Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
Isi irashaje pe
Nibahabwe igihano cyibakwiye.
ubwose? babakoreyeicyi ahaaa! isi ingezekure
porisi igombaguhana abobanyabyaha kugirango hatazagiranundi ubafatiraho exemple
mutugezaho amakuru meza turabakunda cyaneeee
Ayiweeeeee mana tabara tuge ze ahabi pee!
eee ahubwo sinzi polis icyo itegereje
barakwiy igihano gikomeye kuko bagushij benshi
barakwiy igihano gikomeye kuko bagusjije benshi
alias.nukur ubu tugeze mubihe bibi nkokuritwebwe urwaruka ivyovyashikiye abo bene dadata birafise ico vyotwigisha.dukwiye gusaba imana iduhe amaso yomumutima kugira ngo tubone aho amaso yimibiriyacu itabona.murakoz turabakunda
mukuripe isi ijyezekure ubwojyewe abobakoze ibyo navugako ari uburwayi bwomumutwe kuko bakabaye bazima ntibakubahuka gukora ayomahane murakoze hano mumurenge wakibirizi mukarere kagisagara turabakundacyane
Ahaaa!! ntibisanze abo bantu babakatire igifungo cy’ imyaka ibiri
nukuri birababaje gusa tugeze mubihe byanyuma kuko ibyontagaribyo