My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1428 )

Muraho ntuye karere ka rwamagana umurenge wa muyumbu umudugudu kampigika natwe muzehe turamwera kwiyo ngingo 101 imaze kuzugururwa aho twavuye naho tugeze twiyubaka turahashima kandi tugeze ku ntera ishimishize niyiyamamaze tumuri inyuma .murakoze

Niyitegeka yanditse ku itariki ya: 29-10-2015  →  Musubize

Mwakongeye mugasimbukira imbuye mukarere ka RUHANGO ko amapoto n’insiga bimanitse ariko umuriro wapi, kdi twabwirwaga ko mukwakarindwi aribwo twagombaga kuba ducana.
MURAKOZE

IRANKUNDA CLEMENT yanditse ku itariki ya: 28-10-2015  →  Musubize

Kuringe mbona aur persident arimpano God yatwihereye.thx j’luc gatsibo gasange viro.

Ndayishimiye j’luc yanditse ku itariki ya: 27-10-2015  →  Musubize

umusaza turamwemera cyane.ahubwo kuki batinda ntibashaka kudukereza mwiterambere ese ubundi ukenewe ninde nabeyihanganye umusaza yara biharaniye banyarwanda murabe maso

Gaston yanditse ku itariki ya: 22-10-2015  →  Musubize

MURAHonijbaptiste i NYARUGURUUWOMUSAZA TURAMWEMERA NAKOMEZE

JBAPTISTE yanditse ku itariki ya: 21-10-2015  →  Musubize

nukuri mukarere kakirehe hakomeje kwiganzamo ubwicanyi bukabije tukaba twasabagako ababishinzwe bakomeza kutugenzurira amarondo kuko byose bikorwa mwijoro nkaba nasabagako mwajya mutugezaho amakuru yo murikaritsiye murakoze!

ntawukuriryayo geovanie yanditse ku itariki ya: 16-10-2015  →  Musubize

Mutwibukirize gitifu w’akagali ka KIGASHA gukemura ibibazo byabaturage atabakereje kuko dukeneye kwihuta mwiterambere.

MUGABO yanditse ku itariki ya: 16-10-2015  →  Musubize

Turamushakako,atuyobora

Turabishaka yanditse ku itariki ya: 11-10-2015  →  Musubize

umusaza;nyakubahwa present.ndamushimira yadukuye mu bujiji yatubaye hafi abantu bafite umutekano usesuye biratize maze tumutore 100/100

Nsengiyaremye jean cloude yanditse ku itariki ya: 11-10-2015  →  Musubize

umusaza’nagume’ayobore’atugezakuribyinshi’tumurinyuma’tumurinyuma

KWIZERA’ERKE yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

ukotwamutoye’nikotuzonge’rakumutora’100.100’yatugejeje’kuribyishi’nayobere’imwaka10’tumurinyuma

KWIZERA’ERKE yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Turashimira umubyeyi wacu nyakubahwa president uburyo adahwema kudushakira ibyateza imbere abanyarwanda nka gira inka nibindi ,ariko nyabuneka abo bayobozi banyaruguru basobanure neza iryo tegeko rishya kubijyanye n ubutaka koko abaturajye ntibapfa kubyumva mubabe hafi kbs bizagenda biza.

Jean Pierre Bizimana yanditse ku itariki ya: 2-10-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka