My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1379 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Natwe mukarere ka ngoma umurenge wa rukumbeli tugumye mungo arko mutuvugire abaryaga bavuye guhiga kdi nkomeje nokwihanganisha imiryango yabuze abavandimwe muri jenocide yakorewe abatutse muri mata 1994 twibuke twiyuka
TURAGUMA MUNGO MAZE DUHANGANE NIYO .COVID.19 murakoze
Muraho neza mudusure mumurenge wamurundi aharabatishoboye babuze ukobabigenza kubera kwanga kuva mungo hakurikizwa amabwiriza yo kwirinda COVID.19 aho nti mumudugudu wakaneke murakoze
mujye mujyera no mumurenge wa mugano mudusure
Twishimiye kuba muzaza munduha amakuru
I need to every information
Mwiriwe mwabwiye cg mukama recruitment ya RDF 2020 kuri Email yanjye muraba mukoze cyane
How is my Ditrict?
Mutubarize ubuyobozi impamvu batwishyura abatanze ibikoresho byo kubaka ibyumba byamashuri 2018 kugeza ubu
mujye mutugezaho amakuru tumenye uko igihugu cyacu amakuru yiriwe.turabemera cyane
MUTUBARIZE IGITUMA ABAYOBOZI BAKARERE BIHEMBA;ARIKO GUHEMBA ABARIMU BIKABA BYARABANANIYE!NONE NGO IREME RY’UBUREZI!NARUMIWE
Natwe imvura imezenabikbs!gusatwishimiye ukomutujyezaho amakuru yihuta hirya nohino mugihugucyacu