Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 197 )

ndashaka umukobwa uko yaba ameze kose akunda imana

Arias yanditse ku itariki ya: 30-10-2018  →  Musubize

Nkeneye umukobwa cyangwa umugore wabyayeho umwana umwe, kukigero kimyaka 21 kugeza 25 ukeneye nawe umugabo. Ntabumuga afite,atanwa inzoga kandi atirabura cyane ibindi twabishakana singombwa. My number is +256775198964 and have 27years.

Jackson yanditse ku itariki ya: 18-10-2018  →  Musubize

NDabakunda PFITE IMYA20 ndashaka umukobwa dukundana ufite imyaka 18 Uwumva abishaka yamamagara 0784298048t 0722108268

Vedaste yanditse ku itariki ya: 3-10-2018  →  Musubize

ndashaka umukobwa ufitegahunda ukoyaba angakoc.

ALLIAS yanditse ku itariki ya: 14-09-2018  →  Musubize

nndashaka umukunzi ufite imyaka 23 yamavuko yarize cg atarize Nb kuba asaneza isura ari iyo yavukanye akba afite gahunda
nnone afite ahotwaba byaba ari Amahoro uwaba abyemeye yampamagara kuri 0783083572

alias yanditse ku itariki ya: 4-09-2018  →  Musubize

ndashaka Umukobwa wisugi batara rongora narimwe akaba afite isura nziza naho umuti ma tuzawu rema busha sinitaye kuco yaba akora hari ubyujuje yampa magara kuri 0787506969 tuka binoza neza

alias yanditse ku itariki ya: 4-09-2018  →  Musubize

ndashaukobwawakigariafite16dukundanaasaninzobe

niyonkurusamuel yanditse ku itariki ya: 24-08-2018  →  Musubize

ndashaka umukobwa twubakana urugo ufite icyakora njye mfite umwana umwe. uko yaba ngana kose. 0785321387

manirafasha yanditse ku itariki ya: 21-08-2018  →  Musubize

ndashaka umukobwa twubakana urugo ufite icyakora njye mfite umwana umwe. uko yaba ngana kose. 0785321387

manirafasha yanditse ku itariki ya: 21-08-2018  →  Musubize

mfiteumwana umwe ndashaka umukobwa twakubakana urugo ufite akazi ukwangana kose. 0785321387

manirafasha yanditse ku itariki ya: 21-08-2018  →  Musubize

Mfiteumugore ariko iyomubwiye ngo ndukore imibonano mpuzabitsina aranga abwirako ananiwe

NSHIMIYIMANA SAMUEL yanditse ku itariki ya: 20-07-2018  →  Musubize

Ndashaka umukobwa ufite gahunda yo kubaka urugo ufite icyo akora yararangije byibuze A1. Numero ni 0785889319

Alias yanditse ku itariki ya: 19-07-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka