My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
jye ndasaba pe ! kandi ni
Reta bwira yo ifite
inshingano mugukoresha
(abazungu) ubwomvuze ubwokobwose bwabazungu
nka leta yagakwiye kutwitaho natwe
nibura batubaze uko
abobazungu badufata ?niba dufite
ubwishingizo nimba dufite contract ?
nkatwe tugira impungenge
nti nimbimubwira ndavakukazi
kandi dufashwe nab’ibwaye ikaturusha agaciro yego nubwo
byababi kurikiranwa rwose ntibinoze
neza ngutungiye agatoki mukarere ka musanze
hamwe na radio
Ndagirango mutubarize uko tuzabona amazi?,ikindi ko turimo kuvugurura sacco dukorera amafaranga 150F kwijerekani yamazi jera akatubwirako ntamuntu azahemba adafunguje konte muri sacco ubwo umuntu azakorera 150f afunguze konte ya 5000f ntacyo afite murugo?aho ni mumurenge wa Nyamirama akarere Ka Kayonza murakoze.
TURASHIMIRA ABASHINZWE UBUREZI MU MIRENGE YO MU KARERE KA NYABIHU KO BITA KU NSHINGANO ZABO,UKO BASHOBOYE ZO GUTEZA IMBERE IREME RY’UBUREZI MU BIGO BYO MU MIRENGE BASHINZWE NUBWO BIBAGORA KUBERA IMITERERE Y’AKARERE,AHANINI IGIZWE N’IMISOZI MIREMIRE
Nyaruguru, ibisambo gusa gusa, AGATSIKO kahanze akabari munzu za Leta, gakoreshwamo isuku abakozi bakora isuku mu karere n’ibikoresho.... Agatsiko katangiye kurya imyanya no gutegura abo kwirukana uko kiboneye ngo refom yaje!! Agatsiko karica kagakiza. ese iyo reform ntana mashuri azagenderwaho!!!
Ubusambo bwo burahari mu bayobozi ntibababeshyera!!! Reba akabari kagatsiko mu nyubako z’Akarere!! Kandi kagasukurwa nabasukura akarere, kakararirwa n’abararira akarere, gakoresha bimwe mubikoresho by’akarere. Ibyo byose simari ya Leta mu mifuko y’AGATSIKO? Noneho numviseko ako gatsiko ngo kamaze kwitegura reforme karya ibyarubanda ngo bazashyirwe mu myanya!!!! Nzaba mbarirwa, abagoka biga bararushwa nubusa nibikundwakaze kugatsiko kuko karaje kajye gakomeza kirukane uko kishakiye kugirango kirire imyanya!!! LETA YARAGIKEMUYE IHA UBUSHOBOZI4 KWICA NO GUKIZA MU KARERE. Nibirire kbsa.
Mukigocyamashuri Cya G S Ruheru. A. Cyo Mumurenge Wakanjongo Mukarere Ka Nyamasheke Abarimubaho Ntago Batang,amasomo Nkuko Biteganyijwe Nkubu Tumaze Ibyumweru .3.Ntakintutwiga Nyabuneka nimudutabarize Abashinzwe Uburezi
Esekotwizihiza umunsiwokwibohora ews yoyatubohoye ikaduha umurirokoko ndavuga satreyubucuruziya munini mumurengewa rangiro mukarereka nyamasheke mutuvanemubwiguge nihohasigayicuraburindipe kdi dukunditerambere.
Turifuza ko abafite ubumuga bose bokoroherezwe mu bijyanye no kwivuza. Kuko usanga umuntu ufite ubumuga yirirwa ahagaze kwa muganga kandi ubumuga afite butabimwemerera. Ikindi nuko INYUBAKO Z’IBIGO NDERABUZIMA ZITUBAHIRIZA GUSHYIRAHO UTUYIRA TW’ABANTU BAFITE UBUMUGA. TURASABA KO RERO IBYO BYAKORWA VUBA. KUBERA KO HARI AHO BATABASHA KUGERA NGO BAHABWE SERVICE ZIBAGENEWE.Urugero: Jye ntuye mu mugi wa kigali, Ariko nasuye ikigo nderabuzima cya MAYANGE ho mu BUGESERA. mbona inyubako zaho ntacyo zifasha abafite ubumuga. Nkiyo winjira aho bakirira abantu (kuri reception)hari za Escarien gusa bivuga ko umuntu ufite Igare atabona uko yinjira barinda kumuterura. Kimwe n’inyubako batangiramo ibizamini(Laboratoire)nayo niko iteye. Mudusabire icyo kibazo gikemuke kimwe nahandi hose biri. MURAKOZE
NI BYO NIBI CYEMURE
EWS NI NJYERA NJYEZE GUCYE MURA IBIBAZO BYABATU RAGE MURAKOZE YARI ISHIMWE
NIMUTUBARIZE EWS IMPAMVU BATANGA UMURIRO KURIBAMWE ABANDITUKAWUBURA’NKOKUGASATREKUBUCURUZIKA MUNINI MUMURENGEWA RANGIRO MUKAREREKANYAMASHEKE AHAGW INDEGE ABADEPITENIHOBIYAMAMARIZA BADUHAYUMURIROKOHAKORERWABYISHIBIKENERA UMURIRO EWSNITURWNEHOPE
Muraho Nshuti Zanjye. Nejejwe No Kubatangarizako Imana Igenderera Umuntu Umwuka Wayo Ukamwemeza Ububi Bwe Ikamurondora Ikamwereka Ubunyacyaha Bwe Ukuntu Bwabambishije Umwana W’imana Nyuma Yukwicuza Kudasubirwaho Ikamuha Amahoro Y’umutima. Ikamubabarira Ibyaha Byo Mugihe Cyashize, Ndumugabo W’ibyo.