My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Amakuru neza cyane

Kadafi yanditse ku itariki ya: 15-09-2023  →  Musubize

Kureabastinze bacahe.

niyibizi yanditse ku itariki ya: 14-09-2023  →  Musubize

Gusabakureba amanotanagize

Niyigena leonille yanditse ku itariki ya: 12-09-2023  →  Musubize

ikibazo fite cy ndagamunu indahuye na diplome fite nabuze uko najya kwiga kad amasom abiri nyafitemo B,D ark indangamunu nayirutseho ibyaka 10 yose byaranze ndasaba ubufasha,nkava mubushumeri mazemo ibyaka10 yose :indagamunu hariho ntigirinzingo sibomana jean damascene naho diplome hariho sibomana jean damascen nkeneye umunu wese wafasha murikibazo jye narananiwe,pe.!mufashe nadekaraye ishoro2 isohoka ntacyo yahidutseho nubu yasubiyeyo imaz ibyaka 3 ntayibona,..narashumereye kubera indagamun mufashe number 0791403834

sibomana jean damascne yanditse ku itariki ya: 4-09-2023  →  Musubize

kutwohereza amakuru arikumwe navideo

NAHIMANA yanditse ku itariki ya: 2-09-2023  →  Musubize

Mwiriweho,mutubarize Barwiyemezamirimo basarura ibiti bikuza byareta byo kumihanda Huye-Nyanza, cyangwa nahandi mugihugu iyo batemye ibiti bikangiza imyaka y, abaturage niba ntangurane ihari? Abaturage barikuharenganira murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 20-08-2023  →  Musubize

Ishimwe chrispin uzwi kwizina nka chrrispin. N’umwana ukiri muto W’umunyarwanda wavutse kuwa 18th April 2005.akaba yaratangiye gukunda umuziki akiri muto bitewe nogukunda kubyina ibyino nyamahanga.

Uyu chrrispin ni umuhanzi uririmba ijyana ikunzwe kw’isi yoso izwi nka R&B. Ikindi uyu chrrispin ni umuhanzi, umwanditsi w’indirimbo, umubyinnyi kandi akaba n’umukinnyi wa filime.

Uyu chrrispin yakunze ibinyu byose bishamikiye kumuziki nko kwandika indirimbo zabandi bahanzi yabitangiye kera agifite imwaka 8 y’amavuko bityo akura akunda umuziki ndetse nibiwushamikiyeho byose

Inzozi Ze nukubanza akarangiza amashuri yisumbuye yarangiza agatangira gukora umuziki kinyamwuga akabasha kuba yakiteza imbere we nabavandimwe be uko bavuka ari 4 chrrispin akaba arinawe muko iwabo mumuryango w’abana Bane.

INTEGO ZA Chrrispin.
Chrrispin afite intego yo gufata umuziki nyarwanda akawuzamura. Agafata umuziki nyarwanda akawuvana k’urwego rwo murwanda na East-Africa gusa ahubwo akawushyira kurwego rwo Kwisi yose.

IMPANVU CHRRISPIN YAHISEMO KUBA UMUHANZI.
Chrrispin yahisemo kuba umuhanzi kuberako ni impano ye cyanecyane ko we abikora abikunze kandi uyu chrrispin yabishyize kumutima we anahora abisengera ngo bizacemo.

Chrrispin yanditse ku itariki ya: 20-08-2023  →  Musubize

Muraho neza turashimira nyakubahwa Perezida wacu aho agejeje igihugu cyacu cyu Rwanda.gusa harikibazo fite kurubyiruko rwabashomeri ntako government itagize ngo igabanye ubushomeri gusa mugihe habonetse ibiraka byimisi mike barya bareba kubashomeri aho kureba mubafite akazi gahoraho murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 17-08-2023  →  Musubize

Ndimukare ka Gakenke naho mu murenge wa COKO nonehe ubuyobozi bwacu bukomeje kutuberamaso budushakira Ibyiza .ariko haracyagarara bamwe mubaturage badafite umuriro wamashanyarazi ariko barikubikurikirana mu minsi mike biraba byaciyemo

Tuyemere alphonse yanditse ku itariki ya: 9-08-2023  →  Musubize

Ndabakund cyan

Mugishe yanditse ku itariki ya: 8-08-2023  →  Musubize

Turashima perezida wa repuburika we watumye nyaruguru yacu imera uko imeze kugenza nubu

tuyisengejeandamascene yanditse ku itariki ya: 31-07-2023  →  Musubize

Muzaduhe urutonde rwabakunyi burwanda namakipe bakinira bifuzwa namavubi cg abobashaka guha ubwene gihugu.

Alias, yanditse ku itariki ya: 30-07-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka