Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 201 )

Nange mundangire akazi ako mwabona kose nimero ni0785987407 narize mfit A2

Niyigena felix yanditse ku itariki ya: 7-12-2020  →  Musubize

mbega abahanga mwarizekoko.
njyembona
amasahayukuriyogutera
akokabariro
yaba ari saa saba(01h00
nasaa5h00mugitondo.
cgwanigihecyose
uruhutsemumutwe

toni yanditse ku itariki ya: 16-07-2020  →  Musubize

Nifuje guhuzwa nutanga akazi kizamu ngo ambwire ibisabwa murangire ugashaka kd yavakora neza.murakoze

mukarukundo yanditse ku itariki ya: 16-03-2020  →  Musubize

Mwiriwe? Murakoze kubw’inama zanyu muduha.gusa njye ndi umusore wimibiri yombi,sindimuto kd simbyibushye mpfite 1.70m na 65kg ku myaka 27 mpfite akazi kantunze .ndifuza umukobwa umukobwa w’nzobe iringaniye kd utari muremure kd atabyibushy cyane,ufitd gahunda yo kubaka urugo azi urukundo icyaricyo kd usenga abaye afite akazi byaba byiza kurushaho.kd akaba ari kigali cg mu nkengero zaho phone 0785729098 na watsap

Jule hakizimana yanditse ku itariki ya: 22-11-2019  →  Musubize

Ndi umusore w’imyaka 27 nasoje kaminuza ndikorera nkeneye umukobwa mwiza kuri byose wize ufite akazi utarengeje imyaka 25 akaba yiteguye kurushinga mumwaka umwe. WhatsApp number 0722637274

Valens Iyamuremye yanditse ku itariki ya: 18-11-2019  →  Musubize

Ndi umusore w’imyaka 27 nasoje kwiga kaminuza ndikorera nkeneye umukobwa dukundana mwiza kuri byose akaba asenga byakarusho ari umukatorike atarengeje imyaka 25 kdi afite icyo akora yiteguye kurushinga mumwaka umwe. Yanshaka Kuri WhatsApp number:0722637274

Valens Iyamuremye yanditse ku itariki ya: 18-11-2019  →  Musubize

mwiriwe murako narye ndumusore wimyaka23ndashaka umukobwa ufite imyaka22 wunva aritayari yamqamagaratukavuganamurakoze 0726273352

NISHIMWE JOWEL yanditse ku itariki ya: 6-06-2019  →  Musubize

pfite imyaka22 ndashaka umukobwa ufite imyaka20 wubaha imana numwana wayo numwukawera nimero zajyen0724523562

iradukunda claude yanditse ku itariki ya: 14-05-2019  →  Musubize

umugore cg umukobwa ushaka umupfubuzi npamagara 0784225131 unkinisha simushaka

eric yanditse ku itariki ya: 5-05-2019  →  Musubize

Akazi k’izamu +250788925608

nzacilde yanditse ku itariki ya: 6-03-2019  →  Musubize

Mfise imyaka 23 shaka umukobwa dukundana ndetse dupanga gahunda atarengeje imyaka 21 yondondera kuri +25771867701 na whatsapp niyo nyene

innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2019  →  Musubize

murakoze kutwigisha kubilyanye nigitsinape??ndihano. ekampala ndabakurikiye murakoze gd morning big up

Tuyishime charcool yanditse ku itariki ya: 5-12-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka