Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 197 )

Muraho. Nkeneye umukobwa ufite gahunda akanyandikira cyangwa akampamagara kuri whatsapp yanjye. 0728439316

Savimbi jonas yanditse ku itariki ya: 5-07-2017  →  Musubize

urugo namatungo ubihabwa nababyeyi ariko umugabo,umugore(umufasha)witonda umuhabwa nuwiteka!!!!! mbifurije kuzabana nabo mwifuza... ....

norah yanditse ku itariki ya: 5-07-2017  →  Musubize

muraho abahano ndumusore wirabura najye ndashaka inshuti yumudamu ariko uri seriously kandi wiyubashye tukibera inshuti Kuko inkumi zamvuye kumutima mfite uko mbayeho Kuko mfite akazi kantunze neza NB ugenzwa na cash wimushaka, call or send SMS on 0788947109 ibindi tuzabivugana

mike yanditse ku itariki ya: 26-06-2017  →  Musubize

Nshaka umukunzi umukobwa ubyibushye utari munini urimurugero wirabura kdi ufite taye igaragara utarengeje imyaka 17-19 kd udafite amabere yaguye number 0727535045 ushatse wajya kurubuga rwa face book ubundi ugashyiraho image yawe nkakubona sawa murakoze.

Ntambara jean baptiste yanditse ku itariki ya: 14-06-2017  →  Musubize

nanjye nshaka umukunzi w’umukobwa uko asa kose:072503559rimwe

alias yanditse ku itariki ya: 21-05-2017  →  Musubize

isaha nziza niyo wemeranywa nuwo muswerana ibindi namagambo

adiyeri yanditse ku itariki ya: 10-05-2017  →  Musubize

Ndi kampalanigamurieson musicdrumnfite imyaka 19 ndashaka umukobwa ufite umutimawokubakatukabanaufite urukund0704181139

NIYOMUFASHA ARUBERT yanditse ku itariki ya: 5-06-2017  →  Musubize

Mwiriwe ndumukobwa nshakumukunzi wumusore number 0785630804 cg 0726606598 murkz.

Uwamahoro yanditse ku itariki ya: 28-04-2017  →  Musubize

Yoo!Kumbe Ndamutoye Sha Nanjye Namushaka Nkunda Nkukunde Mugabo Mfite Metero180m.K6.

Alphred yanditse ku itariki ya: 6-05-2017  →  Musubize

mpamagara muri 0788818009

rugnzu kubwiru yanditse ku itariki ya: 24-05-2017  →  Musubize

twakwihuje c wana numero ni 0788229578/0737838623

mandelas yanditse ku itariki ya: 28-05-2017  →  Musubize

Ndashaka umukunzi njye ndi umusore wimyaka 29 nshaka umukobwa utarengeje 25 ngiyi Watsapp 0785045525

kaka yanditse ku itariki ya: 26-04-2017  →  Musubize

Bonjour Beaucoup. Nshaka umukunzi ufite gahunda yokubaka afite urukundo afite imyaka 27 na 30 nge nfite 23

alpha yanditse ku itariki ya: 2-04-2017  →  Musubize

Ndi umusore mfite imyaka 23 nshaka umukobwa ufite imyaka 23-26 afite urukundo azi icyo ashaka nibura afite metero 1.70cm nanjye niko bimeze afite akazi cyangwa atagafite ntakibazo abaye afite umwana cyangwa atamufite ntacyo bitwaye mpamagara 0782651220 -0723735594

Felecien yanditse ku itariki ya: 26-03-2017  →  Musubize

ndashaka.umukunzi.ufite.ga,hundayurukundonyarwokukondarukeneye.ntaburyarya.umukobwa.ufite.imyaka.22kugezakuri25ufitegahunda.my.number0728273030/0782273030,nam.jeanclaudefromKIGALI

JEANCLAUDE yanditse ku itariki ya: 25-03-2017  →  Musubize

Mwiriwe,njye mfite imyaka 35 mfite abana 2 ndasha umukobwa cg umudamu ufite imyaka 35_40 wamfasha kurera aba bana kdi tukibanira akaramata ubyifuza yampamagara kuri 0788978049/0727313058

Uwimana obed yanditse ku itariki ya: 18-03-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka