My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

tubakurirana twicecekeye

ntakirutimana yanditse ku itariki ya: 1-12-2022  →  Musubize

Gushaka ukonatsindira perime

Dusabimana jean rierre yanditse ku itariki ya: 17-11-2022  →  Musubize

nitwa Ukubeleyimfula Emmanuel mfite ikibazo nabuze akazi none inzara igiye kunyica-ndumufundi rk nabuze akazi ndumusore rk rwose byarancanze-umuntu wumva yamfasha ampe akazi cg akandangire-nuwumva yampa ikintungira umubiri nkabona amaramuko yab’akoze-nkodesha inzu mukarere kabugesera umurenge wanyamata akagari ka cyugaro umudugudu wa kingabo rk nayo nabuze ahonkura amafaranga yokuyishyura mbambona amaherezo nyirinzu azanyirukana/rwox ndabinginze mumfashe\mbashimiye uburyo mwakiriye ubusabe bwange uwumva wese yamfasha number igendanwa niyi 0781723395 murakoze.

Ukubeleyimfula Emmanuel yanditse ku itariki ya: 31-10-2022  →  Musubize

Nasabye umukobwa,muri 2011.ndakwa,dusezerana mumurenge,no murusengero.tumaranye,imyaka11,tubyaranye abana4,none uwo mugore we nase,bagiye guporotika muri rib,ngo namurongoye imyaka itageze,nkibaza ngo umubyeyi yariye inkwano,umwana adakuze!Ndasaba kurenganurwa murakoze.

Nitwa baziruwiha jean paul yanditse ku itariki ya: 25-10-2022  →  Musubize

Ni jmv hano mumurenge wa miyove akagal kamiyove akarere kagicumbi dufite ikibazo cyamazi yabuze.

Jmv yanditse ku itariki ya: 25-10-2022  →  Musubize

Ni gilbert ntuye imusebeya akagari rugano dufite ikibazo cyamashanyarazi

Muhayimana gilbert yanditse ku itariki ya: 24-10-2022  →  Musubize

dutuye mukarere kakayonaz mumurenge wamwiri mukagari kanyamugari mumudugudu warwazana dufikibazo cyumuriro wamashanyarazi turasaba perezida por kagame koyatugezaho iryoterambere murakoze?

Iyamuremye desire yanditse ku itariki ya: 20-10-2022  →  Musubize

Ntuye mu mudugudu wa buroha imyaka 2ans irashize Dufite ikibazo cyo kuba LEG yaratwimye umuliro w’amshanyarazi kandi twegereye ibikorwa Remezo bya LETA.

alias claude yanditse ku itariki ya: 19-10-2022  →  Musubize

Mudufashe baduhe imodoka bakozaho carte ligne Nyabugogo-Gaseke-kajevuba-Rusine-Marenge.
Gutega biratugora.
Murakoze.

Mujawayezu Laurence yanditse ku itariki ya: 15-10-2022  →  Musubize

Ntuye Ntarabana (Rulindo)kuva COVID yaza ligne yacu ntigira ibiciro bizwi(Nyabugogo-Gaseke,kajevuba,Rusine,Marenge)twishyura nkabagiye Byumba(Gicumbi)umuntu ukorera kgli na ticket ntivamo,urebye nuko ibiciro biriho bimeze.
Mwatuvuganira bakaduha za modoka bakozaho carte?
Murakoze.

Mujawayezu Laurence yanditse ku itariki ya: 15-10-2022  →  Musubize

mukarere ka HUYE dufite ikibazo kimvura kabisa

HAKIZA yanditse ku itariki ya: 14-10-2022  →  Musubize

Ndashimira abayobozi ubwitonzinubushishozibakoresheje
Natwemuzadutumiredufiteabakobwabeza murakoze.

Gasaro Umuhuza yanditse ku itariki ya: 10-10-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka