My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1431 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Murakoze kutugezaho amakuru yose nitwa irinatwe innocent kuva mubutete gisovu izi saha ndimuyuganda ndabakunda cyane nsuhuje kaka wanjye witwa donatha nabandi bose abanzi murakoze.
Ndifuza kuba muri AERG YO kurubuga tugafatanya kurwanya abapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.muhire blaise niga S3A G.S Muyange murakoze
Ndifuza kuba muri AERG YO kurubuga tugafatanya kurwanya abapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.muhire blaise niga S3A G.S Muyange murakoze
Ndifuza kuba muri AERG YO kwikoranabuhanga.dufatanye kurwanya afapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.ni muhire blaise G.S Muyange night. S3A
Turabakunda kumakurumu turyezaho murakoze.
Murakoze , ndi umu Software developer , nkunda kubakurikirana , Nkaba mfite ideas mkakongeramo kugirango byogere umusaruro, Murakoze
Kumenyera amakuru kugihe yimyanya yakazi kugihe
NI Tuganeyezu Emmanuel G.s nyarusange S3c dushima amakuru mutugezaho
Ok kigali today, muraho?ndabakunda cyane kbs mugiramahoro yanyagasani.
NDUMVA MWATUVUGANIRA ABANTU BICA ABANTU BAKANABASHINYAGURIRA NABO BAJYA BABICA
MWIRIWE NEZA DUKUNDA AMAKURU MUTUGEZAHO
dukunda amakuru mudahwema kutugezaho