Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

Nibahanywe Byintangarugero

Uwiragiye Etienne yanditse ku itariki ya: 5-09-2017  →  Musubize

imperuka niyo pe iyibihanganase bagasaba nibura abobajya

alias yanditse ku itariki ya: 4-09-2017  →  Musubize

Uwo Mucuruzi Uwomwaku Nazawukira Azajye Gusenga

Uwizeye yanditse ku itariki ya: 31-08-2017  →  Musubize

Biteyisoni 2 Ark Abobanunabosibo Ahubwobaribavanjyiwenimyukamibi Kukurimuzimaniwakoribyobiburagasi? Ubwonjyendumvakubafunga Bikwiye Kujyirango Nabandibishimiranahobabonyehose Nkahariwabo Bibabericyahajyikomeye ? Mugiribihe Byiz

Manirafasha Jean De Dieu yanditse ku itariki ya: 27-08-2017  →  Musubize

nukuri bikojeje isoni
ikiremwa muntu bahanwe by’intanga rugero.

hategekimana innocent yanditse ku itariki ya: 26-08-2017  →  Musubize

mbega bibi
nyiri duka yihanganire uwo mwaku kuko arebye nabi ntiyawukira gusa abo bantu nibabarirwa bazajye kwapadiri abahe penetensiya murakoze ni dieudone irubavu

NIYITEGEKA DIEUDONE yanditse ku itariki ya: 24-08-2017  →  Musubize

ikigali hari ivuriro ryita kubafite uburwayi bwo mumutwe muzahabazane babavure harigihe bazasubira kuba bazima

jackson yanditse ku itariki ya: 19-08-2017  →  Musubize

ibyobintu bakoze sibyiza habe namba baba bakoza isoni urubyiruko

dieu donne nishimwe yanditse ku itariki ya: 24-08-2017  →  Musubize

Birakaze da!

NIYOMUFASHA GEDEON yanditse ku itariki ya: 18-08-2017  →  Musubize

Natangiye gusoma ngirango ni mu Rwanda, ariko abo bantu bagomba gukatirwa urubakwiye kbs.

NIYOMUFASHA GEDEON yanditse ku itariki ya: 18-08-2017  →  Musubize

iyi niyo mperuka kbs konziko

bugingi uwase cynthis yanditse ku itariki ya: 17-08-2017  →  Musubize

turabiziko love ikoresha ikishatse ariko ikibazonukobabikoreyemwisokobakagombyekusaba imbabazi amategeko hanyumabakayoboka idini bakihana.

habimana ,iddi yanditse ku itariki ya: 13-08-2017  →  Musubize

abo bantubakwiye ishuri

uwiduhaye Honore yanditse ku itariki ya: 7-08-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka