My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1427 )

KUBERIKI? IKIGONDERABUZIMA CYA RUGABANO TUTISHYURIRWA RAMA BURI KWEZI MUTUBARIZE AKARERE KARONGI.

KUBERIKI IYO BATEYE PENALITE IKIGO KUBURANGARE BWA COMPTABLE KUBERIKI IKIGO ARICYO CYISHYURA PENALITE MBERE HOSE ABAKORIKI?

IKIBAZO CY’UMUTEKANO yanditse ku itariki ya: 15-01-2016  →  Musubize

muhanga mumurenge was mushishiro dufite ikibazo cy’isoko ribi, ritoya kandi riri kure( ahitwa kabadaha no kuruhande cyane) rikwiye kubakwa hafi y’ahitwa kwibereshi byibura. kagame turamwemera cyane.

eric max yanditse ku itariki ya: 8-01-2016  →  Musubize

turifuzako twagabanyirizwa imisoro

Dusenge Enock yanditse ku itariki ya: 8-01-2016  →  Musubize

Kwiha agaciro no kunyurwa ni ishema ry’Abanyarwanda.

Alphonse MBIGIRENTE yanditse ku itariki ya: 4-01-2016  →  Musubize

Nitwe twigenera ulo tuhomba kubaho ntawundi tubisaba dufite ubushake ,ubushobozi n’uburenganzira bwo kwihitiramo ibitubereye .Abanyarwanda tuzi ibyacu!!. Abandi no.

Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 24-12-2015  →  Musubize

Nitwe twigenera ulo tuhomba kubaho ntawundi tubisaba dufite ubushake ,ubushobozi n’uburenganzira bwo kwihitiramo ibitubereye .Abanyarwanda tuzi ibyacu!!. Abandi no.

Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 24-12-2015  →  Musubize

Nukuri Umusaza turamukeneye twe referandumu twayitoye kera tukiyemeza ko rihinduka ahubwo se umusaza azatwemerera nukuri turamusabye azabitwemerere. none rero no mukarere ka rubavu rwose muduhe ubuyobozi bushoboye kuko abahari ntacyo bamaze nubwo manda yabo irangiye, reba nawe ngo baratuka abo bayoborana, ibibazo kubikemura ni mugicuku, ntago yari akwiye kuba umya politiki kuko ntabyo ashoboye, turasaba abasaza bacu barimo Mzee Kibata Djuma kuturebera umuntu ushoboye dore ko bo ari inyangamugayo kandi basobanutse bazi abakozi nabatari abakozi. murakoze cyane ariko ibindi byo byari bizima pe umusaza atugejeje ahantu heza cyane kandi turifuza ko akomeza.

muhizi yanditse ku itariki ya: 10-12-2015  →  Musubize

Itejyeko rinduke kwitore umusaza wacu kagame

Benimana peter yanditse ku itariki ya: 7-12-2015  →  Musubize

Peresida poul kagame twese nka banyarwanda turifuzayuko referandumuyahinduka tukitorera muzehe wacu

Manirafasha jackson yanditse ku itariki ya: 7-12-2015  →  Musubize

gd::ggggg:gggggg:bbbvvbvv" SINJEMBONYE NGE ZE MULI AMELICA

ishimwe yanditse ku itariki ya: 7-12-2015  →  Musubize

Abanyeshuri Bo muri UR_NYARUGENGE campus bat
arabona bourse biga muri Food science and technology (FST) Kuba muri kwiga biratugoye kuko izararaho Iraheta ubu haha nukwirirwa dusinzirira mu ishuri mudukorere
ubuvugizi

Elias yanditse ku itariki ya: 5-12-2015  →  Musubize

Abanyeshuri Bo muri UR_NYARUGENGE campus bat
arabona bourse biga muri Food science and technology (FST) Kuba muri kwiga biratugoye kuko izararaho Iraheta ubu haha nukwirirwa dusinzirira mu ishuri mudukorere
ubuvugizi

Elias yanditse ku itariki ya: 5-12-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka