My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Mwiriwe? nifuzaga akazi mfite A2 kumanota 57 kuri 60 Geography A Economics A history B entrepreneurship A General study S mugihe nyitegereje igisubizo cyanyu ndabashimiye mugire akazi keza numunsi mwiza Kandi Imana ibane namwe nomero ni 0781605630

Mukunzi Elie yanditse ku itariki ya: 20-01-2024  →  Musubize

MURAKOZE KUTUGEZAHO AMAKURU MEZA.

MANISHIMWE LUCIE yanditse ku itariki ya: 18-01-2024  →  Musubize

TUBASHIMIYE AMAKURU MEZA MUDAHWEMA KUTUGEZAHO.

MANISHIMWE LUCIE yanditse ku itariki ya: 18-01-2024  →  Musubize

nitwahitimananuyemukarereka nyagatareumurengewarukomondabashimiyekubitekerezobyanyumutugezahombambakurikiye 5 kurigatanu.

hitimana samuel yanditse ku itariki ya: 8-01-2024  →  Musubize

Mubigogwe Muzadusure dufite ikibazo. ugera kumure ugiye gushaka indangamuntu wagerayo ugasanga inywaka iri murangamwimere itandukanye niyo ufite. nkubu navutse2003 ariko murangamwimerere ngona navutse 2009? urumva ni ikibazo gikomeyecyaneep. mudufashe mutuvuganire turababaye murakoze{}

Uwiringiyimana +nyabihu+bigogwe+kora yanditse ku itariki ya: 6-01-2024  →  Musubize

TURABASHIMIE

J DAMOUR yanditse ku itariki ya: 15-12-2023  →  Musubize

Ngororero+kageyo+kageshi+ruganda

Ikindi twifuza ko harinkunga muduhaye yarya ica kuri simucard yumuntu.kandi dufite nikibazo cyuko bajogoye abaturage bagiye guha amafaranga ni nka kandi arabakire.gusa.bahora babakorera inama twabaza ba midugudu abayobozi .bakatubwira ngo ni MaCHINE yabajogoye i kigali.muzatubarize murakoze

Fabien yanditse ku itariki ya: 10-12-2023  →  Musubize

Muraho,nshuti z`u Rwanda

abaturage bo murenge wa ka kageyo -kageshi-ruganda :baratwambuye rwiyemeza mirimo wakoresheje amatarasi mutuvuganire,ikindi badutereye imigano batubwira ko bazaduha amafaranga none nayo.kandi ibitaro bya kageyo nago bitanga (service) urahagera ukirirwa utegereje.banatubeshye ngo bazaduha miliyoni yinguzanyo twarayibuze ngo dukore umushinga nkatwe rubanda rugufi.murakoze muzage mutuvuganira

Fabien yanditse ku itariki ya: 10-12-2023  →  Musubize

Ndashimira ubuyobozi bwiza bw’igihugu cyacu buyobowe na nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME imana ijye imuha umugisha kukoarashoboye tumuri inyuma ntituzamutererana mu guteza imbere urwanda rwacu

murakoze

ndagijimana charles yanditse ku itariki ya: 5-12-2023  →  Musubize

Invura yagiye muduhaye ibiti byohutera byaba byabonetse

Nyombayire yanditse ku itariki ya: 23-11-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza ni fabien wimurunda ndabasuhuza gusa ntakindi

Nshimiyimana fabien yanditse ku itariki ya: 22-11-2023  →  Musubize

Ndashak akazi kubu waitter cyangwa ubu customercare mfite A2 nkaba mfite number ariyo 0781148271

alias yanditse ku itariki ya: 15-11-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka