My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Hano Kamonyi Mugina Cyeru turasaba ubuvugizi ubutabera kubera ubusambo buri muri cooperative twite kubuzima yabajyanama bakorera muri zone ya Jenda nakabugondo nimudutabare

Alias yanditse ku itariki ya: 11-07-2024  →  Musubize

Hano inyanza busoro mutuvugire inzogazinkorano bazice ziratwishe kubera zigura macye

Hakizimana yanditse ku itariki ya: 3-07-2024  →  Musubize

Ni Fidel nagarutse kubanzi ntuye Uganda Nakivale ndi umunyarwanda👍

BITUNGURAMYE FIDEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2024  →  Musubize

Muraho ntitwa Bitunguramye Fidel nonese nashakaga ko mwansobanurira uko nabigenza nkitabira amatora ndihanze y’igihugu.

BITUNGURAMYE FIDEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2024  →  Musubize

Ndikuza kwitabita amatora,nonese mwamfasha mukansobanurira uburyo nabigenza ndihanze y’ igihugu?

BITUNGURAMYE FIDEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2024  →  Musubize

Ndikuza kwitabita amatora,nonese mwamfasha mukansobanurira uburyo nabigenza ndihanze y’ igihugu?

BITUNGURAMYE FIDEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2024  →  Musubize

Murahomukomere

Shemaedison yanditse ku itariki ya: 17-06-2024  →  Musubize

Ndabamukije,
Jewe ndi umurundi, nfite parcours isa n’iya Polisi Denis, ndetse ko nabaye Ambassadeur muri Lybia no muri Onu, nize muri Université du Burundi, kandi nagize Faculté de Psychologie et des Sciences de l’Education.

Ndiphuza kubasaba munshire en contact na Ambassadeur Denis Polisi.
Murakoze.

Amb. Hermenegilde Niyonzima yanditse ku itariki ya: 1-06-2024  →  Musubize

Ndabamukije,
Jewe ndi umurundi, nfite parcours isa n’iya Polisi Denis, ndetse ko nabaye Ambassadeur muri Lybia no muri Onu, nize muri Université du Burundi, kandi nagize Faculté de Psychologie et des Sciences de l’Education.

Ndiphuza kubasaba munshire en contact na Ambassadeur Denis Polisi.
Murakoze.

Amb. Hermenegilde Niyonzima yanditse ku itariki ya: 1-06-2024  →  Musubize

Ndabamukije,
Jewe ndi umurundi, nfite parcours isa n’iya Polisi Denis, ndetse ko nabaye Ambassadeur muri Lybia no muri Onu, nize muri Université du Burundi, kandi nagize Faculté de Psychologie et des Sciences de l’Education.

Ndiphuza kubasaba munshire en contact na Ambassadeur Denis Polisi.
Murakoze.

Amb. Hermenegilde Niyonzima yanditse ku itariki ya: 1-06-2024  →  Musubize

Ndabamukije,
Jewe ndi umurundi, nfite parcours isa n’iya Polisi Denis, ndetse ko nabaye Ambassadeur muri Lybia no muri Onu, nize muri Université du Burundi, kandi nagize Faculté de Psychologie et des Sciences de l’Education.

Ndiphuza kubasaba munshire en contact na Ambassadeur Denis Polisi.
Murakoze.

Amb. Hermenegilde Niyonzima yanditse ku itariki ya: 1-06-2024  →  Musubize

Ndabamukije,
Jewe ndi umurundi, nfite parcours isa n’iya Polisi Denis, ndetse ko nabaye Ambassadeur muri Lybia no muri Onu, nize muri Université du Burundi, kandi nagize Faculté de Psychologie et des Sciences de l’Education.

Ndiphuza kubasaba munshire en contact na Ambassadeur Denis Polisi.
Murakoze.

Amb. Hermenegilde Niyonzima yanditse ku itariki ya: 1-06-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka