Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
nibamufunge
nibabahane kuburyo atahundi azosubira gukora nkivyo kumugaragaro
wasanga,baziranye,gusabirandezepe
nngewe icyogaho niki
iyarinze urima
kandinimba ataramufashe
kungufu ibyonamahoro
kandi murakoze.
njye ndumva ari ibisanzwe aho imfizi irindishirije niho yimiriza
Isi irashaje pe!!
Ntabwo Arabantu Satani Niyo Yigendera Nu Gusenga Gusa
imans niyemera ubusambanyi nominal nukozasoni
ayomahanonakwiye mana udufashe,twurubyiruko kuko kuriyisisatani arikudushakirahasinohejuru rero twirindishuko twang’ikibi murakoze
imana nitabare ubwako bwayo
Turimubihebyanyuma Kk Ntacyimana Yavuzecyitazasohora, Gusa Murekedusenge Dusengere Ubugingobwacu Kd Dusaba Iherezo Ryiza
DUKWIYEGUSENGA IMANA KUGIRANGO IDUFASHE MURIBIBIHE BYANYUMA.
ubwose basanzwe babana?