My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1378 )

Mubwire Police No Muri Week End Abapolisi Bajye Bajya Mumihanda

Gasirikare Otto yanditse ku itariki ya: 23-05-2014  →  Musubize

Kt Turabashimira Kubwa Makuru Mutugezaho Arayo Mu Rwanda No Hanze Yu Rwanda Aho Tutabasha Kwigerera Mwebwe Murahatugerera Turabibashimira Mugomeze Mudushacyire Amakuru Natwe Turabakunda Cyane Ubu Urushinge Rwa Radio Rwa Kwamiye 96.7 Ok Thanks You Yari Cloude Murakoze Gd By By

Cloude yanditse ku itariki ya: 23-05-2014  →  Musubize

natwemurikagabi romuzatugezeho umuriro ningombwa kuko turawushaka murakoze

hakizimana Emmanuel yanditse ku itariki ya: 22-05-2014  →  Musubize

birababaje kuba igitsina gore gikomeje kwandagaza agaciro k’uburenganzira bw’ umwana ahotwakuye umwana umwana w’umunsumwe mubuga -gitara-kayo nza-rwamagana-EST yemwe nihakazwe umuco

BENJAMINDE yanditse ku itariki ya: 20-05-2014  →  Musubize

Ndabashimacyane kubwibitekerezo byiza mukomeje kugeza kubanyarwnda ariko nange nasabaga inzegoza leta dufatanyije twese nkabanyakayonza ikibazo cyamazi n’okutagira umuriro giteye inkeke mumurenge wa kabarondo,akagali ka kabura birababaje kuba tumaze imyaka 19 ntagikorwanakime cyiterambere kuko byaragaraye ko aho umuriro ugeze ubukene burahunga
ndumva icyo cyaba igisubizo cyubukene bugaragara ahahantu
thx.

NTABWOBA AIMABLE yanditse ku itariki ya: 17-05-2014  →  Musubize

Turasaba ikigo gishizwe amazi n’amashanyarazi ko cyareba ahataragera urusinga cy itiyo ko batworohereza bikatugeraho tukabasha kuba ahantu hasusurutse nyamuna mubitugiremo.

alias yanditse ku itariki ya: 16-05-2014  →  Musubize

KWIKA NINGOMBWA M,URWANDA

ALPHONCE yanditse ku itariki ya: 16-05-2014  →  Musubize

Muri za gare ya NYABUGOGO, MUSANZE mu RUHENGERI, gare ya RWAMAGANA, itabi ribangamiye abagenzi. Police yareba uko ihashya abanyweramo itabi kuko birakabije ugeramo ukabura aho uhumekera cyane cyane guhera saa kumnimwe 17h00’.

Seth yanditse ku itariki ya: 11-05-2014  →  Musubize

RWOSE UMUJYI WA KABARONDO URAKABIJE KU MWANDA NI UKUREBA UKO MUKEMURA ICYO KIBAZO KUGIRANGO UBUZIMA BW’ABATURAGE BUTAHAGENDERA.

alias yanditse ku itariki ya: 8-05-2014  →  Musubize

ningombwa kwibuka abacu bazize uko bavutse twibuke twiyubaka

ndihokubwayojockson yanditse ku itariki ya: 7-05-2014  →  Musubize

Yewe ntukuri kutibuka abarimu nikimwe nokwiyima pe kdi icyo mbona abayobozi batakibona kimwe ahaaaaaaa

NGOGA V yanditse ku itariki ya: 6-05-2014  →  Musubize

turikukwe namwe mutekerezo

NTirenganya yanditse ku itariki ya: 4-05-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka