My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Ndashimira ubuyobozi bwiza bw’igihugu cyacu buyobowe na nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME imana ijye imuha umugisha kukoarashoboye tumuri inyuma ntituzamutererana mu guteza imbere urwanda rwacu

murakoze

ndagijimana charles yanditse ku itariki ya: 5-12-2023  →  Musubize

Invura yagiye muduhaye ibiti byohutera byaba byabonetse

Nyombayire yanditse ku itariki ya: 23-11-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza ni fabien wimurunda ndabasuhuza gusa ntakindi

Nshimiyimana fabien yanditse ku itariki ya: 22-11-2023  →  Musubize

Ndashak akazi kubu waitter cyangwa ubu customercare mfite A2 nkaba mfite number ariyo 0781148271

alias yanditse ku itariki ya: 15-11-2023  →  Musubize

Ndumujyanamaw’ubuzima kukigonderabuzima cya nyange A mukarere ka ngororero umurenge wa ngororero mudufashije mwazadukorerara ubugenzuzi muri koperative dukoranenigihe yacu abayobozi barayihombeje kuburyo numugabane w’umunyamuryango utakiboneka nkiyo umuntu atakiri munshingano isanduka ibereyaho kandi umugabane waburi munyamuryango yagiye atanga ni 25000 kubanawe nabantu 124 ariko iyo tubajije abayobozibacu ntabisobanuro baduha mudukorere ubuvugizi

Elias yanditse ku itariki ya: 2-11-2023  →  Musubize

Mana turagusabye murikongo intambara ihagarare kandi wazarendo iri gushotora urwanda kuburyo bweruye burimuturege aryamire amajanja kandipe dukwiye kubamaso nkabanyarawa tugasengera kumugozi umwe

TUYISENGE ETIENE yanditse ku itariki ya: 22-10-2023  →  Musubize

abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023  →  Musubize

abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023  →  Musubize

banyamakuru mumanuke mwumve ibiri kubera i nyagatare muburezi abarimu basubijwe akarere

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023  →  Musubize

Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.

Hazakorimana yanditse ku itariki ya: 12-10-2023  →  Musubize

Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.

Hazakorimana yanditse ku itariki ya: 12-10-2023  →  Musubize

Amakuru kuyabonera kugihe nibyiza cyane

Bizimana jean claude yanditse ku itariki ya: 16-09-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka