Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

abobantubagombaguhanwabyemewenamategetekomurakoze.

UWITONZEJEANDAMOURU yanditse ku itariki ya: 7-05-2017  →  Musubize

Barebe neza abo Bantu bashobora kuba bafite uburwayi bwo mumutwe,Dr.bababe hafi kbs.

vidich yanditse ku itariki ya: 7-05-2017  →  Musubize

abantu babaye ba rwabuzisonipe!

brigitte yanditse ku itariki ya: 6-05-2017  →  Musubize

Isi irashaje ,ariko nta gitangaje, kuko buri gahugu n’umuco wako.kwihangana kandi kw’abantu ntikungana.ariko byo bakoze amakosa.

Alias yanditse ku itariki ya: 4-05-2017  →  Musubize

Birandenze pe gs Babahane byintanga rugero

Niyonsenga yanditse ku itariki ya: 2-05-2017  →  Musubize

babihorere basezeranyeho ntabwo ba mufashe kugufu yatanze ibye murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 22-04-2017  →  Musubize

Aha,isi,igekumusozomwisokonanisonindumiwekumuganiwa,bruce,melody

RUKUNDO yanditse ku itariki ya: 25-04-2017  →  Musubize

babihorere basezeranyeho ntabwo ba mufashe kugufu yatanze ibye murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 22-04-2017  →  Musubize

niurukozasoni nyine

theophile yanditse ku itariki ya: 21-04-2017  →  Musubize

birakabije rwosi

iyakaremye fideri yanditse ku itariki ya: 20-04-2017  →  Musubize

Birakabije rwose

Bahati j paul yanditse ku itariki ya: 20-04-2017  →  Musubize

Ibyo ndumva bikabije niba Abantu batagitegereza kugera murugo niminsi yanyuma kand byarahanuwe Hazaba nibirenze ibyo

Bahati j paul yanditse ku itariki ya: 20-04-2017  →  Musubize

Barijwiye urwo gupfa pe birabaje..!

THEONEST yanditse ku itariki ya: 18-04-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka