My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

ndasaba Minister Mushya W’ubutegetsi Bw’igihugu Gusura Uturere Twose Agahura N’abakozi Bose Munzego Z’ibanze Guhera Ku Kagari Bizamufasha Kumenya Aho Azashyira Imbaraga.

gakondo yanditse ku itariki ya: 2-08-2014  →  Musubize

NIBYIZA CYANE KUMAKURU MUDUHA.

NSABIMANA GIKUCYE yanditse ku itariki ya: 1-08-2014  →  Musubize

Njywe ndashima reta y’ubumwe bw’abanyarwanda kuko iharanira gute imbere abanyarwanda kandi igaharanira inyungu z’abaturarwanda iyaba Paul Kagame yari kuzakomeza kuyobora abanyarwanda.

Frederic yanditse ku itariki ya: 1-08-2014  →  Musubize

Abanyagakenke turishimira imiyoborere irangwa mu karere kacu byumwihariko mu murenge wa Nemba

Aias boss yanditse ku itariki ya: 1-08-2014  →  Musubize

ibya nyaruguru niko byamye.

Athanase yanditse ku itariki ya: 22-07-2014  →  Musubize

Njye Ndanenga Kuyobora Ntabwo Ari Ukwica Mumbabarire Mbaawire Umwana Warenganye Agakubitwa Hafi Yogupfa Ngo Azira Kumenyana Nuwari Umukozi Wa Gitifu W UMurenge Wa rambura None Umuntu Azapfako Atagira Uwamuvuganira Gusa Haragowe Abarenganya Imfubyi

Alias yanditse ku itariki ya: 22-07-2014  →  Musubize

Njendashyimira ubuyobozi,buriho. ubu,nintangarugero nabandibigireho paul.oye turagushigikiye

IRAHARI LAURANT yanditse ku itariki ya: 22-07-2014  →  Musubize

muraho mbanje kubasuhuza ngewe ndi mugihugu cha yemeni mura asia nkurikirana amakuru buri musi yu rwanda mutugezaho mubyukuri aradushimisha aho urwanda rugeze murikigihe rwateye intamwe ishimishije turasaba imana ko yakomeza gutera inkunga kubayobozi baru yobora bakomerezah?

sheikh hamim habib habimana yanditse ku itariki ya: 21-07-2014  →  Musubize

Nge navugaga kubitwa uduhimbaza mutsi kamwarimu ugasanga bavuga ko umunyeshuri atariha minerival ariko wabara ugasanga ninko kuriha ahaaa..

Rukundo yanditse ku itariki ya: 21-07-2014  →  Musubize

KO MUVUGA NGO TWUBAKE UBVREZI BUFITE IREME KUKI MUTAMANUKA NGO MUGESE MUSI GS NKUNGU ESE ABO BASHINZWE UBUREZI ICYO BATUMARIYE NI IKI?MUGIHE UMUYOBOZI WAGIRANGO IKIGO NICYO YIYUBAKIYEAKAKORERAMO IBYO ASHATSE.UMWARIMU ABYUTSE ATIYUMVAMO UWOMUNSI NUKUMUHINDURIRA AMASOMO IBYE NABANA BAHIGA BIZWI NATWE TUHATURANIYE WIKENDI ABANA BABAKOBWA SUGUSIMBURANA MURI BIRO YE ESE INZU (NAKO ICYAPA)YUBATSE MUKABARAZI ISIMA ZAKORESHEJWE...!NIMUDUTABARIRE ABANA MWOGAHEKAMWE!

ELIAS TWUBAKE yanditse ku itariki ya: 19-07-2014  →  Musubize

Kaduha/Nyamagabe,abanyeshuri biga mu mashuri ya 9&12YBE barishimira igikorwa cyo kubona ifunguro rya saa sita cyagezweho kuko bakomeza amasomo bumva bafite imbaraga.

Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 18-07-2014  →  Musubize

Sibyiza kugaragaza Ibitagenda ibigenda Bihari Usaba ngo yongererwe nuko hari nabicye yahawe kirehe gahara nyagasenyi twabuze umuriro nabaharanira ko byagerwaho barikwirukanwa ntamperekeza nyumvira nigute? wakora IMYAKA 8 UKIRUKANWA Ntamperekeza

alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka