My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
ndasaba Minister Mushya W’ubutegetsi Bw’igihugu Gusura Uturere Twose Agahura N’abakozi Bose Munzego Z’ibanze Guhera Ku Kagari Bizamufasha Kumenya Aho Azashyira Imbaraga.
NIBYIZA CYANE KUMAKURU MUDUHA.
Njywe ndashima reta y’ubumwe bw’abanyarwanda kuko iharanira gute imbere abanyarwanda kandi igaharanira inyungu z’abaturarwanda iyaba Paul Kagame yari kuzakomeza kuyobora abanyarwanda.
Abanyagakenke turishimira imiyoborere irangwa mu karere kacu byumwihariko mu murenge wa Nemba
ibya nyaruguru niko byamye.
Njye Ndanenga Kuyobora Ntabwo Ari Ukwica Mumbabarire Mbaawire Umwana Warenganye Agakubitwa Hafi Yogupfa Ngo Azira Kumenyana Nuwari Umukozi Wa Gitifu W UMurenge Wa rambura None Umuntu Azapfako Atagira Uwamuvuganira Gusa Haragowe Abarenganya Imfubyi
Njendashyimira ubuyobozi,buriho. ubu,nintangarugero nabandibigireho paul.oye turagushigikiye
muraho mbanje kubasuhuza ngewe ndi mugihugu cha yemeni mura asia nkurikirana amakuru buri musi yu rwanda mutugezaho mubyukuri aradushimisha aho urwanda rugeze murikigihe rwateye intamwe ishimishije turasaba imana ko yakomeza gutera inkunga kubayobozi baru yobora bakomerezah?
Nge navugaga kubitwa uduhimbaza mutsi kamwarimu ugasanga bavuga ko umunyeshuri atariha minerival ariko wabara ugasanga ninko kuriha ahaaa..
KO MUVUGA NGO TWUBAKE UBVREZI BUFITE IREME KUKI MUTAMANUKA NGO MUGESE MUSI GS NKUNGU ESE ABO BASHINZWE UBUREZI ICYO BATUMARIYE NI IKI?MUGIHE UMUYOBOZI WAGIRANGO IKIGO NICYO YIYUBAKIYEAKAKORERAMO IBYO ASHATSE.UMWARIMU ABYUTSE ATIYUMVAMO UWOMUNSI NUKUMUHINDURIRA AMASOMO IBYE NABANA BAHIGA BIZWI NATWE TUHATURANIYE WIKENDI ABANA BABAKOBWA SUGUSIMBURANA MURI BIRO YE ESE INZU (NAKO ICYAPA)YUBATSE MUKABARAZI ISIMA ZAKORESHEJWE...!NIMUDUTABARIRE ABANA MWOGAHEKAMWE!
Kaduha/Nyamagabe,abanyeshuri biga mu mashuri ya 9&12YBE barishimira igikorwa cyo kubona ifunguro rya saa sita cyagezweho kuko bakomeza amasomo bumva bafite imbaraga.
Sibyiza kugaragaza Ibitagenda ibigenda Bihari Usaba ngo yongererwe nuko hari nabicye yahawe kirehe gahara nyagasenyi twabuze umuriro nabaharanira ko byagerwaho barikwirukanwa ntamperekeza nyumvira nigute? wakora IMYAKA 8 UKIRUKANWA Ntamperekeza