Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 197 )

mbanje kubasuhuza mwe mutugezaho inama zubaka kuko birakenewe Ko tugira icyo twunguka
Ndi umusore mfite imyaka 22
Nkeneye umukobwa uzi icyo gukora tukikundanira.
hari uwumva abishaka yamenyesha kuri +265 997 103 637
ibindi tukazabiganiraho twembi.
Murakoze.

alias yanditse ku itariki ya: 14-06-2018  →  Musubize

shaka umukobw ufitegahunda murukrndo utaryarya abate ahari yampamaga kiri 0727515563

renzaho thacien yanditse ku itariki ya: 7-07-2018  →  Musubize

Ndifuza umugore cg umukobwa twabyarana ariko ntidushakane nkamufasha kurera umwana uko yaba ari kose nta kibazo apfa kwemera ko tubanza kwa muganga 0783842445

emm yanditse ku itariki ya: 22-05-2018  →  Musubize

LE 01/01/2018

EMMY yanditse ku itariki ya: 21-05-2018  →  Musubize

ndashaka umukunzi uri seriye ufite icyakora nb:utarengeje imyaka 25 murakoze nimero yampamagaraho niyi0780560036

nsanzimana yanditse ku itariki ya: 11-05-2018  →  Musubize

nifuza umukunzi ufite imyaka20 kand akunda gusenga kand akaba yemera bibiriya yera!murakoze

tuyirate jean dedieu yanditse ku itariki ya: 14-04-2018  →  Musubize

shaka umukobwa wikorera uteyenez ukund guteteshw wuba knd yarasomy akoresh scl md nbr yang 0786770186 murkz ibihe byiz kur mwes!!!!!!!!"

donathi yanditse ku itariki ya: 11-04-2018  →  Musubize

Ndashaka umukunzi ukunda gusenda utarenza imyaka 20years yahamagara kuri 0789703150Ndamushaka

Celestin yanditse ku itariki ya: 30-03-2018  →  Musubize

mfite abana 2 ndashaka umugore utarengeje imyaka 35 kdi tukarushinga cg umukobwa,kdi afite akazi yiyubaha akunda imana.yakandika sms kwiyinimero 0725913035

Alianse yanditse ku itariki ya: 23-03-2018  →  Musubize

Ndashaka umugore ufite uburyo nubushobozi bwuko twahura tugashakana, ufite nibyo yize mumasomoye. Yampamagara kuri izi : 0049 152 192 223 115 ubundi ngahita muha na what’s app yanje ubundi tukarasa kungingo.

Alias yanditse ku itariki ya: 4-03-2018  →  Musubize

Ndashaka umugore ukuze kuva kuri 35 kugera kuri 45 ans, ufite uburyo n ’ ubushobozi bwuko twahura ibindi bikazikora.Nihagira uwigitiye icizere yampamagara kuri : 00 49 152 19223115 bitari ngombwa kwndika kuri mail, na what’s app ngahita nyimuha.

Alias yanditse ku itariki ya: 4-03-2018  →  Musubize

Ncaka umukobwa ufite munsi ya 36 ans ufite akazi kandi wubaha IMANA 0722725730

J yanditse ku itariki ya: 22-02-2018  →  Musubize

Ndashaka umukunzi wampamagara 0725965314

Pierre yanditse ku itariki ya: 9-02-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka