Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 197 )

Uwonda mushak

IRIS yanditse ku itariki ya: 16-01-2018  →  Musubize

Ndashaka nkuw kabs 0725507014

IRIS yanditse ku itariki ya: 16-01-2018  →  Musubize

Ndabara,mukije Ndi Mu Burundi Nshaka Umukobwa Afite Imwaka 20 Yize Afise Diprom Yubaha Imana Asenga Atekereje Nanje Nfite Imwaka 23 Ok

Prosper Ndayishimiye yanditse ku itariki ya: 14-01-2018  →  Musubize

ndimuyuganda nanze ndifuza umufasha nfite imyaka 24 wambona kuri 0778832115 0781308711

manweli yanditse ku itariki ya: 13-01-2018  →  Musubize

muraho bvndi!ndi single imibiri yombi 28ans ,1,72m,61KG ,A2 ndifuza umukunzi Ufite urukundo,ruhagije"yubaha imana na bantu kdi yarasomye afite na kazi ya mpamagara kuri" 0725882317

gilbert yanditse ku itariki ya: 8-01-2018  →  Musubize

ndashaka umugore ukuze ufite amahera nbr ni 0785439382

alias yanditse ku itariki ya: 5-01-2018  →  Musubize

ndasubiza Alliance, niwowe naburaga.urukundo ndarufite.

Nitwa Mahoro yanditse ku itariki ya: 18-02-2018  →  Musubize

Ngomba Umunyarwandakazi

Ndayishimiye David yanditse ku itariki ya: 4-01-2018  →  Musubize

Umukobwa Ukuze Cyangwa Umufille Mere Kuva Kumyaka 28 Kuzamura 35 Wize Ubyibushye Wubaha Imana Niwe Nifuzako Yambera Umufasha Ngewe Pfite Imyaka 32 Ndumuseculte Niwo Murimo Nkora Uwumva Twahuza Yampamagara Mba Ikigal 0787200839 Ndabakunda Imana Ibarinde

Hagenimama Jean Pierre yanditse ku itariki ya: 20-12-2017  →  Musubize

Ndondere Kur Face Book Misago Jean De Dieu

Misago Jeremie yanditse ku itariki ya: 19-12-2017  →  Musubize

Ndashaka Umukobwa Mwiza Twokundana Munyarwanda Afit Diplome Canke Aciga Nkaba Ndi I Burundi Province Gitega,ok

Misago Jeremie yanditse ku itariki ya: 19-12-2017  →  Musubize

UMUKOBWA MWIZA

Merc chris irakoze yanditse ku itariki ya: 15-02-2018  →  Musubize

Njewe nfite urukundo nifuza umukobwa uwari wese witonda,wubaha,ukoyaba asakose utarengeje imyaka 25 ans. nfite diplome ya peda. imba DRC /MASISI .No tel 0853754086

japhet yanditse ku itariki ya: 15-12-2017  →  Musubize

ngye ndashaka umukobwa wo gushaka akambera umukunzi mbamuri uganda kandi akaba afite imyaka itarenga 23. kandi ari umunyarwanda ya mbipa kuriyi no. +256777410946

wiser frankie yanditse ku itariki ya: 5-12-2017  →  Musubize

NDASHAKA UMUKUNZI UFITE 23 ANS ABE YARIZE KAMINUZA KANDI YUBAHA IMANA

NTIRENGANYA yanditse ku itariki ya: 4-01-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka