My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
nitwa tuyisenge hamwe nabaturage bagenzibanjye mumudugudu wa rwakabanda haragace gato katabonekamo network ntaterefone zihakorera ntaminara ya phone mudufashe
Mujyemutwereka amakuru yakarere kakayonza
Nunda amakuru mukomeza kutugezaho. Mukomerezaho rwese murakoze
Nkunda abaturarwanda bose.
Ayomakuru nimeza cyane mukomeze muyaduhe rwose
Abo bahishira abanyabyaha babiryozwe
Nyagatare birakaze
Bazatanga akazi ryari
Muri TVT
hello nitwa nkundimana gaspard nuye i muhanga ikibazo mfite ndumunyonzi nkore mucyakabiri hari ko coperative icyerekezo ikorera i muhanga niya banyonzi icyibazo dufite baduca amafaranga ibihumbi cumi nabirir nituzi ahajya iyo umaze kuyatanga baduca andi mafaranga magana atanu ya buricyumwer muzatubarize turababaye cyane muzadusure mucyakabir _ku muhanda _wa murambi_muhanga nsoje mbifuriza icyumwer cyiz
NI UKUGARAGAZA UBUPFURA MU RWAGASABO
Mudufashe natwe inaha i Gisagara-Gikonko muri G.S.Gikonko Catholique dufite umupadiri ariwe directeur wacu witwa BIMENYIMANA Marcel atumereye nabi araduhondagura cyaane bamwe bavuye mu ishuri kubera inkoni ze
Njye mfite ikibazo gikurikira: kubera iki mu burezi mu mashuri abanza umuntu usanga ahembwa ibihumbi 48 undi 49, undi 50, undi 52 cg 53 kandi mwaragiriye rimwe mu kazi, mwarize bimwe kandi mwese mwigisha hamwe (mu karere kamwe)? Mutubarize rwose niba abantu barinjiranye mu kazi banakora bimwe banahembwe angana kuko bitera "Interconflict" cg "jelous" ni ukuri. Murakoze. Turabakunda.