My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

niba EWSA idashoboye gukemura ibibazo by’abaturage izegure kuko isigaye itanga servise zitabanogeye kandi amafranga ari ayabo

Pirate yanditse ku itariki ya: 25-06-2014  →  Musubize

kwihangirimirimo mu rubyiruko bahora bavuga niki? hazagirumuyobozi uzaza atwereke umwana we wayihangiye?

nsengumukiza narcisse yanditse ku itariki ya: 24-06-2014  →  Musubize

NDIMUKARERE KA RUHANGO UMURENGE RUHANGO AKAGALI KA BUHORO MWATUBARIZA EWAS IKABA YATUGEZAHO AMAZI KUKO UMURIROWO WATUGEZEHO KDI TURASHIMIRA PEREZIDA WACU KUKO YUMVA IBYIFUZO BYACU NIKI AKITUREBERE KUKO AMAZI AGARUKIRA KUNTENYO ,MURAKOZE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-06-2014  →  Musubize

mutubarize REB imamvu itasohoye ibizamini byumwaka wabibiri na cumi nagatatu [2013] aho abana twese twigaga mukigo cyamashuri abanza cya nkondo I mutubarize impamvu batabisohoye murakoze

Gisubizo Dieudonne yanditse ku itariki ya: 22-06-2014  →  Musubize

Twe twasabaga ewsa ko yatugezaho amazi kuko ntamazi tugira aho ni mumurenge wa Nyamirama mumudugudu wa Ntinnyi akagali Rurambi mudufashe kuko nubashije kubona amazi ijerekani ayigura amafaranga ma 250f murakoze.

Desire yanditse ku itariki ya: 22-06-2014  →  Musubize

niba ubuyobozi budufatakimwe nigutebwasenyera umaze imyaka ibiri yubatse nbwo ntabyemezo bugasiga umaze iminsi itatu kandinawe nta byemezo mutubarize uyumuyoboziwumuduguduwakagarama ikagugu kandi anabikora kucyumweru bene amazu badahari

alias yanditse ku itariki ya: 22-06-2014  →  Musubize

njye ntuye mu karere ka RULINDO, nasabaga EWSA ifatanyije n’abayobozi bacu ko nkatwe duturiye umuhanda kuva mu centre ya NYANGE ugana Pensez-y Ko yatworohereza kandi ikadufasha tukabona umuriro vuba dufite ubushake.

murengezi yanditse ku itariki ya: 21-06-2014  →  Musubize

Nitwa Ndaruhutse Jean de Dieu Ntuye Ngoma,kibungo,Gahima Ariko Ndashima Cyane Mayor Wacu Nambaje Apfrodise Kuko Numuyobozi ujya inama cyane kdi Akegera abaturage akanabakemurira Ibibazo ukobikwiye Imana Izamudukomereze Kugera Hejuru kuko aratuvuganira Cyane.

[email protected] yanditse ku itariki ya: 18-06-2014  →  Musubize

police nidufashe

alias yanditse ku itariki ya: 18-06-2014  →  Musubize

NDIMANIZABAYO KAMPAL EWASA IYAMBE ABADAFITE AMASHANYARAZI MUBATUBARIZE

MANIZABAYO yanditse ku itariki ya: 10-06-2014  →  Musubize

Uko ba Mayors bimura abakozi bikaba byarabaye businesi; bo bagiye bimurwa akavanwa mu Karere amaze mo igihe; akajya mu kandi bamwe basigaye birirwa barongora abagore ba bandi bitwaje ububasha bafite.

sungusungu alias yanditse ku itariki ya: 10-06-2014  →  Musubize

Akavuyo Kuri gare ya KABUGA karakabije wagirango ntihagira uhayobora .mumarembo yagare niza moto amagare abakarani abajujura abakarasi mbese urwo ruvange rose rubangamiye aba shoferi binjira muriyo gare tutibagiwe abagenzi bibwa burimunsi .muta are.

jmv umuhoza yanditse ku itariki ya: 5-06-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka