My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1378 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Mubwire Police No Muri Week End Abapolisi Bajye Bajya Mumihanda
Kt Turabashimira Kubwa Makuru Mutugezaho Arayo Mu Rwanda No Hanze Yu Rwanda Aho Tutabasha Kwigerera Mwebwe Murahatugerera Turabibashimira Mugomeze Mudushacyire Amakuru Natwe Turabakunda Cyane Ubu Urushinge Rwa Radio Rwa Kwamiye 96.7 Ok Thanks You Yari Cloude Murakoze Gd By By
natwemurikagabi romuzatugezeho umuriro ningombwa kuko turawushaka murakoze
birababaje kuba igitsina gore gikomeje kwandagaza agaciro k’uburenganzira bw’ umwana ahotwakuye umwana umwana w’umunsumwe mubuga -gitara-kayo nza-rwamagana-EST yemwe nihakazwe umuco
Ndabashimacyane kubwibitekerezo byiza mukomeje kugeza kubanyarwnda ariko nange nasabaga inzegoza leta dufatanyije twese nkabanyakayonza ikibazo cyamazi n’okutagira umuriro giteye inkeke mumurenge wa kabarondo,akagali ka kabura birababaje kuba tumaze imyaka 19 ntagikorwanakime cyiterambere kuko byaragaraye ko aho umuriro ugeze ubukene burahunga
ndumva icyo cyaba igisubizo cyubukene bugaragara ahahantu
thx.
Turasaba ikigo gishizwe amazi n’amashanyarazi ko cyareba ahataragera urusinga cy itiyo ko batworohereza bikatugeraho tukabasha kuba ahantu hasusurutse nyamuna mubitugiremo.
KWIKA NINGOMBWA M,URWANDA
Muri za gare ya NYABUGOGO, MUSANZE mu RUHENGERI, gare ya RWAMAGANA, itabi ribangamiye abagenzi. Police yareba uko ihashya abanyweramo itabi kuko birakabije ugeramo ukabura aho uhumekera cyane cyane guhera saa kumnimwe 17h00’.
RWOSE UMUJYI WA KABARONDO URAKABIJE KU MWANDA NI UKUREBA UKO MUKEMURA ICYO KIBAZO KUGIRANGO UBUZIMA BW’ABATURAGE BUTAHAGENDERA.
ningombwa kwibuka abacu bazize uko bavutse twibuke twiyubaka
Yewe ntukuri kutibuka abarimu nikimwe nokwiyima pe kdi icyo mbona abayobozi batakibona kimwe ahaaaaaaa
turikukwe namwe mutekerezo