Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

Yesaya 22:15-19(bazashya Pe!)

Amie yanditse ku itariki ya: 28-11-2017  →  Musubize

ARIKO MWARASAZE ARIMWE!BAHANWE HARUMUNTU BISHE?ADAM NA EVA SE BARI MUNZU?IYO UGIYE KUBANGHURIRA INKA SE KUTAYISHYIRA MUNZU SURUKOZASONI?!AHAAA!!

FAIDA yanditse ku itariki ya: 26-11-2017  →  Musubize

OOH KABISA

RAGADE yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

ibint ni danger ivy wokwubahuka kubikora

RAGADE yanditse ku itariki ya: 25-11-2017  →  Musubize

banza witokore mbere yo gutokora undi

BANGO yanditse ku itariki ya: 24-11-2017  →  Musubize

ariko twagiye tureka kwigira abacamanza?? mbere yo gutokora undi ujye wiheraho. abu hatanzwe igihembo cy’umukobwa uri isugi cg umuhungu uri imanzi muri mwe mwanditse aha ninde wahembwa??

BANGO yanditse ku itariki ya: 24-11-2017  →  Musubize

Biteze isonipe bababaite ubwenge ntibaretsebakabana?Bibere isomo abandi think you.

Muhirwapierre yanditse ku itariki ya: 24-11-2017  →  Musubize

byabihe Paul yahanuye byatangiye gusohora,

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 23-11-2017  →  Musubize

Gusa abakobwa n,abahungu bo mu minsi yanyuma niko bameze.gusa I Rda ntibikahagere.twe dufite umuco kd twaratijwe.

jacky yanditse ku itariki ya: 22-11-2017  →  Musubize

nanjye ndumiwe nibara nibahanwe

manirakiza benjamin yanditse ku itariki ya: 22-11-2017  →  Musubize

wokumvango nikinyejana koko nubusazi burimo pe!!

gakre ezir yanditse ku itariki ya: 19-11-2017  →  Musubize

yebabaweee! ???.

uwimanikunda edison yanditse ku itariki ya: 15-11-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka