My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

MWARAMUTSE RWAMAGANA RUBONA TUMAZE IMYAKA IRENGA 10 DUSABA AMASHNYARAZI MU KAGALI KA KABATASI IMIDUGUDU IBIRI AGASHARU UMUDUGUDU WIKITEGEREREZO UYU MWAKA NA MIDAHANDWA DUKIKIJWE NAMASHANYARAZI CYARUHOGO,I MABARE I RUSENYI NA NO KUBIRO BYUMURENGE IYO MIDUGUDU YOMBI NIYO YASIGAYE HAGATI NTAMURIRO DUFITE MURAKOZE

RAFIKI yanditse ku itariki ya: 26-10-2021  →  Musubize

Twishimiye kubaruriya rugomero rugiyegutangira gukora bizateza imbere ibibihugu by a EAC

Amani yanditse ku itariki ya: 17-10-2021  →  Musubize

Nshimiye urwo rubyiruko rwo mu karere ka Gicumbi kuri ibyo bikorwa bakoze ni rukomereze aho kuko ni urubyiruko rurashoboye kandi nirwo mbaraga zigihugu. Murakoze.

Maniragaba jean Damascene yanditse ku itariki ya: 10-10-2021  →  Musubize

National examinations,2020/2021

Ihimbazwe divin yanditse ku itariki ya: 5-10-2021  →  Musubize

Gushaka icyareta cya 2020 2021

Ihimbazwe divin yanditse ku itariki ya: 5-10-2021  →  Musubize

mwiriwe gahunda nukwirinda ikyorezo ariko harabantu batabyitaho hari abatambara ubupfuka munwa ubukabari barabukinze ariko abantu birwa barimo kunywa arikingenzi tugomba kwirinda ikyorezo tugakurikiza namategeko yareta
murakoze

twizere emmanuel yanditse ku itariki ya: 15-09-2021  →  Musubize

Utubari ntitwafunze! Inzoga ziranyobwa, ba gitifu b’utugali bahabwa ruswa bakabareka! None murabona icyorezo kizahagarara gite?

Muhinyuza Uziel yanditse ku itariki ya: 27-07-2021  →  Musubize

MUMEAMAKURUYOMUBIRUNGA

BENJAMIN yanditse ku itariki ya: 25-07-2021  →  Musubize

Mwiriwe neza bavandimwe njyewe nize Agronome hari igitekerezo Mfite cyavamo project ariko nifuza KO mwandangira ahantu nabinyuza ngo ngirwe yuko nabishyira mubikorwa. Murakoze cyane

Theophile yanditse ku itariki ya: 13-06-2021  →  Musubize

Ni HITIMANA Daniel umunyeshuri muri G S St FA DE KANSI Abanyeshuri Tugomba kugira uruhare muiterambere ryigihugu

HITIMANA Daniel yanditse ku itariki ya: 10-06-2021  →  Musubize

mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza

BIKMAN SHABAN yanditse ku itariki ya: 27-05-2021  →  Musubize

rwose natwe mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza

BIKMAN SHABAN yanditse ku itariki ya: 27-05-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka