My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Muraho ntuye karere ka rwamagana umurenge wa muyumbu umudugudu kampigika natwe muzehe turamwera kwiyo ngingo 101 imaze kuzugururwa aho twavuye naho tugeze twiyubaka turahashima kandi tugeze ku ntera ishimishize niyiyamamaze tumuri inyuma .murakoze
Mwakongeye mugasimbukira imbuye mukarere ka RUHANGO ko amapoto n’insiga bimanitse ariko umuriro wapi, kdi twabwirwaga ko mukwakarindwi aribwo twagombaga kuba ducana.
MURAKOZE
Kuringe mbona aur persident arimpano God yatwihereye.thx j’luc gatsibo gasange viro.
umusaza turamwemera cyane.ahubwo kuki batinda ntibashaka kudukereza mwiterambere ese ubundi ukenewe ninde nabeyihanganye umusaza yara biharaniye banyarwanda murabe maso
MURAHonijbaptiste i NYARUGURUUWOMUSAZA TURAMWEMERA NAKOMEZE
nukuri mukarere kakirehe hakomeje kwiganzamo ubwicanyi bukabije tukaba twasabagako ababishinzwe bakomeza kutugenzurira amarondo kuko byose bikorwa mwijoro nkaba nasabagako mwajya mutugezaho amakuru yo murikaritsiye murakoze!
Mutwibukirize gitifu w’akagali ka KIGASHA gukemura ibibazo byabaturage atabakereje kuko dukeneye kwihuta mwiterambere.
Turamushakako,atuyobora
umusaza;nyakubahwa present.ndamushimira yadukuye mu bujiji yatubaye hafi abantu bafite umutekano usesuye biratize maze tumutore 100/100
umusaza’nagume’ayobore’atugezakuribyinshi’tumurinyuma’tumurinyuma
ukotwamutoye’nikotuzonge’rakumutora’100.100’yatugejeje’kuribyishi’nayobere’imwaka10’tumurinyuma
Turashimira umubyeyi wacu nyakubahwa president uburyo adahwema kudushakira ibyateza imbere abanyarwanda nka gira inka nibindi ,ariko nyabuneka abo bayobozi banyaruguru basobanure neza iryo tegeko rishya kubijyanye n ubutaka koko abaturajye ntibapfa kubyumva mubabe hafi kbs bizagenda biza.