My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1370 )

Muzaduhe urutonde rwabakunyi burwanda namakipe bakinira bifuzwa namavubi cg abobashaka guha ubwene gihugu.

Alias, yanditse ku itariki ya: 30-07-2023  →  Musubize

turabamenyesha ko RUTSIRO mu murenge wa RUSEBEYA Nta mfashanyo z’abahuye n’ibiza twabonye mutuvuganire

SAMUEL NZABONIMANA yanditse ku itariki ya: 14-07-2023  →  Musubize

Turabamenyesha ko RUTSIRO _RUSEBEYA nta mfashanyo zabahuye n’ibiza mutubarize perezida wa repubulika icyo twazize

SAMUEL NZABONIMANA yanditse ku itariki ya: 14-07-2023  →  Musubize

Dukomeze kwiteza imbere mumikorere yacu yaburimunsi Kandi abayobozi mukomeze kudushyigikira

Ignace nshimiyimana yanditse ku itariki ya: 20-06-2023  →  Musubize

Mfite umushinga nateguye wogukumira inda ziterwa abangavu , kwiyahura amakimbirane,hifasjishijwe terefone none nabuze ubufasha mwamfasha

Francine yanditse ku itariki ya: 22-05-2023  →  Musubize

Dukeneye kumenyekanisha impano zacu

Rukundo Eric yanditse ku itariki ya: 15-05-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza kodukenerj gukora sport tukabura ahotuyikorera.kandi dufite impano ya sport ari volleybool.footbool.nibindi mwatuvuganira tukabona equipe yakarere nkuko numva gicumbi fc.musanze fc.natwekukagira burera fc murakoze

NSENGIYUMVA Dieu Donne yanditse ku itariki ya: 5-04-2023  →  Musubize

Mwaramutse. Maze gusoma inkuru ya Riziki Uwimana. None nabasabaga niba mwamenyesha umuntu wanditse iyi nkuru ye kugira ngo tube twaganira birenze ho.
Murakoze

Jeanne d’Arc Habarugira yanditse ku itariki ya: 27-03-2023  →  Musubize

MWIRIWE NEZA MFITE IMPANO YO GUKINA UMUPIRA W’AMAGURU NKENEYE UMUTERANKUNGA

TWIZERIMAN ELISSA yanditse ku itariki ya: 25-03-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza. ndi Jackson i Musanze nkaba ndi umushoferi mfite categories " B " nkaba kandi mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose. murakoze kuntega amatwi, 0788782213

Jackson yanditse ku itariki ya: 13-03-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza.
Ndi Jackson nkaba ndi Musanze,
Mubuzima busanzwe ndi umushoferi mfite categories "B".
Mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose.
Murakoze kuntega amatwi 👂

Jackson yanditse ku itariki ya: 13-03-2023  →  Musubize

Thanks for your help.

Nsengiyumva Joseph yanditse ku itariki ya: 28-02-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka