My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1431 )

Murakoze kutugezaho amakuru yose nitwa irinatwe innocent kuva mubutete gisovu izi saha ndimuyuganda ndabakunda cyane nsuhuje kaka wanjye witwa donatha nabandi bose abanzi murakoze.

Irinatwe innocent yanditse ku itariki ya: 23-02-2026  →  Musubize

Ndifuza kuba muri AERG YO kurubuga tugafatanya kurwanya abapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.muhire blaise niga S3A G.S Muyange murakoze

BLAISE MUHIRE yanditse ku itariki ya: 22-02-2026  →  Musubize

Ndifuza kuba muri AERG YO kurubuga tugafatanya kurwanya abapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.muhire blaise niga S3A G.S Muyange murakoze

BLAISE MUHIRE yanditse ku itariki ya: 22-02-2026  →  Musubize

Ndifuza kuba muri AERG YO kwikoranabuhanga.dufatanye kurwanya afapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.ni muhire blaise G.S Muyange night. S3A

BLAISE MUHIRE yanditse ku itariki ya: 22-02-2026  →  Musubize

Turabakunda kumakurumu turyezaho murakoze.

iradukunda eugene yanditse ku itariki ya: 16-02-2026  →  Musubize

Murakoze , ndi umu Software developer , nkunda kubakurikirana , Nkaba mfite ideas mkakongeramo kugirango byogere umusaruro, Murakoze

Guillaume Emmellien yanditse ku itariki ya: 4-02-2026  →  Musubize

Kumenyera amakuru kugihe yimyanya yakazi kugihe

Nsengimana Elissa yanditse ku itariki ya: 3-02-2026  →  Musubize

NI Tuganeyezu Emmanuel G.s nyarusange S3c dushima amakuru mutugezaho

TUGANEYEZU Emmanuel yanditse ku itariki ya: 12-01-2026  →  Musubize

Ok kigali today, muraho?ndabakunda cyane kbs mugiramahoro yanyagasani.

Bizimana j’bosco yanditse ku itariki ya: 11-01-2026  →  Musubize

NDUMVA MWATUVUGANIRA ABANTU BICA ABANTU BAKANABASHINYAGURIRA NABO BAJYA BABICA

ESHER DUSENGIMANA yanditse ku itariki ya: 9-01-2026  →  Musubize

MWIRIWE NEZA DUKUNDA AMAKURU MUTUGEZAHO

ESHER DUSENGIMANA yanditse ku itariki ya: 9-01-2026  →  Musubize

dukunda amakuru mudahwema kutugezaho

Ntirenganya pascal yanditse ku itariki ya: 8-01-2026  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka