My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1431 )
Ohereza igitekerezo
|
|
GUTERA IMBERE
Dukomeze kw’ibuka twiyubaka
Twibuke tw’iyubaka
Nitwa ntwali Joseph mvuka mukarere ka nyanza.nifuzaga KO mwakurikirana ikibazo cya aborozi b’inka bo mumirenge ya nyagisozi bagemura Amata nti ishyurwe
Snhima ibyizabyurwanda snhimaperezida wurwanda yaduhaye iterabmere ryiza
Akarere ka gakenke ndagashima
Gakenke ndabashimira kubyiza batugezah
Ndabashimiye amakuru mutugezaho
mim naish tanzania mukoa kagel murakoz kudushikiriz vyish ndaramuts mwenac arah mubugeser yitw nitegek mwen ntigurigw kwl murakoz
ego kwl birakwiy kopolic yurwand yokongez inguv kwivyobisamb vyirigw vyib ibitungw vyaband noguteger abant mumayir
Mwiriwe neza mvuka burera gitovu ubundi mubuganda ahitwa cyankwanzi dukunda amakuru meza mutugezaho kandi kugihe kandi ateguranwe ubuhanga ndetse ateguranya ubuhanga nubushobozi tubagara nyo
Murahoneza ikarongi turabakurikiye dukunda amakuru mudahwema kutugezaho murakoze