My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
niba EWSA idashoboye gukemura ibibazo by’abaturage izegure kuko isigaye itanga servise zitabanogeye kandi amafranga ari ayabo
kwihangirimirimo mu rubyiruko bahora bavuga niki? hazagirumuyobozi uzaza atwereke umwana we wayihangiye?
NDIMUKARERE KA RUHANGO UMURENGE RUHANGO AKAGALI KA BUHORO MWATUBARIZA EWAS IKABA YATUGEZAHO AMAZI KUKO UMURIROWO WATUGEZEHO KDI TURASHIMIRA PEREZIDA WACU KUKO YUMVA IBYIFUZO BYACU NIKI AKITUREBERE KUKO AMAZI AGARUKIRA KUNTENYO ,MURAKOZE
mutubarize REB imamvu itasohoye ibizamini byumwaka wabibiri na cumi nagatatu [2013] aho abana twese twigaga mukigo cyamashuri abanza cya nkondo I mutubarize impamvu batabisohoye murakoze
Twe twasabaga ewsa ko yatugezaho amazi kuko ntamazi tugira aho ni mumurenge wa Nyamirama mumudugudu wa Ntinnyi akagali Rurambi mudufashe kuko nubashije kubona amazi ijerekani ayigura amafaranga ma 250f murakoze.
niba ubuyobozi budufatakimwe nigutebwasenyera umaze imyaka ibiri yubatse nbwo ntabyemezo bugasiga umaze iminsi itatu kandinawe nta byemezo mutubarize uyumuyoboziwumuduguduwakagarama ikagugu kandi anabikora kucyumweru bene amazu badahari
njye ntuye mu karere ka RULINDO, nasabaga EWSA ifatanyije n’abayobozi bacu ko nkatwe duturiye umuhanda kuva mu centre ya NYANGE ugana Pensez-y Ko yatworohereza kandi ikadufasha tukabona umuriro vuba dufite ubushake.
Nitwa Ndaruhutse Jean de Dieu Ntuye Ngoma,kibungo,Gahima Ariko Ndashima Cyane Mayor Wacu Nambaje Apfrodise Kuko Numuyobozi ujya inama cyane kdi Akegera abaturage akanabakemurira Ibibazo ukobikwiye Imana Izamudukomereze Kugera Hejuru kuko aratuvuganira Cyane.
police nidufashe
NDIMANIZABAYO KAMPAL EWASA IYAMBE ABADAFITE AMASHANYARAZI MUBATUBARIZE
Uko ba Mayors bimura abakozi bikaba byarabaye businesi; bo bagiye bimurwa akavanwa mu Karere amaze mo igihe; akajya mu kandi bamwe basigaye birirwa barongora abagore ba bandi bitwaje ububasha bafite.
Akavuyo Kuri gare ya KABUGA karakabije wagirango ntihagira uhayobora .mumarembo yagare niza moto amagare abakarani abajujura abakarasi mbese urwo ruvange rose rubangamiye aba shoferi binjira muriyo gare tutibagiwe abagenzi bibwa burimunsi .muta are.