My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Utubari ntitwafunze! Inzoga ziranyobwa, ba gitifu b’utugali bahabwa ruswa bakabareka! None murabona icyorezo kizahagarara gite?
MUMEAMAKURUYOMUBIRUNGA
Mwiriwe neza bavandimwe njyewe nize Agronome hari igitekerezo Mfite cyavamo project ariko nifuza KO mwandangira ahantu nabinyuza ngo ngirwe yuko nabishyira mubikorwa. Murakoze cyane
Ni HITIMANA Daniel umunyeshuri muri G S St FA DE KANSI Abanyeshuri Tugomba kugira uruhare muiterambere ryigihugu
mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza
rwose natwe mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza
NDASHIMIRA ABAYOBOZI BACU BADAHWEMA GUTEKEREZA IBYATEZIMBERE AKARERE KACU
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mwadusobanurira niba mu karere ka Kicukiro Umurenge wa Kanombe ,Akagali ka Karama Umudugudu wa Karama niba haragenewe ku bakwa amazu aciriritse ? Murakoze
Mwaramutse neza! Mutwigeho nk,abantu twarangije amashuri 3 yisumbuyeu kandi njyewe kucyanjye giti nshaka gukora akazi k,umutekano kuko mbyiyumvamo cyane, midukorere ubuvugizi maze tubashe kubona ibyo twakora. Number ni: 8780700751.Mirakoze!
Murebere hamwe mwige kubantu nice amashuri 3 yisumbuyeu kuko abadafite amashuri 6 yisbuye ntabwo bacibwaho iteka.