Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 197 )

NANJE FISE INYAKA 25 NDASHAKA
UMUGORE ,AVYIBUSHE ,AFISE
AMAHERA NAHOYOBA
ANDUTA .IMBAMUGIHUGU KIBANYI
CA TANZANIA UWOBONEKA
YONDONDERA KURITEREFONE
NGENDAMWA 07872438181 CANKE
0620188217

NEMEYIMANA CALES yanditse ku itariki ya: 4-12-2017  →  Musubize

mwiriwe ndumukobwa mfite27ans ,ntakazi mfite nange mfite urukundo rutavangiye uwumva arushaka nawe arufite yambwira ark agomba kuba anduta

alias yanditse ku itariki ya: 30-11-2017  →  Musubize

NIWOWENSHAKA BAKUMPE NAMBA NI 0725843718

NDAHIMANA EMMANWEL yanditse ku itariki ya: 20-12-2017  →  Musubize

fite imyaka 25 ndifuza umukunzi ufite hati yimyaka 21-24
nkaba ndi mukarere ka huye
wambona kuri 0727016216 cyangwa 0783842168 no kuri whatsap 0727016216
e-mail: [email protected].

Eric yanditse ku itariki ya: 30-11-2017  →  Musubize

ok nitwa NTEZIMANA Eric fite imyaka 24 nkaba nikorera nkaba mvuka muntara yamajyepho , akarere ka huye.
nkaba nifuza umukobwa yambera ishuti ubuzima bwange bwose kandi tugakundana urukundo nyarwo
nkaba ndi muremure fite metero 1 na centimetre 78
nkaba ndi imibiri yombi
nkaba fite diplome muri civel engineering(construction)
nka fite ibiro 65

nkaba nifuza umukobwa ufite imyaka 21-23
ari imibiri yombi kuba azi gusoma no kwandika
akazi yaba akora kose ntakibazo kuba

ok nditayari
noneho uburyo wambonamo
wampamagara kuri 0783842168 cyangwa 0727016216
whatsapp 0727016216
no kuri e-mail: [email protected]
ok murakoze mugire ibihe byiza kandi ndabakunda.

Eric yanditse ku itariki ya: 30-11-2017  →  Musubize

Ndashaka umukunzi wumumama ukuze ufite amafaranga azamamagare kuri4ni 0782811100 na0788267718na whatsapp 0728087712

gakemba pascal yanditse ku itariki ya: 30-11-2017  →  Musubize

ubwo uzaba ukurikiye amafaranga c

Eric yanditse ku itariki ya: 30-11-2017  →  Musubize

fite 21 shaka 19-20
mbarubavu nuruka
rustiro ikayove
0726377602

kadaf yanditse ku itariki ya: 22-11-2017  →  Musubize

naramukundaga cyane

mutuyimana Gilbert,ndashaka umukobwa witwa,uwineza cloudine twiganyeahitwa imbandazi.muri primoire.mumboneyenumeroye mwayimpa yanditse ku itariki ya: 16-11-2017  →  Musubize

Nsaka Umukobwa witwaga Fiyete Ni Benoni Ugushaka Uwomwa buranye mucyaribato Ubonye iyi Messeg wagira icyowakora Kuko ndagukumbuye

Tumusiime Benon yanditse ku itariki ya: 12-11-2017  →  Musubize

Uwıteka mana mfasha umwana wanjye uzamuhe ubuzıma bwıza kandı nanjye nkusabye umugore mwıza uzanchumbusha uwambere twatanye uwarıwe wese uzama nzamukunda nkuko mbyıfuza mana urakoze kuba ubyumvıse nomber mbonekaho 0783350014 &0728350014

Kıdega yanditse ku itariki ya: 3-11-2017  →  Musubize

musgakishuti?ndaha,muga,abahungu,beshi,nimikino,mwaretsegukina,kuko,twaribabariye.muzanyandikire,kuri,,imeir,ahangaha,

adro yanditse ku itariki ya: 29-10-2017  →  Musubize

NDASHAKA UMUKOBWA WITONDA AFITE IMYAKA 23NYIMBA AYIKWIJE RYEFITE25NYIMBA ASHA 0727577304

HAKIZIMANACHRIS yanditse ku itariki ya: 27-10-2017  →  Musubize

Alias Django.
Mfite 57 ans. Ndashaka umugore wa 47 ans agiye imibereho myiza, mwiza wankunda. Watsap yanje +25761188629

Nzobamwita Jean Claude yanditse ku itariki ya: 20-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka