Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

nibamufunge

kwizera yanditse ku itariki ya: 14-04-2017  →  Musubize

nibabahane kuburyo atahundi azosubira gukora nkivyo kumugaragaro

kwizera yanditse ku itariki ya: 14-04-2017  →  Musubize

wasanga,baziranye,gusabirandezepe

donath yanditse ku itariki ya: 13-04-2017  →  Musubize

nngewe icyogaho niki
iyarinze urima
kandinimba ataramufashe
kungufu ibyonamahoro
kandi murakoze.

ngobok madib yanditse ku itariki ya: 11-04-2017  →  Musubize

njye ndumva ari ibisanzwe aho imfizi irindishirije niho yimiriza

patrick yanditse ku itariki ya: 8-04-2017  →  Musubize

Isi irashaje pe!!

Eliah yanditse ku itariki ya: 6-04-2017  →  Musubize

Ntabwo Arabantu Satani Niyo Yigendera Nu Gusenga Gusa

INDUNDI DOT COM yanditse ku itariki ya: 6-04-2017  →  Musubize

imans niyemera ubusambanyi nominal nukozasoni

nizeyimana gilbert yanditse ku itariki ya: 5-04-2017  →  Musubize

ayomahanonakwiye mana udufashe,twurubyiruko kuko kuriyisisatani arikudushakirahasinohejuru rero twirindishuko twang’ikibi murakoze

asiimwe yanditse ku itariki ya: 4-04-2017  →  Musubize

imana nitabare ubwako bwayo

NTIBAZIYANDEMYE EVARISTE yanditse ku itariki ya: 1-04-2017  →  Musubize

Turimubihebyanyuma Kk Ntacyimana Yavuzecyitazasohora, Gusa Murekedusenge Dusengere Ubugingobwacu Kd Dusaba Iherezo Ryiza

Mushimiyimana Esther yanditse ku itariki ya: 31-03-2017  →  Musubize

DUKWIYEGUSENGA IMANA KUGIRANGO IDUFASHE MURIBIBIHE BYANYUMA.

TUYISENGE JEAN PIERRE yanditse ku itariki ya: 1-04-2017  →  Musubize

ubwose basanzwe babana?

uwimana jano yanditse ku itariki ya: 28-03-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka