Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
birakabije pee!gusa nugukaza amasengesho,kuko abantu ntibakigira ngobaragira ngwiki.
birakabije nurukozasoni
Ahaaaaa!birakomeye.
Ubwosuwomugabo wasabwaniyemwisoko yarahaziki
Barwaye indwara zomu mutwe zishingiye kumyitwarire ,imitekerereze n’amarangamutima.Police ibashikirize abaganga bazabafasha.
Yewe Ni Agahomamunwa! Burya N’amatungo Iyo Atarinze Ntajya Kumfizi.Mwene Muntu Akomeje Kwigira Icyigenge,harya Ngo Ni Umudendezo Wapi Ni Umudabango.Imana Yashizeho Abami N’abatware Kgo Bahane Inkozi Zibibi.Bakanirwe Urubakwiye.GUSA IMANA NI INYAMBABAZI....YESU ataraza baba batewe amabuye daaaaaaaa!!!!!
Yendabona Bacibwa Amande Bakayaha Nyiri Duka Gusa Kubikorera Mwi Soko Imana Idusange Murakoze
abantu muri twe dufite ibyaha byinshi mû mitima Marko 7:21 njye icyombona barikubajyana ahantu bakabunviriza bakabaha n’impanuro bakabaca amande bakayaha nyiri iduka Hama bakabarekura kuko burya nabo ntibamenye uko byagenze.murakoze
Yoo!! birababaje kbs
kurongorana biruta gushyukwa abakorinto
it is ashame
isi ingeze habi Bantu musenga musengere iyisi irababaje ngaho Imana ibane namwe