My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Muraho neza mudusure mumurenge wamurundi aharabatishoboye babuze ukobabigenza kubera kwanga kuva mungo hakurikizwa amabwiriza yo kwirinda COVID.19 aho nti mumudugudu wakaneke murakoze

Abayesu kwizera emmy yanditse ku itariki ya: 2-04-2020  →  Musubize

mujye mujyera no mumurenge wa mugano mudusure

jean paul yanditse ku itariki ya: 26-03-2020  →  Musubize

Twishimiye kuba muzaza munduha amakuru

Twizeyimana lnnocent yanditse ku itariki ya: 22-03-2020  →  Musubize

I need to every information

Ishema patience yanditse ku itariki ya: 12-03-2020  →  Musubize

Mwiriwe mwabwiye cg mukama recruitment ya RDF 2020 kuri Email yanjye muraba mukoze cyane

Iradukunda yanditse ku itariki ya: 3-03-2020  →  Musubize

How is my Ditrict?

Japhet N yanditse ku itariki ya: 19-02-2020  →  Musubize

Mutubarize ubuyobozi impamvu batwishyura abatanze ibikoresho byo kubaka ibyumba byamashuri 2018 kugeza ubu

Alias yanditse ku itariki ya: 18-02-2020  →  Musubize

mujye mutugezaho amakuru tumenye uko igihugu cyacu amakuru yiriwe.turabemera cyane

Mpakaniye yanditse ku itariki ya: 13-02-2020  →  Musubize

MUTUBARIZE IGITUMA ABAYOBOZI BAKARERE BIHEMBA;ARIKO GUHEMBA ABARIMU BIKABA BYARABANANIYE!NONE NGO IREME RY’UBUREZI!NARUMIWE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 7-02-2020  →  Musubize

Natwe imvura imezenabikbs!gusatwishimiye ukomutujyezaho amakuru yihuta hirya nohino mugihugucyacu

Elise yanditse ku itariki ya: 30-01-2020  →  Musubize

amanota ya s3 bayareba gute?

Nzamukosha yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Kuleba amata y cya Leta 2019

Iradukunda Gatera Kevin yanditse ku itariki ya: 28-12-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka