Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 197 )

Ndi umusore w’imyaka 27 nasoje kaminuza ndikorera nkeneye umukobwa mwiza kuri byose wize ufite akazi utarengeje imyaka 25 akaba yiteguye kurushinga mumwaka umwe. WhatsApp number 0722637274

Valens Iyamuremye yanditse ku itariki ya: 18-11-2019  →  Musubize

Ndi umusore w’imyaka 27 nasoje kwiga kaminuza ndikorera nkeneye umukobwa dukundana mwiza kuri byose akaba asenga byakarusho ari umukatorike atarengeje imyaka 25 kdi afite icyo akora yiteguye kurushinga mumwaka umwe. Yanshaka Kuri WhatsApp number:0722637274

Valens Iyamuremye yanditse ku itariki ya: 18-11-2019  →  Musubize

mwiriwe murako narye ndumusore wimyaka23ndashaka umukobwa ufite imyaka22 wunva aritayari yamqamagaratukavuganamurakoze 0726273352

NISHIMWE JOWEL yanditse ku itariki ya: 6-06-2019  →  Musubize

pfite imyaka22 ndashaka umukobwa ufite imyaka20 wubaha imana numwana wayo numwukawera nimero zajyen0724523562

iradukunda claude yanditse ku itariki ya: 14-05-2019  →  Musubize

umugore cg umukobwa ushaka umupfubuzi npamagara 0784225131 unkinisha simushaka

eric yanditse ku itariki ya: 5-05-2019  →  Musubize

Akazi k’izamu +250788925608

nzacilde yanditse ku itariki ya: 6-03-2019  →  Musubize

Mfise imyaka 23 shaka umukobwa dukundana ndetse dupanga gahunda atarengeje imyaka 21 yondondera kuri +25771867701 na whatsapp niyo nyene

innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2019  →  Musubize

murakoze kutwigisha kubilyanye nigitsinape??ndihano. ekampala ndabakurikiye murakoze gd morning big up

Tuyishime charcool yanditse ku itariki ya: 5-12-2018  →  Musubize

ndashaka umukobwa dukundana utarengeje imyaka 19 agomba kuba asenga yubahimana kandi akaba atarigikara cyane

alias yanditse ku itariki ya: 4-12-2018  →  Musubize

MFITE IMYAKA 21NKABA NIFUZA UMU
KOBWA UTARIHEJURU
YIMYAKA19 NKABANIF
ZAKO TWASHINGAURU
GO TEL 0782000414
0724938582
ICYITONDERWA
AGOMBAKUBA ARIMWI
KUMUTIMA NOKWISURA

JAMARI yanditse ku itariki ya: 16-11-2018  →  Musubize

Ndashaka umukobwa wimyaka 22 kugaruza hejuru ufite umurimo wamafaranga 500,00 kugaruza hejuru ukoyabasakose ariko asenga Imana. njyewe akazimfite ntwara imodoka yuganda mfite imyaka 24.

Baryaneza derrick yanditse ku itariki ya: 13-11-2018  →  Musubize

jew nipfuza umukobwa afise imyaka 18 ans,akaba yubaha ababyeyi ,adakunda amahera
jew mfite imyaka 20ans nimero des telephone +25772478023

kevin yanditse ku itariki ya: 6-11-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka