Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye
Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.
Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.
Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.
Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.
Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.
Jean Noel Mugabo
Ibitekerezo ( 201 )
Ohereza igitekerezo
|
|
isaha 14h00 nibwo barongora kucyumweru
MBONA ISAHA YOSE MWUMVIKANYE NTAKABUZA.
MBONA BARABESHYE
nibyiza kubikora ariko kubikora utiteguye nifaux niko guterera umusozi kuziba ryinshi
Guswera Biraryoha Pee
NIVYIZAKUKOMUTUGIRA INAMA ARIKO UMUGORE IYAMAZE IMISIMURIKUMWE ARATINDA AKAKUGAYA WAMUSOMA UKAMENGO NTABISHAKA BIGATUMA BITUBABAZANIHATARI
guswera ntibyiza mwuwvikanye
nkatwetutiberamuhiranakanemwijorokoshika
nkatwetutabamurugo wotaha ukamarumusi ntakumukoreraho eregatubadusiganwa nimisiyikiruhuko
kurongora ni byiza
nuko nuko! erega izinama zanyu,zituma ingo zidasenyuka!!
isaaha iyo ariyo yose umugore yaryoherwa n’imibonano mpuza bitsina bitewe nuko wamuteguye mbere y’imibonano.umucalisa naho iyo utamuteguye biba bimeze nko mufatakungufu Bagabo Mumenye Gutegura Abagore Banyu Mbere Yo Gukora Imibonano Mpuza Bitsina.