My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Mwiriwe neza ni manishimwe herso nkaba ndi umukinyi wa frime nkabancaka umuterankunga 0789176663
Mwiriweneza nukuri mufanshije mukambonerakazi mwabamukoze kuko kubaho gutyandabirambiwe akazikose nagakora agasabimbaraga & nakadasabimbaraga mwabamukoze kuko inzara nidanger 0722149552
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Nibyiza ko kuruyu munsi dusigasira ibyo intwari zacu zagezeho.
Ese abikorera nkabacuruzi baratangira imirimo yabo sangahe kuruyumutsi wintwari
Uyumutsi abikorera baratangira imirimo yabo ayahe masaha
Murakoze kumakuru meza mutugezaho.
Ndifuza kuzafatira amahugurwa muri TTC SAVE mu karere ka. HUYE Kandi kuva itangazo ryasohoka narabikoraga bikanga mwamfasha murakoze
Mwandangiye akazi kokuri internet