My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
abayobozi banyabihu badahwema guteza abagenerwa bikorwa babo nibakomerezaho
Twishimiye cyane umuyobozi mushya w’akerere Ka Gasabo, Nakunze intego n’imbaraga nyinshi akomeje gushyira mukurwanya Ruswa yabaye karande mubanygasabo.
kuberiki nyamasheke abantu barikwiyahura cyane haribibazoki? Abayobozi babikurikirane
Mutubariza company yitwa Goriland ukuntu ikodesha imodoka z’abantu ntibishyure kandi yarishyuwe.
Mwaramutse,turabashimira kubwo amakuru mutugezaho muturere, ariko NYAMASHEKE naho nimutugereho.Murakoze.
Mwaramutse neza? Mbere na mbere tubanje kubashimira kubwamakuru mutugezaho abagezweho buri munsi. Tukaba twabasabaga ko mwakongeramo imbaraga cyane cyane ayohanze kko atugora kuyamenya ndetse naya sport. Murakoze mugire akazi keza.
Nifuzaga Ko niba twiyemeje kubaka abanyarwanda kugirango duteze imbere igihugu ndetse n’abanyarwanda muri rusange haribyo umurenge wa nyamiyaga bibagiwe:guhuza abaturage kubyerekeranye n’umuco nyarwanda(kureba impano abaturage bafite:urugero nk’indirimbo za cyera ...),competition y’imikino hagati y’imidugudu cg utugali.kuko nabonye kubaka igihugu aruguhera mumidugudu.
Mukagali ka marimba ho mukarere ka gatsibo urubyaro rudushizeho pe kubera ibiyobya bwenge
Ruswa yo iradusigamwo ubukene
Ndabatumye kubakunda urwanda mudutabare kuko aho bukera nimiryango iradushiraho aho umugole asigaye yivugana utware we.
Turabakunda cyane ark ubutaha mujye mutubwira amakuru menshi kuri sport, murakoze
Mwaramutse nitwa hareriyaremye Donatien ndi Imusanze umurenge Muhoza umudugudu Buhoro! ndashimira umusaza wacu Paul Kagame kubwimiyoborere myiza niterambere atugezaho ukobwije nukobukeye,murimake narambe kubuyobozi turacyamukeneyeho byinshi.
mwatubariza uburyo ibyiciro by’ubudehe bikorwa nicyo bashingiraho nku umusirikare umwarimu umuganga umuyobozi wumurenge bashyirwamucyiciro kimwe kandibatanganya ubushobozi ndavuga imishahara muzatubarize
mwatubariza uburyo ibyiciro by’ubudehe bikorwa nicyo bashingiraho nku umusirikare umwarimu umuganga umuyobozi wumurenge bashyirwamucyiciro kimwe kandibatanganya ubushobozi ndavuga imishahara muzatubarize