My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Turabashimira kumakuru nezaudahwem kutugezaho

Thierry yanditse ku itariki ya: 19-08-2024  →  Musubize

Have problem everything from Musanze district we can not help me deaf have orphan one full time.

MURWANASHYAKA Emmanuel yanditse ku itariki ya: 14-08-2024  →  Musubize

Respect up Sir and madam.
I will visit you with us president in Kigali Rwanda. I have deaf name is Emmanuel MURWANASHYAKA respect high follow the rules.

MURWANASHYAKA Emmanuel yanditse ku itariki ya: 14-08-2024  →  Musubize

Muraho neza ikibazo dufite hano kirehe nuko abayozi bamwe nabamwe baka amafaranga yinyubako abaturage Kandi Ari mucyaro tuziko president yakuyeho imisoro mubice byicyaro ese ayo mafaranga iyo bayakiye ajyahe niho twibaza eg: bagitifu butugari, Bangali ,na Dasso,mutubarize niba itegeko banyuranya nitegeko murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 13-08-2024  →  Musubize

Muraho neza nasabaga inzego z’umutekano nka police kwegera byumwihariko abaturage no mumurenge wa mataba akagari nyundo cyane cyane ahitwa mwanza kabuyora na gitaba hakomeje kugaragara dropping aut cyane bikomotse kubabyeyi baho ndetse n’ubusinzi bukabije cyane nibindi byaha bukabije ago usanga imiryango bakirwaniramo murakoze nimuhasura muzaba mukoze cyane

alias yanditse ku itariki ya: 13-08-2024  →  Musubize

Nyamara nimutabare twatabaje hose biranga none koko turekere mwatuvugiye ko Ari nshingano zanyu cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe arikose tureke ihiringite? abameze India Nini barye anyamuryango koko. Nimutabare nimwe musigaye

Rias gatete yanditse ku itariki ya: 4-08-2024  →  Musubize

Kumenya gahunda ya etat civil mu murenge wa Mukamira. Umunsi aba ataboneka gusa.

Nyirabasirimu Phoebe yanditse ku itariki ya: 31-07-2024  →  Musubize

amakuruya karere ka kirehe

nsengiyumva jandodieu yanditse ku itariki ya: 25-07-2024  →  Musubize

nihashyirweho ubuvugizi nigute umuntu ya shaka gutanga mituweri abayobozi bibanze bakagufasha arikiko sosiyare abyanga ngombanze mvekukiciro cyomurugo akanga kubinkorera dore ubuvurwa naforomax mura koze ndikirehe mushikiri

nsengiyumva jandodieu yanditse ku itariki ya: 25-07-2024  →  Musubize

Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba

Alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2024  →  Musubize

Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba

Alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2024  →  Musubize

Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba

Alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka