Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye
Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.
Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.
Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.
Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.
Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.
Jean Noel Mugabo
Ibitekerezo ( 201 )
Ohereza igitekerezo
|
|
kurangiza vuba biterwa nubunebwe nifemba+ kuba wikunze cg ufite umururumba, ikindi kdi niwumva ugiye kurangiza ujye ubwira umukunzi wawe akurye urwara cg uyinige ukoreshe agatwe kayo kdi bisaba ube usiramuye thx
Nge numvise biba akarusho kuwagatandatu sa cyenda
mwiriwe njye nje hano nshaka umukunzi w,umukobwa 20-26years old njye mfite 26year nkaba ndinzobe ufite gahunda ya mpamagara kuri 0722220215,0732327670 saw murakoze
navugako ibyo gushimisha uwo mwashakanye bisaba kubyitegura gsa iyosaha nange nayemeza nubwo ntarabikora izosaha gsa numvaga nshakumukunzi ufite imyaka22 numbr0784864394
mwiriwe uwo mukobwa ndamushaka yampamagara kur 0723750765 0785107109
mwiriwe uwo mukobwa ndamushaka yampamagara kur 0723750765 0785107109
Fide,ngwino nguhe urukundo utabona ahandi.nzagukunda unyinube.
Umva isahayose byaryoha
Nge Mbona Isaha Nziza Asi 22h00 Zijoro Namugitondo Bugiye Gucya Murakoze
uwo mwna ndamushka 2
Mwiriwe ni Erise ndumusore fite imyaka 23 mwafasha mukajyira inama fite ikibazo cyokurangiza vuba iyo ndigutera akabariro n’umukunzi wanjye?.murakoze
Mbona isaha jyo ariyo yose byaba sawa biterwa na ba nyirigikorwa