My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Gatsibo umugabo yagiye gusura abana bee kwa sebukwe,sebukwe aramukubita? polisi iramufunga

vaile the secrate yanditse ku itariki ya: 8-01-2017  →  Musubize

MUKAREREKA NYABIHU UMURENGE WAJENDA RUSWA IRAVUZA UBUHUHA MUMUDUGUDU WAKIBUYE uwitwa Nizeyi Abudurukarimu,aratujambije Canecane Abanyerondo.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 5-01-2017  →  Musubize

Mu tubwire ibyinka yabyaye umuntu

Alias yanditse ku itariki ya: 3-01-2017  →  Musubize

Ariko Abayobozi bacu ntabwo baziko umwami atica hica rubanda mbese umukozi udashoboye yashyizwe ahagaragara hakurikijwe administration kndi mu mu cyo akabona akeguzwa, naho uwabangamiye umuyobozi we gukora amafuti aramuhimbira ibyaha amwihimureho, abasigayemo bagire ubwoba bo bahinduke ’’yego mwidishyi’’ ibi mwarimukwiye kubisuzumana ubwitonzi Ndahamya ko abegura ataribo bakora nabi ahubwo abenshi barikuzira akagambane ka Nyobozi yahawe ububasha kndi barimo inkundamugayo

Makenga yanditse ku itariki ya: 1-01-2017  →  Musubize

Numvise mukorera ubuvugizi abantu cyane cyane muri service y’imibereho myiza, none Iwacu nyagatare, mu murenge wa Rwimiyaga, akagali Ka Rwimiyaga, umudugudu wa rebero hari umwana urwaye umeze nabi rwose, ababyeyi baragerageje ntabitaro batagezemo ariko ubu ubushobozi bwararangiye ari murugo gusa, mwadukorera ubuvugizi Imana ibahe imigisha. Murakoze

aimable HABARUREMA yanditse ku itariki ya: 31-12-2016  →  Musubize

Numvise ubuvigizi kigali today ikorera Abaturaage cyane cyane mubuvuzi, none nkuko Imana Ibakoresha ibikorwa nkibyo byiza ino Iwacu, nyagatare mu murenge wa Rwimiyaga akagali Ka Rwimiyaga Umudugudu wa rebero dufite umwana urwaye cyane ababyeyi ubushobozi bwarabashiranye,nukuri ameze nabi bofatika

Aimable yanditse ku itariki ya: 31-12-2016  →  Musubize

Ndanega Gitifu Wu Murenjye Wa Nyamabuye, Gusenyera Abantu Siko Kubengera Ndore Ko Yahawe Imondoka Ndanega Umuyobozi Umwe Undateza Abaturenge Imbere Uwo Ni Mundugundu Wa Nyakabingo Ho Mu Murejye Wa Nyamabuye Mukagari Ka Remera Arangwa Na Ruswa Pe! None Ngo Ruswa Iracika Oya Nukutubeshya Ubuse Aho Zingarara Cyane Sikubayobozi Ndashimira Aferi Sosiyare Wacu Mu Kagari Karemera Yingisha Abaturange Neza Imana Imuhe Umugisha

Eugene yanditse ku itariki ya: 28-12-2016  →  Musubize

mubwire ibijyanye na
msganyarazi mukarere.bijyezehe mumirenjye thank you

kuryayo fabien yanditse ku itariki ya: 28-12-2016  →  Musubize

mubwire ibijyanye nubuurezi mukarere kanyamagabe kubijyanye nakaaizi kubarimu ri primere ibijyanye noku depoza akazi. mubueezi mubwire ?

kuryayo fabien yanditse ku itariki ya: 28-12-2016  →  Musubize

murakoze kumakuru muduha.

cloudine yanditse ku itariki ya: 24-12-2016  →  Musubize

BURERA! Nk’ikimodoka kinini giparitse mu ikirosi ribi ahamanuka nka Buranga, nta terambere ryubakira ku kinyoma "Gutekinika". Abayobozi bamwe ariko benshi bicunganira no kubona ibyo biba ubundi bagategereza ukwezi ngo bahembwe, bigize abahanga bo guheza abandi m’urujijo n’igihirahiro; Gusiragiza bashira ku cyizere "ku Stress" umuturage.
Iyo witegereje neza ubona ibintu bitatu: "Ubuswa; Ubwirasi n’Ubugome". Bimwe mu bibazo:
1. AKARENGANE: Abaturage bibanira n’ibibazo nko "Gutotezwa (Ménaces); Gukora ntibishurwe; Gusenyerwa nta ngurane no gukubitwa;
2. IBIKORWA_REMEZO: Ibyubatswe byasaziye imburagihe, nk’isoko rya GAHUNGA n’irya NYAGAHINGA ndetse n’umuhanda w’itaka wubakwa Kidaho _ Gahunga, bigaragara ko nta myaka ibiri uzamara bitewe n’itaka ribi bashiramo;
3. IMIBEREHO MIBI: a. Inzara bitewe no kwokesha imyaka; b. Indwara ziterwa n’umwanda "Amavunja; Inda; Uruheri na Fievre typhoide.
Umuyobozi agomba kurangwa no Gukunda Igihugu, akagira impuhwe n’mbabazi agaha umuturage uburenganzira n’amahirwe "Opportunity".

MANIRAGUHA Ladislas yanditse ku itariki ya: 23-12-2016  →  Musubize

KAMONYI BIMEZE GUTE KUBASHAKA GUSABA AKAZI KO KWIGISHA?

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-12-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka