My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

TURASABA EWAS KO YATUGEZAHO UMURIRO MUKAGALI KA RUTARE UMURENGE WA RWEMPASHA AKARERE KA NYAGATARE UBU BUBAYE UBWA (3 TUBANDIKIRA KO MUTUVUGANIRA NTAKISUBIZO MUTUGEZAHO TURABABAYE PE! MURAKOZE.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 4-06-2014  →  Musubize

reb yananiwe kuzuza ibyo yemereye abanyeshuri bakaminuza,kugeza ububarategereje amaso yaheze mukirere,ndi muri U-R-CAVM-BUSOGO CAMPUS.

nepo yanditse ku itariki ya: 3-06-2014  →  Musubize

nasabaga rurindo ko yaduha umuriro mugasatere ka kivugiza na kabuga ho mu murenge wa masoro murakoze.

nkurikiyimana Lambert yanditse ku itariki ya: 3-06-2014  →  Musubize

abakarasi bi rwamagana babangamiye abagenzi ndetse nitabi bicyara banwa

nsengamanasse yanditse ku itariki ya: 28-05-2014  →  Musubize

Nukuri nangenibereye Kampala sukompishimiye,nangenagiye mpunze umugorewange.nasabaga kutugereza kuri leta igitekerezo cyogukangurira abagore kubaha abagabobabo.kuko,baradukoresha,amakosape!turashirira mumagereza,ahobukera.uburinganire bamwebabufashe,ukobutaripe!birakabije.murakoze.

Sibomana yanditse ku itariki ya: 28-05-2014  →  Musubize

NDABAKUNDA ARIKO MUDUHE N’AMAKURU Y’IMIKINO.THANKS

PT GARCON yanditse ku itariki ya: 27-05-2014  →  Musubize

Nukuri Haniwacu Umuriro Ni Kibazo Muri Burera Mumudugudu Mugeshi Akagari Kabyiniro Mutubarize

Erethier yanditse ku itariki ya: 26-05-2014  →  Musubize

Turashima Nyakubahwa Perezida Warepuburika y’urwanda ibyiza atugezaho, Natwe Mukarere Ka Nyabihu Umurenge Wa Jenda Akagali Ka Gasizi Umudugudu Wa Rwanamiza ,twishwe Nicyuraburindi Ntamuriro Dufite Kandi Abaturage Batanzamafaranga,MUTUBARIZE EWSA.

vuganeza felicien yanditse ku itariki ya: 26-05-2014  →  Musubize

Muravuga imiriremibi muri KAYONZA !muzaze NDEGO mazemurebe aho abantu baryanabipe !!Ubuhowagirango nimubutayu.

kalisa evalist yanditse ku itariki ya: 24-05-2014  →  Musubize

Muraho?Ndi Hano Kampala.Natwe Turabashima Cyane Kuko Amakuru Y’iwacu Ya Burimunsi Atugeraho.Njye Ndabona Imiririre Mibi Y’abana Igenda Ikendera Ugereranyije N’ibihe Bishize

Ndamukunda Dieudonné yanditse ku itariki ya: 24-05-2014  →  Musubize

mubyukuri turagirango mutubarize mukarere ka BURERA umuriro namazi aho byagiye, hari imidugudu yibyiotegererezo bavuzeko igomba kugeramo umuriro n’amazi ariko mumurenge wa GITOVU, ho wagirango ibyo ntibibareba nagato, ubu umuriro bawushize muri 200m kare gusa ibyo byaratuyobeye , mutubarize impamvu. murakoze

masengesho ruth yanditse ku itariki ya: 23-05-2014  →  Musubize

Mubwire Police No Muri Week End Abapolisi Bajye Bajya Mumihanda

Gasirikare Otto yanditse ku itariki ya: 23-05-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka