My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1423 )

Nibibyiza konyaruguru amajyambere ahagera koko ariko se haburiki ngo hagere kaburimbo nkahandi m’uturere rw’u Rwanda ? aritwizere neza ko ababishizwe babikurikiranira hafi.

hirwa jean claude yanditse ku itariki ya: 9-09-2013  →  Musubize

iterambere kuri boseeeee turabashyigikiye

gasaba yanditse ku itariki ya: 9-09-2013  →  Musubize

Nyamasheke Turabasaba Gutora Neza Apana Birya Byabaye Ntibizongere

Karuhije yanditse ku itariki ya: 5-09-2013  →  Musubize

twongere amasengesho

habiyonizeye francois yanditse ku itariki ya: 3-09-2013  →  Musubize

Abanyabugesera ndabakunda kdi mukomerezaho iterambere mwitabire umurimo

Mpejwiki aboubakar yanditse ku itariki ya: 3-09-2013  →  Musubize

Turabashimira urubuga muduha mugutanga ibitekerezo.

patric yanditse ku itariki ya: 2-09-2013  →  Musubize

congo nireke kwiyenza kurwanda!ngo ishakira igisubizo aho kitari

Andrew MURWANASHYAKA yanditse ku itariki ya: 31-08-2013  →  Musubize

ariko nibo cong ishaka gutera urwanda niyerure ibivuge
tubimenye natwe twiteguye kwirwanaho nkabanyarwanda.
naho ubundi nibaturekere amahoro yacu nkabanyarwanda,
mu mahoro yacu dusanzwemo <GUSA IMANA ITUBE HAFI NKUKO
TUYIZERA>.

rwanyamugabo k fred yanditse ku itariki ya: 30-08-2013  →  Musubize

Jye ndabona amaherezo bakwiye kuduha ibikoresho tukerekerayo,kuko ibi si ibintu. Mu Rubavu ntibagire ubwoba.

Misigaro hussein yanditse ku itariki ya: 30-08-2013  →  Musubize

Tubashimira uburyo mubasha kumva ibibazo by,abaturage mureberera.Ariko hano mu karere ka Gisagara,abanyeshuri bakaminuza turacyafite ikibazo cyokwiga bitewe n,ubushobozi buke dufite kandi tukaba tubona n,ubuyobozi ntacyo bubivugaho busa nkaho bwadutereranye.

Niyirema jean Pierre yanditse ku itariki ya: 28-08-2013  →  Musubize

mbanje gushimira cyane uburyo amakuru yanyu ari update kabisa nuburyo uyabona muburyo bunonosoye ahubwo ndabibariza nizihe nzira umuntu yacamo kugirango ibikorwa yikorera byaca kuri page. merci

danny munezero yanditse ku itariki ya: 27-08-2013  →  Musubize

uwiteka akomeze kubongerera ubuhanga nubushobozi mukoresha muduha amakuru.mukomereze aho.muri huye,Koperative yabrimu yibwe akayabo ka miliyoni icumi nibihumbi 600 birenga.birababaje kuba hakiriho abshaka gutungwa nutwabandi

RUGIRA EUGENE yanditse ku itariki ya: 25-08-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka