Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
abobantubagombaguhanwabyemewenamategetekomurakoze.
Barebe neza abo Bantu bashobora kuba bafite uburwayi bwo mumutwe,Dr.bababe hafi kbs.
abantu babaye ba rwabuzisonipe!
Isi irashaje ,ariko nta gitangaje, kuko buri gahugu n’umuco wako.kwihangana kandi kw’abantu ntikungana.ariko byo bakoze amakosa.
Birandenze pe gs Babahane byintanga rugero
babihorere basezeranyeho ntabwo ba mufashe kugufu yatanze ibye murakoze
Aha,isi,igekumusozomwisokonanisonindumiwekumuganiwa,bruce,melody
babihorere basezeranyeho ntabwo ba mufashe kugufu yatanze ibye murakoze
niurukozasoni nyine
birakabije rwosi
Birakabije rwose
Ibyo ndumva bikabije niba Abantu batagitegereza kugera murugo niminsi yanyuma kand byarahanuwe Hazaba nibirenze ibyo
Barijwiye urwo gupfa pe birabaje..!