My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Nukuri pe mwatubazi impamvu baturingana turabaza bakutubwira ngo dosiye yabuze Kandi twabibahaye ahubwo bakongera bakatwohereza ngo ku Irembo Kandi barabijyanye
Twebwe twarangirijwe none imyaka aho Umuyoboro w’amashanyarazi yanyuze none banze kutwishyura ahubwo bakatwaka amafaranga ngo dushake ibyangombwa Kandi bihari nimutubaze impamvu nkubu maze gutanga ibihumbi 67000 n’ IKigoma mukagali ka shanga Ariko na nubu mutubarize pe
Kumenya amakuru agezweho
iyodukanda kumakuruyu turere kukibidakunda nurugero haraho uhitamo intara bikanga
abanyeshuri bazatangira ryari bomumwa wambaye wa primary na Gardiner
Mwiriwe neza, nabazaga nyuma yuko abacandidate twadepoje ibyangobwa ,nkaba ndikumva ko NGO hagiye gukorwa izindi short lists,ESE nibyo cg nibihuha?saw murakoze
Kumenya imyanya muburezi
Tubashimiye Amakuru mudahwema kutugezaho
Mwiriwe neza uriya mwarimu waru komo so.p.e.m Albert imana imuhe umugisha kukwitanga yagize kubanyarwanda Bose
Kandi uriya nawe umukama winka zakubishye ninkuba akwiye gusumbushwa kandi yihangane bibaho
Murakoze
We need to know the news about teachers recruitment.
Amafotoajekeje
hano iwacu kirehe umurenge wa mushikiri
twambuwe na karere ka kirehe amafaranga
muri viyupi none ubu dutegereje kujya kurega mubadepite