My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1380 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Twebwe abaturabjye bomukarere ka kirehe twarahohotewe nabayobozi bomukagari kanunini umurenjye wamahama twatanze mituweri ya 2024 barayirira bafatanyije numukozi wirembo ukorera murikaritiye watanganga inyemezabwishyu none uwomukozi wirembo yaratorotse none nanjyi tifu wakagari ka munini ari gusezera akazi ngo anjyiye kwi korera murakoze muza turenganure twararenganye pe
Ndashaka amakuru arikuvugwa muri Kigali mubijyanye numutekano
Ndashaka amakuru ya kirehe
Dushakagukurikirana amakuru yomukarere
Natwemukarerekagasaboturabakuricyiye
Ndashaka amakuru avungwa mukarere kakirehe
Ndashaka amakuru arikuvugwa muri kamonyi mubijyanye n’uburezi nibindi...
Ndashaka amakuru Arikuvugwa muri kamonya
mwakoze kuduha amakuru yizewe avugwa murwanda mumakipe yacu.
Amakuru kurugerero rwabanyeshuri barangije 2024
Gukurikirana amakuru yo mu karere
Turabashimiye kubwa makuru mutugezaho.