My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
nayobore kabisa
bareke paul kagame ayobore indi mandat ndetse tuvugurure itegeko nshinga ko yayobora n’izindi manda eshatu kuko ibyo yakoze nta wundi wagize icyo amarira abanyarwanda,perezida wacu ni gift Imana yahaye abanyarwanda ni nka dawidi mu b’isirayeli
Umubyeyi wacu Paul kagame agomba kuyobora manda yagtatu kuko abaturange Niboayoborakandi Ninabo bamutora.mbibutseko ibuye abubatsi banze arilyo lyahindutse irkomeza onfuruka ibyo byavuye kuiteka kandi nibitangaza mumaso yacu.Matayo: 21:42.
imanaihe prezidawacu Paul kngame kuyobora manda yagatatu .amen
ndabakunda cyane ese mbabaze kumakuru yiburundi niyombare yarafashwe?
Dushyigikiye umusaza wacu.
Poul kagame oye!! oye!! utazi aho adukuye ninde? subiza amaso inyuma urebe aho adukuye mubihebyimipanga none adushize mumata n’ubuki.ushaka kurwara bwaki ninde?. nabashimiraga kwivugururwa ryitegeko nshinga ryi 101 nkatwe twabanyeshuri niturebe uko mbere bize? none turikwiga neza cyane umukire n’umukene Kagame Oye!!Oye!! tuzanagutora %.
dushimiye ubuyobozi kigali today. nukubera iki? karongi idatera imbere nkutundi turere nka nyagatare .
ikindi kintu nifuza nkumunyeshuri wiga nyagatare compus nagirango abayobozi ba karongi bage bita kubashitsi bagiye gusura urwibutso rwabibiseroro kugirango bige amateka twifuzako bigira imodoka zihahahora amblasse cg police.murakoze kdi muzansubize
kagame paul oyeee muzadukore ubuvugizi adusure ijanja muri gakenke
Turashimira meya wacu na staff yose bakorana kubwigikorwa gikomeye cyo kutwubakira akarere kajyanye nicyerekezo byibuze amatike twatangaga azagabanuka.
muge mutubariza niba akarere ka Nyagatare gakorera mu gihugu cyako gusa ntaho gahuriye n’urwanda mu mikorere kubona abarimu batarahembwa ukwa Kane.
morning nasabagako mwazadusura gatsibo