Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 197 )

ndashaka uwambera maman wabana banjye,imyaka singombwa cg uruhu,apfakuba asenga kdi azi urukundo. my number ni 0788213217(whatsap)

Ray yanditse ku itariki ya: 15-03-2017  →  Musubize

mwiriwe ndumusore njehano nakina UK INA andeke ndasha umukobwa wabyeho cyangwa ukuze cyangwa umumama nkamuha urukundo ashaka nkamutetesha utangora jyendacuruza ndikorera Ibindi tuzabivugana number o788242854 0728684238 mamagara nkikundire bikurenge

emmy yanditse ku itariki ya: 12-03-2017  →  Musubize

mwiriwe ndumusore njehano nakina UK INA andeke ndasha umukobwa wabyeho cyangwa ukuze cyangwa umumama nkamuha urukundo ashaka nkamutetesha utangora jyendacuruza ndikorera Ibindi tuzabivugana number o788242854 0728684238 mamagara nkikundire bikurenge

emmy yanditse ku itariki ya: 12-03-2017  →  Musubize

muraho ndu musore wimyaka 30 ndashaka umukobwa wirabura kandi muremure hagati ya m1,70-m1,80 tugakundana kandi nzamuha urukundo kuburyo mu mwaka umwe gusa twabana.akaba yaba afire imyaka hagati ya 21-35 abaye yarabyaye ni saw murakoze.

aias yanditse ku itariki ya: 9-03-2017  →  Musubize

mukobwa muto mpamagara kuri0784336509 kuko ibyo ushaka ndabyujuje,gusa sinjya mpamagara airtel kd ndabona ariyo washyizeho

alias yanditse ku itariki ya: 16-03-2017  →  Musubize

muraho nd’umukobwa w’imyaka 26 nkaba nifuza umukunzi (27_30) ufite gahunda yampamagara kuri (0735825331)murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 7-03-2017  →  Musubize

Sha ngwino 0728875915 iyo ni whatsap 0723859287 wampamagara

Keges yanditse ku itariki ya: 25-03-2017  →  Musubize

Isaha nziza ni mugitondo dukangutse

alias yanditse ku itariki ya: 26-02-2017  →  Musubize

njehano nshaka umukunzi ndi umusore 26ans nashakishije umukunzi kugezubu sindamubona abombona ntagahunda bafite uwabayifite yampamagara 0780324435

Claude yanditse ku itariki ya: 18-02-2017  →  Musubize

mukomere! ntagihe kurongora bitaryohera abashakanye mugihe bafitanye urukundo nyarwo kuko buri wese aba yifuza mugenzi we

tata yanditse ku itariki ya: 17-02-2017  →  Musubize

kurangiza vuba biterwa nubunebwe nifemba+ kuba wikunze cg ufite umururumba, ikindi kdi niwumva ugiye kurangiza ujye ubwira umukunzi wawe akurye urwara cg uyinige ukoreshe agatwe kayo kdi bisaba ube usiramuye thx

alias yanditse ku itariki ya: 16-02-2017  →  Musubize

Nge numvise biba akarusho kuwagatandatu sa cyenda

Tofili yanditse ku itariki ya: 10-02-2017  →  Musubize

mwiriwe njye nje hano nshaka umukunzi w,umukobwa 20-26years old njye mfite 26year nkaba ndinzobe ufite gahunda ya mpamagara kuri 0722220215,0732327670 saw murakoze

uwiduhay janvier yanditse ku itariki ya: 7-02-2017  →  Musubize

navugako ibyo gushimisha uwo mwashakanye bisaba kubyitegura gsa iyosaha nange nayemeza nubwo ntarabikora izosaha gsa numvaga nshakumukunzi ufite imyaka22 numbr0784864394

valens yanditse ku itariki ya: 4-02-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka