My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1370 )

Gukurikirana amakuru yo mu karere

Uwizera cyusa victoire yanditse ku itariki ya: 8-09-2024  →  Musubize

Turabashimiye kubwa makuru mutugezaho.

Joseph yanditse ku itariki ya: 1-09-2024  →  Musubize

Alias turabashimiye.
Mperereye mu karere ka Nyagatare
Mumurenge wa Rukomo.
Umudugudu wa Kabusunzu.

Ikibazo dufite nkabaturage b’Umudigudu wa Kabusunzu twaguze Ibibanza biri kumuhanda munini tubiguze nabari barahahawe na leta nabo batujwe aho hantu kubera ikibazo cy’umutekano muke waruhari muricyo gihe. Arko twatangajwe nuko munama uherutse, ubuyobozi bw’ umurenge bwadutegetse kuva muri ubwo butaka bwo bita ibisigara bya leta buvugako ngo bwabitumwe n’Akarere Kandi rwose amazu amwe yubatswe kera, arashaje andi nimasya, ndetse tunubaka murubwo butaka, land less w’ umurenge yakugeragaho akakwa ka 10;000 Rwf na ngali akakwaka5000Rwf.None rwose Mudukorere ubuvugizi, cyangwase Muzaze muhagere. Igiteye agahind a nuko umudugudu tuturanye nawo bobahawe ibyangombwa Kandi twari duhuje ikibazo. Iyo tubajije, impamvutwe tudahabwa ibyango mbwa by’ ubutaka nkabandi badusubizako ngo twe twabuze abatuvuganira.

Sindayigaya Louis yanditse ku itariki ya: 29-08-2024  →  Musubize

ndabashimira ariko nagirango mbasbabe mutuvugire hano muntara y’amagepfo gisagara nyanza umudugudu w’akayange natwe batugezeho umuriro kuko kuba ahantu hahora hatabona rwose bitarambiye murakoze

nifabie yanditse ku itariki ya: 27-08-2024  →  Musubize

Mwadugafasha mukajya me shyitahi update buri munsi

Kagiraneza GENERAS yanditse ku itariki ya: 20-08-2024  →  Musubize

Turabashimira kumakuru nezaudahwem kutugezaho

Thierry yanditse ku itariki ya: 19-08-2024  →  Musubize

Have problem everything from Musanze district we can not help me deaf have orphan one full time.

MURWANASHYAKA Emmanuel yanditse ku itariki ya: 14-08-2024  →  Musubize

Respect up Sir and madam.
I will visit you with us president in Kigali Rwanda. I have deaf name is Emmanuel MURWANASHYAKA respect high follow the rules.

MURWANASHYAKA Emmanuel yanditse ku itariki ya: 14-08-2024  →  Musubize

Muraho neza ikibazo dufite hano kirehe nuko abayozi bamwe nabamwe baka amafaranga yinyubako abaturage Kandi Ari mucyaro tuziko president yakuyeho imisoro mubice byicyaro ese ayo mafaranga iyo bayakiye ajyahe niho twibaza eg: bagitifu butugari, Bangali ,na Dasso,mutubarize niba itegeko banyuranya nitegeko murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 13-08-2024  →  Musubize

Muraho neza nasabaga inzego z’umutekano nka police kwegera byumwihariko abaturage no mumurenge wa mataba akagari nyundo cyane cyane ahitwa mwanza kabuyora na gitaba hakomeje kugaragara dropping aut cyane bikomotse kubabyeyi baho ndetse n’ubusinzi bukabije cyane nibindi byaha bukabije ago usanga imiryango bakirwaniramo murakoze nimuhasura muzaba mukoze cyane

alias yanditse ku itariki ya: 13-08-2024  →  Musubize

Nyamara nimutabare twatabaje hose biranga none koko turekere mwatuvugiye ko Ari nshingano zanyu cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe arikose tureke ihiringite? abameze India Nini barye anyamuryango koko. Nimutabare nimwe musigaye

Rias gatete yanditse ku itariki ya: 4-08-2024  →  Musubize

Kumenya gahunda ya etat civil mu murenge wa Mukamira. Umunsi aba ataboneka gusa.

Nyirabasirimu Phoebe yanditse ku itariki ya: 31-07-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka