My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Dukunda inkuru zanyu zikoranye ubuhanga nkaba nange nifuza kuzaba nkamwe cyane ko nkunda amakuru n’ibiganiro byanyu nka:" DUNDA SHOW na tino, ket_ parade na iness n’ibindi byinshi nkaba mashimiye cyane", murakoze.
mudufashe rwose kutuvuganira umuhanda nyankora_nasho warapfuye hakeneye kaburimbo murakoze!
Mukarere ka Rubavu mucyiciro cyambere cy’amashuri yisumbuye ni abana bangahe babashije kugira amanota angana na 54.
Mukarere ka Rubavu mucyiciro cyambere cy’amashuri yisumbuye ni abana bangahe babashije kugira amanota angana na 54.
Nibyizape kukonigenzi
Mutubarize igihe amanota yabanyeshuri azasohokera
MWATUBWIYE IGIHE AMANOTA AZASOHOKERA
ikibazo dufite: lege yamaninse insinga,itwimpa umuriro none tumaze umwaka tudacana,akarere ngororero, sector muhanda, cell: rutagara,, baduhaye umuhanda nyuma yimwaka 2 warangiritse ntamodoka iwugendamo, ese akarere ntangengo yimari kagira yogusana imihanda, muzatubarize, Meya wa ngororero
Umuhanda uhuza umurenge wa sovu na Muhanda,
Intara : yiburengerazuba Akarere :kanyabihu
KIREHE NI IYAKANGAHE MUMIJYI YUNGANIRA KIGALI? murakoze.
IGITONDI GIKEYENEZA
nitwa tuyisenge Innocent ntamuriro dufite mugace kumudugudu wa rwakabanda hepfo yo mugasantere ko mukigobe twasigaye hagatiyabandi dusigara hagati tudacana mudufashe