Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
ntakundi niho isi igeze ,gusangendumiwe cyane pe!!!
Aha ndumiwe gusa ibi n’ibihe byanyuma bavuze niyo mperuka 2!
birababaje pe?
BIRATANGAJE DA!!! UBUSEUSE?UMUKOBWANAWEYARABYEMEYE BAKWIYEGUHANWA MURAKOZE
Ndumiwe Kumunge Birajeye Isoni Ahubwo Nibabapime Mumitwe Uhura Bahuye Bose Arabasazi
ndumiwe ntakindi nari naracikanywe gusa ayo ateye isoni
AHA EREGA TURIMUBIHEBYIMINSIYIMPERUKA DA!
ntibyoroshye kbs ubusambanyi bworetse isi aho abantubasigaye babikorera muruhame nabosibo ahumbonikinyejana turikwerekezamo nicyocyabashutse
sinzi icyo twakora kugirango umuco ugaruke.
jyd mbona isi yararangiye.
njyewe mbona umuco waracitse nubundi nakundi twabigenza
kandi agaciro numuntu ukiha
yemwe ngendumva barashakaga kuba abasitari da kuko urumvakobaruta nagacyane gusa sibyiza ibyobakoze