My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1431 )

GUTERA IMBERE

JACKSON yanditse ku itariki ya: 15-04-2026  →  Musubize

Dukomeze kw’ibuka twiyubaka

Marcel yanditse ku itariki ya: 7-04-2026  →  Musubize

Twibuke tw’iyubaka

Marcel yanditse ku itariki ya: 7-04-2026  →  Musubize

Nitwa ntwali Joseph mvuka mukarere ka nyanza.nifuzaga KO mwakurikirana ikibazo cya aborozi b’inka bo mumirenge ya nyagisozi bagemura Amata nti ishyurwe

Ntwali joseph yanditse ku itariki ya: 30-03-2026  →  Musubize

Snhima ibyizabyurwanda snhimaperezida wurwanda yaduhaye iterabmere ryiza

Habana wakizetomasi yanditse ku itariki ya: 29-03-2026  →  Musubize

Akarere ka gakenke ndagashima

Nshimyumuremyi dismas yanditse ku itariki ya: 28-03-2026  →  Musubize

Gakenke ndabashimira kubyiza batugezah

Nshimyumuremyi dismas yanditse ku itariki ya: 28-03-2026  →  Musubize

Ndabashimiye amakuru mutugezaho

Cyuzuzo jackson yanditse ku itariki ya: 11-03-2026  →  Musubize

mim naish tanzania mukoa kagel murakoz kudushikiriz vyish ndaramuts mwenac arah mubugeser yitw nitegek mwen ntigurigw kwl murakoz

nsengiyumva renad josph yanditse ku itariki ya: 10-03-2026  →  Musubize

ego kwl birakwiy kopolic yurwand yokongez inguv kwivyobisamb vyirigw vyib ibitungw vyaband noguteger abant mumayir

bizumuremyi yanditse ku itariki ya: 10-03-2026  →  Musubize

Mwiriwe neza mvuka burera gitovu ubundi mubuganda ahitwa cyankwanzi dukunda amakuru meza mutugezaho kandi kugihe kandi ateguranwe ubuhanga ndetse ateguranya ubuhanga nubushobozi tubagara nyo

Maniragaba elisee yanditse ku itariki ya: 5-03-2026  →  Musubize

Murahoneza ikarongi turabakurikiye dukunda amakuru mudahwema kutugezaho murakoze

uwagirimana yanditse ku itariki ya: 26-02-2026  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka