My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
munyarukire i cyarwa urenze ku mukoni gato, ahapimirwa nyirantare hitwa kwa KIBWA bakubise umuntu aba indembe, ubu ari mu bitaro ibutare, ubuyobozi bw’umurenge bwafunze ako kabare none karimo karakora kandi umurenge uzi ko gakopra. BATWICE BAKOMEZE BAPIME BYA NYIRANTARE BYABO?? MURAKOZE!!!!
NDI J.PIERRE NDI MU KAGALI KA KABUGA UMURENGE WA MBAZI ABAYOBOZI BOMU KAGALI KAGABUGA NIBAKIRA ABAGANA NEZA KANDI BAGERA KU KAGARI SAA YINE
mutubarize MADAMU MUTAKWASUKU YVONNE;ese abantu batabonye ibyangobwa by’ubutaka bya burundu muri NYAMABUYE bamwandikiye umwaka ukaba ushize ntagisubizo bazasiragira muri service y’ubutaka kugera ryari?(ubaza muri service y,ubutaka ngo muzategereze umwanzuro w’akarere)
Mutubarize Muzuka impamvu yatanze atatanze ibirarane by’abarimu bagiye baha bamwe abandi barabareka? bakurukije iki kandi MINEDUC iba yatubwiye ko twese bazayaduha???Birababaje ntakuvamvura abana kandi bose aba ari bamwe?
Mutubarize muri GENERATIONRWANDA Ko badusaba ibyangombwa tukabitanga twujuje nibisabwa ngo duhabwe promotion yo kwiga baba batangaje ubwabo kandi bikanaduhenda kugirango tu deposer ariko nta yego nta na oya tujya tubona kandi criteres zose tujujuje
NASABAGA ABANA BIGAKU KIGO CY’ABYIMANA KO BIRINDA IGIKORWA CYUBUGIZI BWANABI CYO GUTWIKA AMASHURI BIGIRAMO BAZAJYEGUKORERA AMAHUGURWA KUKIGO CYA CIKUKIRO IPRC KIGALI TSS.
Mudutabarize natwe EWSA mu karere ka BUGESERA Centre ya BATIMA dukeneye umuriro kandi birakwiye.
nibyiza ko tunga tv bayitekere gusa niba dukangurirwa gukora 24/24 ndabo bamwe bashobora kwiherera mumakuru bareba ntibakore kd abana no gukunda amashusho sinzi niba batazimurira ibyumba by’amashuri mumadirishya hahengeza aho kwiga bikoramwe ubushishozi.
Ndatabaza kuri EWASA nimudutabare mu murenge wa Ngeruka mukarere ka Bugesera twabuze amazi inzara igiye kutwica none n’amatungo yacu amerewe nabi.
ESE NIBATICUGIRA UMUTEKANO BAWUCUNGIRWA NANDE?NIBAFASHE INGABO Z’IGIHUNGU NA POLCE Y,U RWANDA KUBABERA AHO BATARI
MUREBE KO TUDATURA MU RWATUBYAYE NEZA TWICUNGIRA UMUTEKANO EREGANAWE UMUTEKANO WI GIHUGU URAKUREBA KUKO NTAMUTEKANO NAWE NTIWARYAMA CYANGWA NGO UGIREN ICYO WABA WAKORA NGO KIGUTEZE MBERE.
Bjr! Cip nanubu twarumiwe abantu bayigagamo. So wda ibyigeho badusubize.
Bjr! Cip nanubu twarumiwe abantu bayigagamo. So wda ibyigeho badusubize.