Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
Bariya bantu muzabakatire burundu
Abo si abantu ni ibintu bisa n’abantu
AHAAA!N’IBARA MW’IBAGARA N’UKURI MUGABO; ABO SI ABANTU AHUBWO BIYAMBITSE IMIBIRI Y’ABANTU ARI AMASHETANI
YEMWE ABOBANTUBABAKATIRE URUBAKWIYE
Rose uko nukwitesha agaciro babahane kuko bahesha isurambi ikiremwa muntu murakoze
ibyobintu biratangaje pe! in market? it is bad shame.
Sha Uwomuntu Akwiye Gucibwa Ugwobikwiranye P! Ntabw Yababarirwa
BIRATANGAJE KANDI BIRABABAJE
IBYO BIRATANGAJE ARIKO ARI MU RWANDA BAMUGUKURA HEJURU UTARANGI BAKIGIRAHO,AHUBWO UWO MUKOBWA YAHASIGA UBUZIMA TU
Birababaje Imana Ize Idutabare Isi Iraturangiranye Ariko Umuntu Wese Uzi Kunshutiyanjye Yitwa Uwanyirigira Diane akarereka NGOMA%Azamubwire Ko Yandwajye Umutima Imana Izamuhe Umugisha Niyibizi Uganda
abo banta basambaniye mwisoko bakoze ibara murwanda ntawabitekereza c b s
Ibyobintu iwacumuRwanda ntibikabe.
ooo ch birakabije tu umva nabosibo n umubiri na satani ark babakatire tu .