My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

mwiriwe mute?njyewe niwefurije ko nazabona young grince kubera namukunze ubundi nahoraga mutora muri sper star2 iyagatatu niyigeze aboneka.ubusanzwe ndi umufana we wa muzika nkahorandeba amafoto ye uretse ni amashusho ye ya video shya yitwa "Like a boy"njyewe nashakaga kumenya number ye phone,nkaba narifuzagako azegukana salax a ward.murakoze

[email protected] yanditse ku itariki ya: 27-07-2013  →  Musubize

mutubarize aho umuriro w’amashanyarazi ugeze kuko igihe batubwiye cyararenze. murakoze kudutumikira.

Hategekimana sylvain mumurenge wa Cyanika yanditse ku itariki ya: 27-07-2013  →  Musubize

Mwiriwe, ese ko mutavuga ku iterambere rya ngoma ,rigomba kwitabwaho hibandwa kuhantu nyaburanga mutubarize mayor uko bimeze.

TAIFAR yanditse ku itariki ya: 26-07-2013  →  Musubize

mubyukuri dukeneye amazi meza mukagali ka mbogo kuko twabonye umuriro ariko amazi mabi aratumara kubera umwanda. ubu turacyavoma amazi mumiferege yo mugishanga.

alphonse yanditse ku itariki ya: 26-07-2013  →  Musubize

Muraho?mbona haruturere wagirango ntabayobozi ntagikorwa cyamajyambere gihari urugero ni nka karere ka Ngoma

ERIC yanditse ku itariki ya: 25-07-2013  →  Musubize

ariko se ko kabarondo yo ko itavugwa koko kariya kagali ka kabura katagira umuriro,amazi na yo ni ningorabahizi abcitse kwicumu amazu arendakubagwira,imitungo yabo banzekwishyurizwa
byaheze mu mumpapuro leta nitabare itangaza makuru rimanuke rirebe maze turusheho kwiyubakira igihugu!!!!

patrick yanditse ku itariki ya: 24-07-2013  →  Musubize

Murakoze turambiwe ni jambo ko umuhanda uzakorwa mu byumweru bibiri turabirambiwe nkuko turambiwe gusuka amazii pee mu muhanda umujyi bawukoze icyaro peee,ese ubundi mwa kwandiste ko munaniwe

Mugisha yanditse ku itariki ya: 23-07-2013  →  Musubize

Muraho, Ese ikitwa kurwanya ihohoterwa n’ihezwa n’iki? ko abantu babana n’ubumuga usanga bahezwa inyuma y’imiryango y’aho bifuza kugana, hakorwa iki kugirango iyo nzitizi ivanweho, ko ahao kubishakira umuti bii gukomeza kuzamurwa muntera?

NIYOMWUNGERI yanditse ku itariki ya: 21-07-2013  →  Musubize

MUraho, mutubarize ikibazo kubijyanye n’umuco, n’imkino ngororangingo y’abantu babana n’ubumuga mukarere ka NGOMA, ESE BO NTIBAKENERA KWIDAGADURA NO KUGARAGAZA UMUCO NK’ABANDI? Ababikurikiranira hafi iyo gahunda igezehe?

WAKATI yanditse ku itariki ya: 21-07-2013  →  Musubize

ibinu kamishibamukorera sibyizanamba mbaye nkawe nabarenga!

nkaka biko yanditse ku itariki ya: 19-07-2013  →  Musubize

CNJR YA NYAMASHEKE IRASINZIRIYE PE!

CELESTIN yanditse ku itariki ya: 17-07-2013  →  Musubize

Ndabaza ushinzwe kushyira abantu mugi-police bicahe?? bikorwa ryari??ko tubyifuza ariko tukabura uwo twabaza information. adress: [email protected]

JADO C. yanditse ku itariki ya: 17-07-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka