My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
TURASABA EWAS KO YATUGEZAHO UMURIRO MUKAGALI KA RUTARE UMURENGE WA RWEMPASHA AKARERE KA NYAGATARE UBU BUBAYE UBWA (3 TUBANDIKIRA KO MUTUVUGANIRA NTAKISUBIZO MUTUGEZAHO TURABABAYE PE! MURAKOZE.
reb yananiwe kuzuza ibyo yemereye abanyeshuri bakaminuza,kugeza ububarategereje amaso yaheze mukirere,ndi muri U-R-CAVM-BUSOGO CAMPUS.
nasabaga rurindo ko yaduha umuriro mugasatere ka kivugiza na kabuga ho mu murenge wa masoro murakoze.
abakarasi bi rwamagana babangamiye abagenzi ndetse nitabi bicyara banwa
Nukuri nangenibereye Kampala sukompishimiye,nangenagiye mpunze umugorewange.nasabaga kutugereza kuri leta igitekerezo cyogukangurira abagore kubaha abagabobabo.kuko,baradukoresha,amakosape!turashirira mumagereza,ahobukera.uburinganire bamwebabufashe,ukobutaripe!birakabije.murakoze.
NDABAKUNDA ARIKO MUDUHE N’AMAKURU Y’IMIKINO.THANKS
Nukuri Haniwacu Umuriro Ni Kibazo Muri Burera Mumudugudu Mugeshi Akagari Kabyiniro Mutubarize
Turashima Nyakubahwa Perezida Warepuburika y’urwanda ibyiza atugezaho, Natwe Mukarere Ka Nyabihu Umurenge Wa Jenda Akagali Ka Gasizi Umudugudu Wa Rwanamiza ,twishwe Nicyuraburindi Ntamuriro Dufite Kandi Abaturage Batanzamafaranga,MUTUBARIZE EWSA.
Muravuga imiriremibi muri KAYONZA !muzaze NDEGO mazemurebe aho abantu baryanabipe !!Ubuhowagirango nimubutayu.
Muraho?Ndi Hano Kampala.Natwe Turabashima Cyane Kuko Amakuru Y’iwacu Ya Burimunsi Atugeraho.Njye Ndabona Imiririre Mibi Y’abana Igenda Ikendera Ugereranyije N’ibihe Bishize
mubyukuri turagirango mutubarize mukarere ka BURERA umuriro namazi aho byagiye, hari imidugudu yibyiotegererezo bavuzeko igomba kugeramo umuriro n’amazi ariko mumurenge wa GITOVU, ho wagirango ibyo ntibibareba nagato, ubu umuriro bawushize muri 200m kare gusa ibyo byaratuyobeye , mutubarize impamvu. murakoze
Mubwire Police No Muri Week End Abapolisi Bajye Bajya Mumihanda