My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

nitwa tuyisenge hamwe nabaturage bagenzibanjye mumudugudu wa rwakabanda haragace gato katabonekamo network ntaterefone zihakorera ntaminara ya phone mudufashe

tuyisenge innocent yanditse ku itariki ya: 15-07-2022  →  Musubize

Mujyemutwereka amakuru yakarere kakayonza

Shumbusho martin yanditse ku itariki ya: 11-07-2022  →  Musubize

Nunda amakuru mukomeza kutugezaho. Mukomerezaho rwese murakoze

Manirafasha obed yanditse ku itariki ya: 8-07-2022  →  Musubize

Nkunda abaturarwanda bose.

Manirafasha obed yanditse ku itariki ya: 8-07-2022  →  Musubize

Ayomakuru nimeza cyane mukomeze muyaduhe rwose

Ukobizaba Eric yanditse ku itariki ya: 25-06-2022  →  Musubize

Abo bahishira abanyabyaha babiryozwe

John yanditse ku itariki ya: 14-06-2022  →  Musubize

Nyagatare birakaze

John yanditse ku itariki ya: 14-06-2022  →  Musubize

Bazatanga akazi ryari
Muri TVT

Nsengiyumva prodper yanditse ku itariki ya: 6-06-2022  →  Musubize

hello nitwa nkundimana gaspard nuye i muhanga ikibazo mfite ndumunyonzi nkore mucyakabiri hari ko coperative icyerekezo ikorera i muhanga niya banyonzi icyibazo dufite baduca amafaranga ibihumbi cumi nabirir nituzi ahajya iyo umaze kuyatanga baduca andi mafaranga magana atanu ya buricyumwer muzatubarize turababaye cyane muzadusure mucyakabir _ku muhanda _wa murambi_muhanga nsoje mbifuriza icyumwer cyiz

Nkundimana gaspard yanditse ku itariki ya: 22-05-2022  →  Musubize

NI UKUGARAGAZA UBUPFURA MU RWAGASABO

HAGENIMANA ORESTE yanditse ku itariki ya: 17-05-2022  →  Musubize

Mudufashe natwe inaha i Gisagara-Gikonko muri G.S.Gikonko Catholique dufite umupadiri ariwe directeur wacu witwa BIMENYIMANA Marcel atumereye nabi araduhondagura cyaane bamwe bavuye mu ishuri kubera inkoni ze

NSHIMIYIMANA Janvier yanditse ku itariki ya: 14-05-2022  →  Musubize

Njye mfite ikibazo gikurikira: kubera iki mu burezi mu mashuri abanza umuntu usanga ahembwa ibihumbi 48 undi 49, undi 50, undi 52 cg 53 kandi mwaragiriye rimwe mu kazi, mwarize bimwe kandi mwese mwigisha hamwe (mu karere kamwe)? Mutubarize rwose niba abantu barinjiranye mu kazi banakora bimwe banahembwe angana kuko bitera "Interconflict" cg "jelous" ni ukuri. Murakoze. Turabakunda.

Alias yanditse ku itariki ya: 14-05-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka