Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 197 )

mwiriwe uwo mukobwa ndamushaka yampamagara kur 0723750765 0785107109

EDISON yanditse ku itariki ya: 19-01-2017  →  Musubize

mwiriwe uwo mukobwa ndamushaka yampamagara kur 0723750765 0785107109

EDISON yanditse ku itariki ya: 19-01-2017  →  Musubize

Fide,ngwino nguhe urukundo utabona ahandi.nzagukunda unyinube.

Eric yanditse ku itariki ya: 7-01-2017  →  Musubize

Umva isahayose byaryoha

Fack me yanditse ku itariki ya: 17-12-2016  →  Musubize

Nge Mbona Isaha Nziza Asi 22h00 Zijoro Namugitondo Bugiye Gucya Murakoze

Ange Mutuyimana yanditse ku itariki ya: 30-11-2016  →  Musubize

uwo mwna ndamushka 2

ooz yanditse ku itariki ya: 26-11-2016  →  Musubize

Mwiriwe ni Erise ndumusore fite imyaka 23 mwafasha mukajyira inama fite ikibazo cyokurangiza vuba iyo ndigutera akabariro n’umukunzi wanjye?.murakoze

Erise yanditse ku itariki ya: 26-11-2016  →  Musubize

Mbona isaha jyo ariyo yose byaba sawa biterwa na ba nyirigikorwa

Fidele yanditse ku itariki ya: 6-11-2016  →  Musubize

NDUMUKOBWA CAKA UMUKUNZI YEAS 16

UWIMANA yanditse ku itariki ya: 31-08-2016  →  Musubize

MUPFA KUBA MUBYUMVIKANYEHO, ISAHA YOSE MUFITE AKANYA GAHAGIJE MWABIKORA KANDI BIKARYOHA.

RUHARABU yanditse ku itariki ya: 30-08-2016  →  Musubize

UMUKOBWAKO ABWIRAGOTURWAMANE ARABIMATIRANZIGIRENE ABAYEYARADUYE?

SETH yanditse ku itariki ya: 14-08-2016  →  Musubize

Munjyirinama kojye
Jeje imyaka maku
Myabiri ntararongora
Kandinkumvambishakabyababiteraniki?

TWIZEMANA ERISA yanditse ku itariki ya: 7-07-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka