gukorerwa utugezi mubyukuri
– ewasa yanzekuhagera
– abacitse kwicumu baho banze kwishyurizwa imitungoyabo
yononwe muri genoside
– amazu arendakubagwira
– serevise zitanoze zihabwa abaturage kubera kutubahirizigihe bitewe noguturuka kure kwabahayobora.
MURI GICUMBI NTABWO ARI KABURIMBO IRI GUSHYIRWAMO AHUBWO BARI GUSHYIRAMO AMABUYE. GUSA BISHOBORA KUZATERA IBIBAZO BIKOMEYE IYO UREBYE UBURYO BAPANZE GUSHYIRA AMABUYE MU MUJYI HAGATI NTABWO BIBEREYE IJISHO, IYO UBIBONA IMBERE Y’AMADUKA NKARIYA. KU BWANJYE NARI GUSHYIRA KABURIMBO BYIBUZE NZEGURUKE IRIYA NATURE KUGERA HARUGURU Y’ISOKO NONEHO IGAHEREREKANYA N’AMABUYE AKOMEZA MUNYENGERO Z’IBYARO. NDORE RERO INGARUKA ZARIYA MABUYE,BURI HARAMUTSE HABONETSE UMUTERANKUNGA MU KUBAKA IMIHANDA MURI AKA KARERE KACU,YAHAGERA AKABURA AHO AHERA NONEHO NTABINDI YAKORA YABONA KO AMABUYE UTURWA NEZA NIYO YABAKORERA KUKO KURIMBURA AMABUYE BYABA IBINDI BIBAZO,HABA GUSESAGURA KANDI NIYONGERE GUKORESHWA. RWOSE BYARI IBYO KWIRWAHO
Mu gihe abayobozi bakuru batangije ukwezi kw’imiyoborere myiza mu gihugu hose ,ibitaro bya Ruhengeri na Centre de Sante ya Muhoza ho mu Karere ka Musanze ,bo bafashe icyemezo cyo kwanga kuvura abantu kuri Mutuelle y’umwaka wa 2012-2013 ngo keretse babanje bakagura Mutuelle ya 2013-2014 kandi nyamara bigomba gutangirana n’ukwezi kwa Nyakanga/2013 .Wenda batangira kubashishikariza kuzigura ubu ariko mu byukuri kwanga kuvura abantu kandi bafite Mutuelle birababaje cyane. Barimo kubabwira ngo niba batishyuye iyo mutuelle ya 2013-2014 ngo nibatange amafaranga babavure nk’uko bavura abantu badafite Mutuelle. Ndasaba abo bireba bose by’umwihariko MINISANTE kurenganura abaturage.