My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1423 )

Ok kigali today, muraho?ndabakunda cyane kbs mugiramahoro yanyagasani.

Bizimana j’bosco yanditse ku itariki ya: 11-01-2026  →  Musubize

NDUMVA MWATUVUGANIRA ABANTU BICA ABANTU BAKANABASHINYAGURIRA NABO BAJYA BABICA

ESHER DUSENGIMANA yanditse ku itariki ya: 9-01-2026  →  Musubize

MWIRIWE NEZA DUKUNDA AMAKURU MUTUGEZAHO

ESHER DUSENGIMANA yanditse ku itariki ya: 9-01-2026  →  Musubize

dukunda amakuru mudahwema kutugezaho

Ntirenganya pascal yanditse ku itariki ya: 8-01-2026  →  Musubize

mwiriwe hano rugendabali muhanga ruswa muri gahunda yagirinka za RDDPll abaturage barumiwepe aho burimuntu wahawe inka yatanze ikiziriko cya 30k ntibyoroshye.

elias yanditse ku itariki ya: 6-01-2026  →  Musubize

NTABWO BIRI GUFUNGUKA

ALIAS yanditse ku itariki ya: 1-01-2026  →  Musubize

Wamaye igitabo

Tuyizere Silas yanditse ku itariki ya: 1-01-2026  →  Musubize

Nubwambere mbakurikiye
Ariko ndabishimiye cyane
Kandi mpise mbakunda

Xxx yanditse ku itariki ya: 28-12-2025  →  Musubize

Ni Alexis (s3) Gs Nyarubuye turabakunda cyane.

Alexis NSHIMIYIMANA yanditse ku itariki ya: 14-11-2025  →  Musubize

Ndashima uburyo mudahwema kutugezaho amakuru meza, Murakoze!

MASABO yanditse ku itariki ya: 6-10-2025  →  Musubize

mutujyezeho amakuru yakoreya yaruguru

thogene yanditse ku itariki ya: 26-08-2025  →  Musubize

twishimira ibiganiro mutujyezaho

thogene yanditse ku itariki ya: 26-08-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka