My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

abayobozi banyabihu badahwema guteza abagenerwa bikorwa babo nibakomerezaho

bakunda david yanditse ku itariki ya: 6-03-2015  →  Musubize

Twishimiye cyane umuyobozi mushya w’akerere Ka Gasabo, Nakunze intego n’imbaraga nyinshi akomeje gushyira mukurwanya Ruswa yabaye karande mubanygasabo.

Jacques KARUMUNA yanditse ku itariki ya: 26-02-2015  →  Musubize

kuberiki nyamasheke abantu barikwiyahura cyane haribibazoki? Abayobozi babikurikirane

harerimana jean claude yanditse ku itariki ya: 26-02-2015  →  Musubize

Mutubariza company yitwa Goriland ukuntu ikodesha imodoka z’abantu ntibishyure kandi yarishyuwe.

nyamibwa yanditse ku itariki ya: 25-02-2015  →  Musubize

Mwaramutse,turabashimira kubwo amakuru mutugezaho muturere, ariko NYAMASHEKE naho nimutugereho.Murakoze.

Leo Fidele yanditse ku itariki ya: 25-02-2015  →  Musubize

Mwaramutse neza? Mbere na mbere tubanje kubashimira kubwamakuru mutugezaho abagezweho buri munsi. Tukaba twabasabaga ko mwakongeramo imbaraga cyane cyane ayohanze kko atugora kuyamenya ndetse naya sport. Murakoze mugire akazi keza.

Tuyisingize raphael yanditse ku itariki ya: 24-02-2015  →  Musubize

Nifuzaga Ko niba twiyemeje kubaka abanyarwanda kugirango duteze imbere igihugu ndetse n’abanyarwanda muri rusange haribyo umurenge wa nyamiyaga bibagiwe:guhuza abaturage kubyerekeranye n’umuco nyarwanda(kureba impano abaturage bafite:urugero nk’indirimbo za cyera ...),competition y’imikino hagati y’imidugudu cg utugali.kuko nabonye kubaka igihugu aruguhera mumidugudu.

Hatangishaka Vedaste yanditse ku itariki ya: 18-02-2015  →  Musubize

Mukagali ka marimba ho mukarere ka gatsibo urubyaro rudushizeho pe kubera ibiyobya bwenge

Ruswa yo iradusigamwo ubukene

Ndabatumye kubakunda urwanda mudutabare kuko aho bukera nimiryango iradushiraho aho umugole asigaye yivugana utware we.

BAMPORIKI FIDELE yanditse ku itariki ya: 18-02-2015  →  Musubize

Turabakunda cyane ark ubutaha mujye mutubwira amakuru menshi kuri sport, murakoze

Jules yanditse ku itariki ya: 17-02-2015  →  Musubize

Mwaramutse nitwa hareriyaremye Donatien ndi Imusanze umurenge Muhoza umudugudu Buhoro! ndashimira umusaza wacu Paul Kagame kubwimiyoborere myiza niterambere atugezaho ukobwije nukobukeye,murimake narambe kubuyobozi turacyamukeneyeho byinshi.

harerimana donatien yanditse ku itariki ya: 16-02-2015  →  Musubize

mwatubariza uburyo ibyiciro by’ubudehe bikorwa nicyo bashingiraho nku umusirikare umwarimu umuganga umuyobozi wumurenge bashyirwamucyiciro kimwe kandibatanganya ubushobozi ndavuga imishahara muzatubarize

arias mucyo yanditse ku itariki ya: 15-02-2015  →  Musubize

mwatubariza uburyo ibyiciro by’ubudehe bikorwa nicyo bashingiraho nku umusirikare umwarimu umuganga umuyobozi wumurenge bashyirwamucyiciro kimwe kandibatanganya ubushobozi ndavuga imishahara muzatubarize

arias mucyo yanditse ku itariki ya: 15-02-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka