Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye
Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.
Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.
Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.
Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.
Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.
Jean Noel Mugabo
Ibitekerezo ( 197 )
Ohereza igitekerezo
|
njyewe mbona guswera biryohapee!! ariko mbona igihe cyose ubishakiye wabikora.
mbona kubikora imvura ya guye aribyobyiza
nanjye mfite ikibazo.cyuko iyo mfite"imbeho mbyimba ibya none mwangira.inama murakoze
mwuvikanye nibisazwe ka 2 kumusi
JYE MBONA ISA 4HOO AHO ABINSHI BAGATERA KANDI BABA BIRYOSHYE
ni nukomere!mbega ko hari abakobwa batagira amazi kuva mumavuka yabo cangwa se bitew n’ingwara zimwe zimwe nka amibe,gerageze mudufashe mutubwire umuti.murakoz!
ndabakunda ariko pfite ikibazo ndumuso wi 24 ndi muwambere kaminuza ubu imboro yange irashukwa nkumva irihafi gucika kd nkababara cyane.ariko kubera ndi umurokore tondo nkabura satima zabakobwa.babyeyi bange nkoriki nukuri ndababaye pe!!
birakwi kandibiremewe
isaha 14h00 nibwo barongora kucyumweru
MBONA ISAHA YOSE MWUMVIKANYE NTAKABUZA.
MBONA BARABESHYE
nibyiza kubikora ariko kubikora utiteguye nifaux niko guterera umusozi kuziba ryinshi