My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Uwomujura warwanyije abasirikare kumuhana byaringombwa
Ndi mu karere ka gakenke umurenge wa gashenyi twishimiye uburyo reta yadutekerejeho ikaduh umuhanda uhuza gashenyi na karambo
ndashaka kumenya amakuru yakorona
Ni jack w,I rwamagana turashimira inzego zumutekano byumwihariko abasilikare uburyo bakora akazi muminsi mikuru ya noheri nubunani.murakoze
𝑴𝒖𝒓𝒂𝒉𝒐 𝒏𝒆𝒛𝒂 𝒏𝒂𝒔𝒉𝒂𝒌𝒂𝒈𝒂 𝒌𝒐 𝒎𝒘𝒂𝒃𝒂𝒛𝒂 𝑷𝒐𝒍𝒊𝒄𝒆 𝒏𝒈𝒐 𝒏𝒖𝒌𝒖𝒃𝒆𝒓𝒊𝒌𝒊 𝒂𝒃𝒂𝒔𝒊𝒓𝒊𝒌𝒂𝒓𝒆 𝒃𝒂𝒛𝒂𝒎𝒖𝒘𝒆 𝒎𝒖𝒎𝒂 𝒓𝒂𝒏𝒌 𝒏𝒐𝒏𝒆 𝒑𝒐𝒍𝒊𝒄𝒆 𝒚𝒐 𝒏𝒕𝒊𝒃𝒆 𝒊𝒛𝒂𝒎𝒖𝒓𝒘𝒂 𝒏𝒌𝒂𝒃𝒂𝒔𝒊𝒓𝒊𝒌𝒂𝒓𝒆 𝒌𝒅 𝒊𝒌𝒊𝒏𝒅𝒊 𝒖𝒎𝒖𝒔𝒉𝒂𝒉𝒂𝒓𝒂 𝒘𝒂𝒃𝒂𝒔𝒊𝒓𝒊𝒌𝒂𝒓𝒆 𝒘𝒂𝒓𝒊𝒚𝒐𝒏𝒈𝒆𝒚𝒆 𝒏𝒂𝒉𝒐 𝒖𝒘𝒂𝒃𝒂 𝒑𝒐𝒍𝒊𝒄𝒆 𝒏𝒕𝒖𝒋𝒚𝒖𝒗𝒂 𝒂𝒉𝒖𝒓𝒊 𝒌𝒅 𝒃𝒐𝒔𝒆 𝒃𝒂𝒌𝒐𝒓𝒆𝒓𝒂 𝒊𝒈𝒊𝒉𝒖𝒈𝒖 𝒖𝒃𝒘𝒐𝒓𝒆𝒓𝒐 𝒏𝒂𝒃𝒂𝒑𝒐𝒍𝒊𝒄𝒆 𝒃𝒂𝒃𝒊𝒕𝒆𝒉𝒐 𝒃𝒂𝒔𝒉𝒂𝒌𝒆 𝒊𝒄𝒚𝒂𝒕𝒖𝒎𝒂 𝒃𝒂𝒈𝒊𝒓𝒂 𝒄𝒐𝒖𝒓𝒂𝒈𝒆 𝒅𝒐𝒓𝒆𝒌𝒐 𝒂𝒉𝒐 𝒖𝒓𝒘𝒂𝒏𝒅𝒂 𝒓𝒖𝒈𝒆𝒛𝒆 𝒏𝒊𝒃𝒐 𝒃𝒂𝒓𝒂𝒇𝒂𝒔𝒉𝒂𝒏𝒚 𝒙𝒐 𝒓𝒆𝒓𝒐 𝒎𝒖𝒃𝒂𝒇𝒂𝒔𝒉𝒆 𝒎𝒖𝒃𝒂𝒃𝒂𝒓𝒊𝒛𝒆.𝒊𝒎𝒑𝒂𝒎𝒗𝒖 𝑴𝒖𝒓𝒂𝒌𝒐𝒛𝒆
Murakoze ndashimira polis yakoresheje muri gasabo ntaweyarenganyijepe uwizeneza yayitahanye murakoze
Ndi mumurenge wa Nyabitekeri akarere ka nyamasheke ndashima igikorwa kiza twagejejweho cyo kuduha network iwacu mugihe twari tumaze tudahamagarana nabacu ubu byaracyemutse baduhaye umunara urwanya Vodacom turishimye igisigaye ni umuhanda bushenge-ntango
NDASHAKA KWIGA NIBWO BUZIMA NUBUKUNGU BWIGIHUGU..
Nashakaga gukoribuvuguzi kukibazo cyamashanyarazi murenge wa Kinihira Akagari Ka Butunzi umudugudu wa Bunahi muruyu muruyu mudugudu ntamuriro tu gira kandi imiduguduyose duhanimbibi bafitumuriro mudukorere ubuvugizi murakoze,
ndazikund kandi ndazisha
Mwiriwe neza? Nifuje kubona urutonde rwabatorewe kuyobora mu karere ka Gicumbi.
Murakoze.
AMAKURUYANYU ARADUFASHA.