Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
Yesaya 22:15-19(bazashya Pe!)
ARIKO MWARASAZE ARIMWE!BAHANWE HARUMUNTU BISHE?ADAM NA EVA SE BARI MUNZU?IYO UGIYE KUBANGHURIRA INKA SE KUTAYISHYIRA MUNZU SURUKOZASONI?!AHAAA!!
OOH KABISA
ibint ni danger ivy wokwubahuka kubikora
banza witokore mbere yo gutokora undi
ariko twagiye tureka kwigira abacamanza?? mbere yo gutokora undi ujye wiheraho. abu hatanzwe igihembo cy’umukobwa uri isugi cg umuhungu uri imanzi muri mwe mwanditse aha ninde wahembwa??
Biteze isonipe bababaite ubwenge ntibaretsebakabana?Bibere isomo abandi think you.
byabihe Paul yahanuye byatangiye gusohora,
Gusa abakobwa n,abahungu bo mu minsi yanyuma niko bameze.gusa I Rda ntibikahagere.twe dufite umuco kd twaratijwe.
nanjye ndumiwe nibara nibahanwe
wokumvango nikinyejana koko nubusazi burimo pe!!
yebabaweee! ???.