My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Twipfuza mudushitseho amakuru ajyanye n’urukundo.MURAKOZE.KUNKUMI N’IMISORE MWIKIGIHE KIRANGIZA ISI.
Akarere kakayonza umurenge wakabarondo akagari kacyinzovu gukomeza murizarundu turasaba mutuvuganire tumenyeshwe impamvu tudahabwa umuriri wamashanyarazi nyuma yigihe kunin tubeshywa guhabwa umuriro
Murigashora ngohaje ibitaro bya barwayi ba covide19 mutubwire
Mwiriwe,mutubarize ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali,Akarere ka Kicukiro by’umwihariko igihe umuhanda uhuza Rwamagana (Inyakaliro) na Kicukiro (Imasaka)uzakorerwa.
Abaturajye dutuye Igishore Nyakaliro nitwe dukunze kwitanga amafaranga ngo dusane umuhanda nibura tubine uko tuhanyura ark intege zacu ntizibe nyinshi nkuko bikenewe.
ese uyu muhanda nibura waba uzakorwa ryari??
Kigali tudeyi
Mwaramutse nda shaka kumenya icyaraye cyanzuwe munama yo gufungura ingendo muntara
Kuzagya menya amakuru ya turere du tandukanye
Murwanda
mutubarize meya wa gisagara aho gahunda yo kubaka umuhanda save-gisagara aho bigeze cg niba ubushobozi ntabwo kuko bimaze igihe kinini cyane murakoze
murakoze cyane
Gushaka akazi
Mutubarize Meya wa Rusizi
Impamvu utundi turere badufungurira injyendo Rusizi bigakomeza kuba icyibazo kuko sinako karere
Ko nyine gakora kumi paka kuburyo ariko gahaha indwara nyinshi kdi arahemukira abaturajye bahahiraga hanze ya karere
Mwaramutse?mubyukuri nagahinda ni shavu kuka Rere ka Rusizi kumva katava mukato abaturage bitugiraho ingaruka;Zikomeye cyane none rero reta nikiteho. Byumwihariko gafashwe gufata ingamba zitanga igisubizo kubaturage murakoze.