Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
Nibahanywe Byintangarugero
imperuka niyo pe iyibihanganase bagasaba nibura abobajya
Uwo Mucuruzi Uwomwaku Nazawukira Azajye Gusenga
Biteyisoni 2 Ark Abobanunabosibo Ahubwobaribavanjyiwenimyukamibi Kukurimuzimaniwakoribyobiburagasi? Ubwonjyendumvakubafunga Bikwiye Kujyirango Nabandibishimiranahobabonyehose Nkahariwabo Bibabericyahajyikomeye ? Mugiribihe Byiz
nukuri bikojeje isoni
ikiremwa muntu bahanwe by’intanga rugero.
mbega bibi
nyiri duka yihanganire uwo mwaku kuko arebye nabi ntiyawukira gusa abo bantu nibabarirwa bazajye kwapadiri abahe penetensiya murakoze ni dieudone irubavu
ikigali hari ivuriro ryita kubafite uburwayi bwo mumutwe muzahabazane babavure harigihe bazasubira kuba bazima
ibyobintu bakoze sibyiza habe namba baba bakoza isoni urubyiruko
Birakaze da!
Natangiye gusoma ngirango ni mu Rwanda, ariko abo bantu bagomba gukatirwa urubakwiye kbs.
iyi niyo mperuka kbs konziko
turabiziko love ikoresha ikishatse ariko ikibazonukobabikoreyemwisokobakagombyekusaba imbabazi amategeko hanyumabakayoboka idini bakihana.
abo bantubakwiye ishuri