Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

ntakundi niho isi igeze ,gusangendumiwe cyane pe!!!

twagirumukiza jean claude yanditse ku itariki ya: 7-11-2017  →  Musubize

Aha ndumiwe gusa ibi n’ibihe byanyuma bavuze niyo mperuka 2!

Mukandayisenga Clementine yanditse ku itariki ya: 6-11-2017  →  Musubize

birababaje pe?

alias yanditse ku itariki ya: 5-11-2017  →  Musubize

BIRATANGAJE DA!!! UBUSEUSE?UMUKOBWANAWEYARABYEMEYE BAKWIYEGUHANWA MURAKOZE

HABUMUREMYI yanditse ku itariki ya: 3-11-2017  →  Musubize

Ndumiwe Kumunge Birajeye Isoni Ahubwo Nibabapime Mumitwe Uhura Bahuye Bose Arabasazi

Niyonkuru Salmoni yanditse ku itariki ya: 28-10-2017  →  Musubize

ndumiwe ntakindi nari naracikanywe gusa ayo ateye isoni

Ingabire Marie Anne yanditse ku itariki ya: 28-10-2017  →  Musubize

AHA EREGA TURIMUBIHEBYIMINSIYIMPERUKA DA!

ARIYASI yanditse ku itariki ya: 28-10-2017  →  Musubize

ntibyoroshye kbs ubusambanyi bworetse isi aho abantubasigaye babikorera muruhame nabosibo ahumbonikinyejana turikwerekezamo nicyocyabashutse

Uwimana francoise yanditse ku itariki ya: 22-10-2017  →  Musubize

sinzi icyo twakora kugirango umuco ugaruke.

muhorakeyemuhorakeye olive yanditse ku itariki ya: 18-10-2017  →  Musubize

jyd mbona isi yararangiye.

muhorakeyemuhorakeye olive yanditse ku itariki ya: 18-10-2017  →  Musubize

njyewe mbona umuco waracitse nubundi nakundi twabigenza

kandi agaciro numuntu ukiha

alice yanditse ku itariki ya: 16-10-2017  →  Musubize

yemwe ngendumva barashakaga kuba abasitari da kuko urumvakobaruta nagacyane gusa sibyiza ibyobakoze

ndazigaruye cyprien yanditse ku itariki ya: 16-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka