My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Guhindura iriya ngingo ntacyo bintwaye kuko ibyo nagezeho byinshi mbikesha imiyoborere myiza ye nabo bafatanyije, kandi MUZEHE
ntihagira umutera ubwoba, icyateza imbere abene gihugu cyose aragikora . None nihinduke tutarajya mumihanda!!
IRIYA NGINGO Y’101
Mu ijoro ryo kuwa 11/07/2015 hafi y’uruganda rwicyayi rwa Nyabihu Umwarimu yaguye nigare ahita apfa.
nnnibyi kurwanya ruswa kugirango tugere ku iterambere rirambe.
nibyiza gufasha abatagira aho baba kuko nabyo biri mugaciro kacu.
dushimire Imana yaduhaye urwanda na kagame paul akaruyobora.
Mzee turinyuma yawe,Paul Kagame will never walk alone. We are proud of him .he is a man who knows how 2 carry out his belief and duty.simply he iz a leader who has Character.
Iyi nkuru irababaje cyane gusa imana irambike amabokoyayo kurizo nkomere kandi ihe iruhukoridashira abayitabye
muraho.twifuzako. mwazadusura. rubavu. kuri.sentre.de.cante. yagacuba.2. mukareba. ukuntu.abarwayi.birirwa.bategereje. umuganga. kuko. uhasanga umuganga. umwe. asuzuma. agatanga. imiti.bigatuma. abarwayi. bahirirwa. birabaje.kubona. ibitaro.byomumugi. utuwenabantu.bensi. ugasanga. ibitaro.bifite. abaganga.babiri.usuzuma. nupima.ibizamini.gusa.mwazatubariza. ministri.wubuzima. niba. ariwe.wabishyizeho. naho. ubundi. abaturage. turaharenanira. mudutabarize
urwo rugomo ruri kubera mu Karere ka Nyanza intara ya majyepho mu mudugudu wa Kavumu
Uwitwa Kigingi ( wo kwa Mutama) uzwi cyane muguteza umutekano muke muri nyanza kubera ikibazo kibiyobyabwenge kuri uyun wa Kabiri saa Moya yateze umumotali witwa Vincent Murwananshyaka atashye amujanjagura umutwe akoresheje buroke sima,Vincent uwo ubu arabarizwa mu bitaro by’i Nyanza
turatabaza i Nyanza uwo muntu ko yashyikirizwa inzego zumutekano , kuko nawe ukigenda mumugoroba.
UMUSAZA WACU ARAKENEWE TUMUTEZEHO BYINSHI CYANEEE
mureke twese dufatikanye dushimire imana yaduhaye umuyobozi wumva ibibazo byabaturage kdi agatanga ibisubizo byihuse.
MUZEE WACU NAKOMEZE YUSE IKIVI YATANGIYE IBYO YADUSEZERANIJE NIBYINSHI IMBERE
Nukuri nimureke dukure amaboko mu mifuka dukore,bareke umusaza atuyobore rwose:ni impano y’abanyarwanda mwibuke ijambo agaciro kacu.