My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Dushakagukurikirana amakuru yomukarere

Patrick yanditse ku itariki ya: 28-09-2024  →  Musubize

Natwemukarerekagasaboturabakuricyiye

MUKANOHELI DONATHA yanditse ku itariki ya: 21-09-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru avungwa mukarere kakirehe

Ngoga alias yanditse ku itariki ya: 21-09-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru arikuvugwa muri kamonyi mubijyanye n’uburezi nibindi...

Elias yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru Arikuvugwa muri kamonya

Elias yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

mwakoze kuduha amakuru yizewe avugwa murwanda mumakipe yacu.

anasitanse yanditse ku itariki ya: 13-09-2024  →  Musubize

Amakuru kurugerero rwabanyeshuri barangije 2024

Mwizerwa placide yanditse ku itariki ya: 13-09-2024  →  Musubize

Gukurikirana amakuru yo mu karere

Uwizera cyusa victoire yanditse ku itariki ya: 8-09-2024  →  Musubize

Turabashimiye kubwa makuru mutugezaho.

Joseph yanditse ku itariki ya: 1-09-2024  →  Musubize

Alias turabashimiye.
Mperereye mu karere ka Nyagatare
Mumurenge wa Rukomo.
Umudugudu wa Kabusunzu.

Ikibazo dufite nkabaturage b’Umudigudu wa Kabusunzu twaguze Ibibanza biri kumuhanda munini tubiguze nabari barahahawe na leta nabo batujwe aho hantu kubera ikibazo cy’umutekano muke waruhari muricyo gihe. Arko twatangajwe nuko munama uherutse, ubuyobozi bw’ umurenge bwadutegetse kuva muri ubwo butaka bwo bita ibisigara bya leta buvugako ngo bwabitumwe n’Akarere Kandi rwose amazu amwe yubatswe kera, arashaje andi nimasya, ndetse tunubaka murubwo butaka, land less w’ umurenge yakugeragaho akakwa ka 10;000 Rwf na ngali akakwaka5000Rwf.None rwose Mudukorere ubuvugizi, cyangwase Muzaze muhagere. Igiteye agahind a nuko umudugudu tuturanye nawo bobahawe ibyangombwa Kandi twari duhuje ikibazo. Iyo tubajije, impamvutwe tudahabwa ibyango mbwa by’ ubutaka nkabandi badusubizako ngo twe twabuze abatuvuganira.

Sindayigaya Louis yanditse ku itariki ya: 29-08-2024  →  Musubize

ndabashimira ariko nagirango mbasbabe mutuvugire hano muntara y’amagepfo gisagara nyanza umudugudu w’akayange natwe batugezeho umuriro kuko kuba ahantu hahora hatabona rwose bitarambiye murakoze

nifabie yanditse ku itariki ya: 27-08-2024  →  Musubize

Mwadugafasha mukajya me shyitahi update buri munsi

Kagiraneza GENERAS yanditse ku itariki ya: 20-08-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka