My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

RUHANGO IBIZAMI BIZAKORWA RYARI KUBASABAKAZI KO KWIGISHA?

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-12-2016  →  Musubize

ESE I MUHANGA IMYANYA YOGUSABA AKAZI KO KWIGISHA BIMEZE GUTE?

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-12-2016  →  Musubize

IBIZAMI BIZAKORWA RYARI? ESE HAKENEWE ABARIMU BANGA IKI?

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-12-2016  →  Musubize

twasabagako mwajya muduha amakuru meshya buri munsi nkuko ariToday

bosco yanditse ku itariki ya: 20-12-2016  →  Musubize

Amakuru kuri,gitifu wumurege wamuhororo

% yanditse ku itariki ya: 19-12-2016  →  Musubize

NITWA FRANCOIS, I RUSIZI mu murenge wa Butare turibaza ko badupimiye umuriro w’amashanyarazi kuva aho muri uwo murenge kugera BWEYEYE ariko igitangaje ni uko ubu ntawe wakumva agira icyo abivugaho.Ikindi kandi mu gihe mu gihugu cyacu iterambere rikataje birababaje kumva ku gira ngo ugere ku centre de sante bisaba kuba nibura ufite amafranga 6000F mutubarize abashinzwe aho hantu impamvu utwo duce tudatera imbere nk’ahandi? Why?Murakoze.

FRANCOIS yanditse ku itariki ya: 17-12-2016  →  Musubize

mukomeze muduhe amakuru yo muturere niyo aba aziritse amakuru

niyonsenganga valens yanditse ku itariki ya: 15-12-2016  →  Musubize

Amakuru avuga ko mukarere ka Nyabihu haba heguye aba Gitifu b’Imirenge bimeze bite

nyabihu yanditse ku itariki ya: 15-12-2016  →  Musubize

mwaduhaye amakuru kuri ba gitifu b’imirenge beguye I nyamasheke!murakoze !

jean yanditse ku itariki ya: 14-12-2016  →  Musubize

ndi irusizi mumurenge wa gitambi tweturibaza mukagari ka cyingwa mumurenge wagitambi ni irusizi akagari kose ntamuriro wa mashanyarazi ntamuhandatugira wagirango ntabwo arimurwanda kbs mutuvuganire cq muzadusure? ni icyingwa gitambi rusizi murakoze!!

ni emmy yanditse ku itariki ya: 7-12-2016  →  Musubize

Nifuzaga Ko Mwaza Mutugezaho Ibintu Byo Mu Murenge Wanyange Murakoze

Iradukunda Eric yanditse ku itariki ya: 5-12-2016  →  Musubize

Jye ntuye mu Murenge wa Mugesera ahita I Nyange; ese umukozi w’i Kigo nderabuzima warashwe na bagize ba nabi bya hereye he?

Mapyaka yanditse ku itariki ya: 5-12-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka