My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

turabasaba kutubariza meiawa ukarere karubavu igihe umuriro na maZI bizagerera mukagari kakinigi mumu renge wa nyamyumba murakoze

fulgence yanditse ku itariki ya: 14-02-2014  →  Musubize

turashimira maire wa Rulindo kubw’ iterambere amaze kutugezaho!, ariko nk’ abaturage bo mumurenge wa Mbogo, akagali ka Bukoro, umudugudu wa GIHONGA, rwose dufite ikibazo gikomeye cyane cyo kutagira AMAZI kandi twese tuziko " AMAZI ARI ISOKO Y’ UBUZIMA!" nukuri rwose abaturage bo muri uwo mudugudu turababaye cyane!.

alias yanditse ku itariki ya: 13-02-2014  →  Musubize

turashimira maire wa Rulindo kubw’ iterambere amaze kutugezaho!, ariko nk’ abaturage bo mumurenge wa Mbogo, akagali ka Bukoro, umudugudu wa GIHONGA, rwose dufite ikibazo gikomeye cyane cyo kutagira AMAZI kandi twese tuziko " AMAZI ARI ISOKO Y’ UBUZIMA!" nukuri rwose abaturage bo muri uwo mudugudu turababaye cyane!.

alias yanditse ku itariki ya: 13-02-2014  →  Musubize

turashima cyane iyi gahunda ya my District today kuko igaragaza ibitagenda ikaba irushaho gukangura abayobozi ku kwita ku bikorwa byihutirwa kandi bifitiye abaturage akamaro

NSENGA JOSEPH yanditse ku itariki ya: 12-02-2014  →  Musubize

MUTUBARIZE MEYA WA NGOMA UMUHANDA UHUZA NGOMA NA KIREHE UZAKORWA BIGENZE BITE?TURABAZA UMUHANDA UHUZA UMURENGE WA MURAMA NA GATORE?

VINCENT yanditse ku itariki ya: 12-02-2014  →  Musubize

mutubarize maire wa kirehe impamvu mu kagari ka nyabigega batahabwa amazi n’umuriro kuko icyibazo cy’amazi gihangayikishije abahatuye.thx.

alias turabashimiye yanditse ku itariki ya: 11-02-2014  →  Musubize

Mutubarize maire wa Gatsibo igihe umuhanda wa Ndatemwa-Muhura igihe uzakorerwa kuko uheruka gusanwa bitegura H.E president yenda kuza gutangiza ICT muri G.S MUHURA.Mutubarize kwigunga birarambiranye.

gedeo yanditse ku itariki ya: 10-02-2014  →  Musubize

mutubarize na mayor wakarongi igihe umuhanda karongi gisovu bazawukorera?

touram yanditse ku itariki ya: 10-02-2014  →  Musubize

MUTUBARIZE MAIRE WA NYAMAGABE IMPAMVU ADAHEMBA ABAKOZI

ALIAS yanditse ku itariki ya: 9-02-2014  →  Musubize

GIHENGERI hujujwe cumbi rya mwalimu ariko banze ko abarimu barijyamo!

RUGUMIRE Gaspard yanditse ku itariki ya: 7-02-2014  →  Musubize

Mutubarize akarere ka nyamasheke rwiyemezamirimo wari watsindiye isoko mugusoresha2012 2013 iryo soko ryitwa rugali na centre zose z’umurenge wa macuba zose,mwatuvuganiye rwose bakatwisha uwo rwiyemeza mirimo yitwa habiyaremye emmanuel murakoze.

Nyirahabimana julienne yanditse ku itariki ya: 5-02-2014  →  Musubize

imishahara itajyanye n ibiciro by amasoko kubakozi bashinzwe umutekano

k. dad yanditse ku itariki ya: 2-02-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka