My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Murahoneza tubashimiye amakuru meza mudahwema kutugezaho Murakoze.
NDASHAKA AMAKULU YAVATICAN
Muzatuvaganire, bazadukorere icyibuga cyumupira w’Amaguru.
Giherereye kumurenge wa BUNGWE uri mukare ka BURERA.
Ndabakunda cyane.
[email protected]
KIGALI TODAY TURABAKUNDA CYANE HANO GICUMBI
Muzajye mushyiraho amakuru menshi
umugoroba mwiza kuri mwese.
Nshaka amakuru arambuye ku bwicanyi bwabereye mu kagari ka Ruyenzi ku wa 22/04/2025.
Murakoze
ndashaka amakuru ya nyanza
mukomere cyane
Ndabasuje mugire amahoro.