My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1380 )

Twebwe abaturabjye bomukarere ka kirehe twarahohotewe nabayobozi bomukagari kanunini umurenjye wamahama twatanze mituweri ya 2024 barayirira bafatanyije numukozi wirembo ukorera murikaritiye watanganga inyemezabwishyu none uwomukozi wirembo yaratorotse none nanjyi tifu wakagari ka munini ari gusezera akazi ngo anjyiye kwi korera murakoze muza turenganure twararenganye pe

Runaka yanditse ku itariki ya: 2-10-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru arikuvugwa muri Kigali mubijyanye numutekano

Alias yanditse ku itariki ya: 2-10-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru ya kirehe

Nzayisenga sudi nasho yanditse ku itariki ya: 1-10-2024  →  Musubize

Dushakagukurikirana amakuru yomukarere

Patrick yanditse ku itariki ya: 28-09-2024  →  Musubize

Natwemukarerekagasaboturabakuricyiye

MUKANOHELI DONATHA yanditse ku itariki ya: 21-09-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru avungwa mukarere kakirehe

Ngoga alias yanditse ku itariki ya: 21-09-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru arikuvugwa muri kamonyi mubijyanye n’uburezi nibindi...

Elias yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru Arikuvugwa muri kamonya

Elias yanditse ku itariki ya: 17-09-2024  →  Musubize

mwakoze kuduha amakuru yizewe avugwa murwanda mumakipe yacu.

anasitanse yanditse ku itariki ya: 13-09-2024  →  Musubize

Amakuru kurugerero rwabanyeshuri barangije 2024

Mwizerwa placide yanditse ku itariki ya: 13-09-2024  →  Musubize

Gukurikirana amakuru yo mu karere

Uwizera cyusa victoire yanditse ku itariki ya: 8-09-2024  →  Musubize

Turabashimiye kubwa makuru mutugezaho.

Joseph yanditse ku itariki ya: 1-09-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka