Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 197 )

Guswera Biraryoha Pee

Alias yanditse ku itariki ya: 23-11-2014  →  Musubize

NIVYIZAKUKOMUTUGIRA INAMA ARIKO UMUGORE IYAMAZE IMISIMURIKUMWE ARATINDA AKAKUGAYA WAMUSOMA UKAMENGO NTABISHAKA BIGATUMA BITUBABAZANIHATARI

Nitwambonimpa yanditse ku itariki ya: 25-08-2014  →  Musubize

guswera ntibyiza mwuwvikanye

paccy fizo yanditse ku itariki ya: 22-07-2014  →  Musubize

nkatwetutiberamuhiranakanemwijorokoshika

feli yanditse ku itariki ya: 11-05-2014  →  Musubize

nkatwetutabamurugo wotaha ukamarumusi ntakumukoreraho eregatubadusiganwa nimisiyikiruhuko

felicien yanditse ku itariki ya: 11-05-2014  →  Musubize

kurongora ni byiza

bertin yanditse ku itariki ya: 21-04-2014  →  Musubize

nuko nuko! erega izinama zanyu,zituma ingo zidasenyuka!!

placide yanditse ku itariki ya: 19-02-2014  →  Musubize

isaaha iyo ariyo yose umugore yaryoherwa n’imibonano mpuza bitsina bitewe nuko wamuteguye mbere y’imibonano.umucalisa naho iyo utamuteguye biba bimeze nko mufatakungufu Bagabo Mumenye Gutegura Abagore Banyu Mbere Yo Gukora Imibonano Mpuza Bitsina.

NZEYIMANA EUPHUTA yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

buterwa nigihe mwumva ko ari ngombwa ko murongorana

michel yanditse ku itariki ya: 8-01-2014  →  Musubize

Uriya witwa NADIA disi ubanza amaze gusaza! ngo imbonano ya gatatu mu cyumweru!!! reka reka ahubwo twe dukora gatatu ku munsi kdi bikaturyohera cyane. guswera ni ingenzi!!!

justiles yanditse ku itariki ya: 28-12-2013  →  Musubize

Ubusanzwe kurongorana buri munsi sibyiza nibure nka rimwe cga kabiri mucyumweru mwese mwaruhutse mumeze neza nibwo wumva ko koko ushaka mujyenzi wawe

Nadia yanditse ku itariki ya: 17-12-2013  →  Musubize

kurongora bikaryoha biva kumahoro arimurugo.

alias cyuma yanditse ku itariki ya: 16-11-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka