Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye

Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.

Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.

Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.

Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.

Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.

Jean Noel Mugabo

Ibitekerezo   ( 197 )

Nitwa Eugene Ibyobavuga Nubusa Mwegere Umukarise Umuryiminwa Umukorekumabere Nahandi Mazengo Urebe Ukuntubyikora

Eugene yanditse ku itariki ya: 29-10-2013  →  Musubize

isaha singombwa iyo muhaze mwese murishimisha

cyiza yanditse ku itariki ya: 8-09-2013  →  Musubize

ubwose mubamusha

yanditse ku itariki ya: 1-06-2013  →  Musubize

ntimugatinde gukenera abafasha banyu.kandi mugemwirinda igituma mutavuga rumwe.Ubundi kirya gihe mugiye kuburiri mumaze koga biba arurwijane

yanditse ku itariki ya: 25-05-2012  →  Musubize

sha kunyurwa kumugore yakweruriye akakubwira ibyashaka uwomunsi bimubera byiza.yabatanyuzwe ukongera,ugerageza style zose.Umugore wawe ntuyoberwa ibimunezeza.

yanditse ku itariki ya: 25-05-2012  →  Musubize

njye nikundira gutera akabariro mugitondo kare cyane nka sa 15: akanyegera buhoro buhoro akamoeramo numva ari byiza pee! naho iyo muma saa 10-11 mba mfite umunaniro cyane kuburyo numva ndashaka ko umugabo wanjye ankoraho ariko mugitondo niho kaba karyamye pee

bub yanditse ku itariki ya: 23-05-2012  →  Musubize

sha OKAPI uri umuntu wumugabo cyane uvuze utuntu twubwenge. kabisa wasoma ndakwemeye ungera utange inama

mak yanditse ku itariki ya: 21-05-2012  →  Musubize

Just sexual intercourse is done when both of the patterners are in good health provided they have agreed 2gether.otherwise sex has no approperiate time.

yanditse ku itariki ya: 20-05-2012  →  Musubize

jye nibarizaga position nziza abagore bakunda kurusha izindi mugukora imibonano mpuzabitsina,naho isaha yo biterwa igihe cyose mwumva muri okey haba nakumanywa muri weekend mwasohotse cyangwa muri murugo byaba byiza

yanditse ku itariki ya: 19-05-2012  →  Musubize

Wowe okapi uravuga ibyo utazi. Uracyari umwana, ibyo uvuga ni imirongorano y’abiba ibitsina iyo bahanye gahunda z’ubusambanyi. Mu rugo ntimwirirwa muteguzanya, biterwa n’umunezero mufite. Iyo nta kibazo gihari, nta stress y’akazi, abana babonye umuceri, ntawe ubirukana mu nzu, igitsina nticyabura kuryoha.

mushyitsi yanditse ku itariki ya: 19-05-2012  →  Musubize

Murabahanga kabisa, muzanatubwire uko barongora neza kugira ngo turwanye abapfubuzi.

man yanditse ku itariki ya: 17-05-2012  →  Musubize

sha wagirango kugongora nikokazi isha yose muhaze mwarongorana

okapi yanditse ku itariki ya: 17-05-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka