My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Mwiriwe neza ni manishimwe herso nkaba ndi umukinyi wa frime nkabancaka umuterankunga 0789176663

Manishimwe yanditse ku itariki ya: 12-02-2023  →  Musubize

Mwiriweneza nukuri mufanshije mukambonerakazi mwabamukoze kuko kubaho gutyandabirambiwe akazikose nagakora agasabimbaraga & nakadasabimbaraga mwabamukoze kuko inzara nidanger 0722149552

Alias yanditse ku itariki ya: 10-02-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023  →  Musubize

Nibyiza ko kuruyu munsi dusigasira ibyo intwari zacu zagezeho.

Vevogastar yanditse ku itariki ya: 1-02-2023  →  Musubize

Ese abikorera nkabacuruzi baratangira imirimo yabo sangahe kuruyumutsi wintwari

Mugire philibert yanditse ku itariki ya: 1-02-2023  →  Musubize

Uyumutsi abikorera baratangira imirimo yabo ayahe masaha

Mugire philibert yanditse ku itariki ya: 1-02-2023  →  Musubize

Murakoze kumakuru meza mutugezaho.

albert ishimwe yanditse ku itariki ya: 28-01-2023  →  Musubize

Ndifuza kuzafatira amahugurwa muri TTC SAVE mu karere ka. HUYE Kandi kuva itangazo ryasohoka narabikoraga bikanga mwamfasha murakoze

ICYIMPAYE Claire yanditse ku itariki ya: 11-01-2023  →  Musubize

Mwandangiye akazi kokuri internet

Arcene yanditse ku itariki ya: 3-12-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka