My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1431 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ni emmry ndi uganda Turama ko mutugezaho amakuru ashushe
UZAKIRA MARCER IBURERA TWISHIMIYE AMAKURUMEZA MUTUGEZAHO KANDITURABAKUNDAMUKOMEREZEAHO
Intama yabamotari banyamagabe
Intama yabamotari banyamagabe
Abamotari ba nymagabe tumerewe nabi
Turabakurikira
Twese dukomeze kwibuka jenocide yakorewe abatutsi 1994 twibuke twiyubaka
Mukomerezaho mukutugezaho amakuru yo hirya nohino kd meza
Muraho nitwa Emmanuel. nabazaga ese inama njyanama y’umugi wa kigali haba hari igihe kizwi kidahinduka iteranira?
TULABASHIMILA KUNKULU MUTUGEZAHO MULAKOZECYANE!
twibuke twiyubaka kunshuro 32
Twibuketwiyubakajenosideyakorewe.abatutsi(1994)twibuketwiyubaka