My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1423 )

Muzatuvaganire, bazadukorere icyibuga cyumupira w’Amaguru.

Giherereye kumurenge wa BUNGWE uri mukare ka BURERA.

UGIRANEZA Pacifique yanditse ku itariki ya: 7-05-2025  →  Musubize

Ndabakunda cyane.

UGIRANEZA Pacifique yanditse ku itariki ya: 7-05-2025  →  Musubize
[email protected] yanditse ku itariki ya: 6-05-2025  →  Musubize

KIGALI TODAY TURABAKUNDA CYANE HANO GICUMBI

TUYISENGE PATRICK yanditse ku itariki ya: 5-05-2025  →  Musubize

Muzajye mushyiraho amakuru menshi

Alias yanditse ku itariki ya: 4-05-2025  →  Musubize

umugoroba mwiza kuri mwese.

Ingabire sylivie yanditse ku itariki ya: 2-05-2025  →  Musubize

Nshaka amakuru arambuye ku bwicanyi bwabereye mu kagari ka Ruyenzi ku wa 22/04/2025.
Murakoze

Alias K yanditse ku itariki ya: 24-04-2025  →  Musubize

ndashaka amakuru ya nyanza

ndagijimana charles yanditse ku itariki ya: 8-04-2025  →  Musubize

mukomere cyane

ndagijimana charles yanditse ku itariki ya: 8-04-2025  →  Musubize

Ndabasuje mugire amahoro.

MASABO yanditse ku itariki ya: 30-03-2025  →  Musubize

Dufite ikibazo mukarere ka gasabo umurenge wa gisozi.ababyeyi turerera mukigo gihari cya GS ntora.abayobozi dutabgiza abana batwatse lame de papier turazitanga .none muri iki gihembwe cya 2 batwatse amafarañga 1000 ngo y,ibi copy ese ko ibi bintu byabangamiye ababyeyi tuharerera mwadufasha iki??ubu ho school fees ngo ni 26500frw kd ahandi bishyura 19500frw mudukurikiranire ibyo bibazo bihari rwose.ubukene dufite nanafaranga dusabwa byaturenze.ngo ntibazatuma abana bakora exam ibyo bitaraboneka.murakoze 🙏mudufashe pe

Makenga aimé yanditse ku itariki ya: 9-03-2025  →  Musubize

Ndashaka amakuru yo mukarere kaburera murakoze.

Janvier yanditse ku itariki ya: 4-03-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka