Isaha nziza abagore bishimira gutera akabariro yaba yamenyekanye
Nyuma y’uko abagabo benshi bagaragarije impungenge zo kutamenya isaha nziza bashobora kuba batera akabariro, kugira ngo barusheho kunyura abagore babo, ikinyamakuru Women’s Health Magazine cyakoze ubushakashatsi kuri iki kibazo.
Benshi mu bagabo bagezaga ikibazo kuri iki kinyamakuru, bavugaga ko iyo begereye abagore ngo bagire icyo bimarira, bababwiraga ko bafite akazi kenshi, bananiwe cyangwa se atari igihe gikwiye, bigatuma bibaza igihe gikwiye icyo aricyo.
Ubu bushakashatsi, buvuga ko isaha nziza inyura abagore mu gutera akabariro ari 23h00 ku wa Gatandatu.
Gusa iki kinyamakuru kivuga ko bitabuza Abongereza, ari nabo ubu bushakashatsi bwakoreweho, guhuza urugwiro n’abo bashakanye byibura gatatu mu cyumweru.
Ubu bushakashatsi bwavuze ko ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwabanje bivuga ko ku bagore babyuka nyuma ya 7h30 bashobora kugira icyo bimarira atari byo, kuko abagore baba bitekerereza akazi bagiye kujyamo.
Jean Noel Mugabo
Ibitekerezo ( 201 )
Ohereza igitekerezo
|
|
buterwa nigihe mwumva ko ari ngombwa ko murongorana
Uriya witwa NADIA disi ubanza amaze gusaza! ngo imbonano ya gatatu mu cyumweru!!! reka reka ahubwo twe dukora gatatu ku munsi kdi bikaturyohera cyane. guswera ni ingenzi!!!
Ubusanzwe kurongorana buri munsi sibyiza nibure nka rimwe cga kabiri mucyumweru mwese mwaruhutse mumeze neza nibwo wumva ko koko ushaka mujyenzi wawe
kurongora bikaryoha biva kumahoro arimurugo.
Nitwa Eugene Ibyobavuga Nubusa Mwegere Umukarise Umuryiminwa Umukorekumabere Nahandi Mazengo Urebe Ukuntubyikora
isaha singombwa iyo muhaze mwese murishimisha
ubwose mubamusha
ntimugatinde gukenera abafasha banyu.kandi mugemwirinda igituma mutavuga rumwe.Ubundi kirya gihe mugiye kuburiri mumaze koga biba arurwijane
sha kunyurwa kumugore yakweruriye akakubwira ibyashaka uwomunsi bimubera byiza.yabatanyuzwe ukongera,ugerageza style zose.Umugore wawe ntuyoberwa ibimunezeza.
njye nikundira gutera akabariro mugitondo kare cyane nka sa 15: akanyegera buhoro buhoro akamoeramo numva ari byiza pee! naho iyo muma saa 10-11 mba mfite umunaniro cyane kuburyo numva ndashaka ko umugabo wanjye ankoraho ariko mugitondo niho kaba karyamye pee
sha OKAPI uri umuntu wumugabo cyane uvuze utuntu twubwenge. kabisa wasoma ndakwemeye ungera utange inama
Just sexual intercourse is done when both of the patterners are in good health provided they have agreed 2gether.otherwise sex has no approperiate time.