My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndashaka kureba amanota nagize
ikibazo cy’ibyo kurya kumasoko birahenze.urugero nk’ibishyimbo ni 800 kukiro leta nidufashe inzara itazatwica
mwandebeye amanota yicyareta 2019
Mukomereze aho,
Mukomereze aho,
Ndi nyamagabe mumure watare mudukurikiranire ikikibazo uruganda rwicyayi rwa kitabi rwadutwariye imirima none amaso yaheze mukire mudukorere ubuvugizi hashize umwaka nigice ubwo buka buri mutugari twa nyamigina na gatovu
Mukarekacuka rubavu,umurenge wa bugeshi.
byumwihariko akagalikacu ka butaka dufite ikibazo cumuriro tutarabona kdi duturi ishamba,mbesi turimusi yakarisimbi na mikeno.
murakoze
Muraho neza umuntu abafite ibitekerezo byinshyi byafasha iterambere kwihuta ariko kubera kubura aho wahera Ibibazo birakomeza bikaba kandi byagombye gukemuka Mfite igitekerezo cyibyakorwa hakagabanuka ibyuka bihumanya ikirere bityo rero ababifite munshingano mwamfasha tukarinda ikirere cyacu murakoze 0787796128 ndumunyeshuri S6 in Rusumo high school nibintu twaganiriyeho cyane murakoze.
Ndashimira umuntu wese wagize uruhare rwo gushyiraho ubu buryo bwo kubonera amakuru y’Akarere kugihe. ni muduhe amakuru agezweho ubu mu karere kacu ka Ngoma.
NDABAKURIKIYE MWESE MUKOMEZE MUMPE INKURU
mumurenge wa kabarore mukagari ka kabeza ejo umugabo yafatiwe mukabari asambana numugore utaruwe .yafashwe numugorewe arahondagura karahava uwo mugabo nuwo mugare utaruwe baratoka.
Kumenyera amakuru kugihe