My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Dufite ikibazo mukarere ka gasabo umurenge wa gisozi.ababyeyi turerera mukigo gihari cya GS ntora.abayobozi dutabgiza abana batwatse lame de papier turazitanga .none muri iki gihembwe cya 2 batwatse amafarañga 1000 ngo y,ibi copy ese ko ibi bintu byabangamiye ababyeyi tuharerera mwadufasha iki??ubu ho school fees ngo ni 26500frw kd ahandi bishyura 19500frw mudukurikiranire ibyo bibazo bihari rwose.ubukene dufite nanafaranga dusabwa byaturenze.ngo ntibazatuma abana bakora exam ibyo bitaraboneka.murakoze 🙏mudufashe pe

Makenga aimé yanditse ku itariki ya: 9-03-2025  →  Musubize

Ndashaka amakuru yo mukarere kaburera murakoze.

Janvier yanditse ku itariki ya: 4-03-2025  →  Musubize

NDABASHUHUJE

JIRIBER yanditse ku itariki ya: 3-11-2024  →  Musubize

ABATURAGEBOSE BAKURWE MUMANEGEKA BAGEMUBANDI

KIZA JACKSONE FROM UGANDA KIZINGA yanditse ku itariki ya: 24-10-2024  →  Musubize

ABOBATURAGE NIBAGURE INKAZUMUKA MONABO BITEZE IMBERE

KIZA JACKSONE yanditse ku itariki ya: 24-10-2024  →  Musubize

Gusaba uburenganzira bwo gusubiza Bwana Dr Bizimana Jean Damascene, kugushishikariza abaturage ba Nyamasheke na Rusizi kungirira nabi,byatambutse muri Kagali today.Murakoze.

Rutihunza Theobald yanditse ku itariki ya: 21-10-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru yo mukarere

Nzayihimbaza yanditse ku itariki ya: 17-10-2024  →  Musubize

bjr rubona -kabatasi- agasharu mwadufashije kubona amashanyarazi plse

habimana yanditse ku itariki ya: 11-10-2024  →  Musubize

Abantu bo mu Umurenge wa Masaka/Kigali, akagari ka GAKO, turasaba ubuyobozi bwa KICUKIRO buhagarariwe na Antoine Mutsinzi, kudutekerezaho kubyerekeye imihanda yo muri Quartier.
Rwose, hari abaraza imodoka munzira, bakagenda kumaguru mu ibishanga n’ibyondo birimo ubunyerere buteye ubwoba. Ntidusaba Kaburimbo, turifuza ko imashini ihakora, maze natwe tugashyiraho akacu.
Tubaye tubashimiye

RUBERWA RUGAZIRA Mathias yanditse ku itariki ya: 10-10-2024  →  Musubize

Twebwe abaturabjye bomukarere ka kirehe twarahohotewe nabayobozi bomukagari kanunini umurenjye wamahama twatanze mituweri ya 2024 barayirira bafatanyije numukozi wirembo ukorera murikaritiye watanganga inyemezabwishyu none uwomukozi wirembo yaratorotse none nanjyi tifu wakagari ka munini ari gusezera akazi ngo anjyiye kwi korera murakoze muza turenganure twararenganye pe

Runaka yanditse ku itariki ya: 2-10-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru arikuvugwa muri Kigali mubijyanye numutekano

Alias yanditse ku itariki ya: 2-10-2024  →  Musubize

Ndashaka amakuru ya kirehe

Nzayisenga sudi nasho yanditse ku itariki ya: 1-10-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka