My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Guhindura iriya ngingo ntacyo bintwaye kuko ibyo nagezeho byinshi mbikesha imiyoborere myiza ye nabo bafatanyije, kandi MUZEHE
ntihagira umutera ubwoba, icyateza imbere abene gihugu cyose aragikora . None nihinduke tutarajya mumihanda!!

IRIYA NGINGO Y’101

irankunda clement yanditse ku itariki ya: 14-07-2015  →  Musubize

Mu ijoro ryo kuwa 11/07/2015 hafi y’uruganda rwicyayi rwa Nyabihu Umwarimu yaguye nigare ahita apfa.

alias yanditse ku itariki ya: 12-07-2015  →  Musubize

nnnibyi kurwanya ruswa kugirango tugere ku iterambere rirambe.

nibyiza gufasha abatagira aho baba kuko nabyo biri mugaciro kacu.

dushimire Imana yaduhaye urwanda na kagame paul akaruyobora.

bahira emmanuel yanditse ku itariki ya: 11-07-2015  →  Musubize

Mzee turinyuma yawe,Paul Kagame will never walk alone. We are proud of him .he is a man who knows how 2 carry out his belief and duty.simply he iz a leader who has Character.

Thomson yanditse ku itariki ya: 7-07-2015  →  Musubize

Iyi nkuru irababaje cyane gusa imana irambike amabokoyayo kurizo nkomere kandi ihe iruhukoridashira abayitabye

kamuntu yanditse ku itariki ya: 16-06-2015  →  Musubize

muraho.twifuzako. mwazadusura. rubavu. kuri.sentre.de.cante. yagacuba.2. mukareba. ukuntu.abarwayi.birirwa.bategereje. umuganga. kuko. uhasanga umuganga. umwe. asuzuma. agatanga. imiti.bigatuma. abarwayi. bahirirwa. birabaje.kubona. ibitaro.byomumugi. utuwenabantu.bensi. ugasanga. ibitaro.bifite. abaganga.babiri.usuzuma. nupima.ibizamini.gusa.mwazatubariza. ministri.wubuzima. niba. ariwe.wabishyizeho. naho. ubundi. abaturage. turaharenanira. mudutabarize

HARIYASI. BAMBAZE yanditse ku itariki ya: 4-06-2015  →  Musubize

urwo rugomo ruri kubera mu Karere ka Nyanza intara ya majyepho mu mudugudu wa Kavumu

Sisco yanditse ku itariki ya: 2-06-2015  →  Musubize

Uwitwa Kigingi ( wo kwa Mutama) uzwi cyane muguteza umutekano muke muri nyanza kubera ikibazo kibiyobyabwenge kuri uyun wa Kabiri saa Moya yateze umumotali witwa Vincent Murwananshyaka atashye amujanjagura umutwe akoresheje buroke sima,Vincent uwo ubu arabarizwa mu bitaro by’i Nyanza
turatabaza i Nyanza uwo muntu ko yashyikirizwa inzego zumutekano , kuko nawe ukigenda mumugoroba.

Sisco yanditse ku itariki ya: 2-06-2015  →  Musubize

UMUSAZA WACU ARAKENEWE TUMUTEZEHO BYINSHI CYANEEE

DESIRE yanditse ku itariki ya: 1-06-2015  →  Musubize

mureke twese dufatikanye dushimire imana yaduhaye umuyobozi wumva ibibazo byabaturage kdi agatanga ibisubizo byihuse.

zachee yanditse ku itariki ya: 30-05-2015  →  Musubize

MUZEE WACU NAKOMEZE YUSE IKIVI YATANGIYE IBYO YADUSEZERANIJE NIBYINSHI IMBERE

Ruhanika Thomas yanditse ku itariki ya: 27-05-2015  →  Musubize

Nukuri nimureke dukure amaboko mu mifuka dukore,bareke umusaza atuyobore rwose:ni impano y’abanyarwanda mwibuke ijambo agaciro kacu.

Eugene yanditse ku itariki ya: 27-05-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka