Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

ntibabaho kabx bakwiye amasengesho

Niyomugabo Dionise yanditse ku itariki ya: 31-12-2017  →  Musubize

NDABONA BITANGAJECYA GUSABAHANWE

RASHID yanditse ku itariki ya: 17-12-2017  →  Musubize

Eeeeee birarenze kabisa nugusenga imana cyane kuko isi irashaje

SIWENTEZE Emmanuel yanditse ku itariki ya: 16-12-2017  →  Musubize

sibo ahubwo numubiri ariko bakwiye guhanwa umubiri nubategeka

bonifas yanditse ku itariki ya: 15-12-2017  →  Musubize

birababaje gusa umubiri wabarushije imbaraga tubirinde abana bato

byiringiro emmanuel yanditse ku itariki ya: 14-12-2017  →  Musubize

Mwizina Ryasu Isi Irarangiyepe!!!

Birushyabagabo Athanase yanditse ku itariki ya: 12-12-2017  →  Musubize

birakaze bavandi! iyobihererase?subunditurinda twabitindaho ninde uyobewe ibyiyimisi ninkumi zikigihe nurubyiruko murirusa.gusa ahokuba ikirwari namufindada!

mazimpaka yanditse ku itariki ya: 9-12-2017  →  Musubize

NDEMEYE KABISA UTAGIRA ISONI NTAGIRA N’UBWOBA?GUSA NABO SOBO AHUBWO NI IKIBAZO CY’UMUBIRI KANDI NAMWE BYABABAHO ARIKO BAJYE BIHANGANA KANDI NDABASENGERA

ELIAS TJJ yanditse ku itariki ya: 8-12-2017  →  Musubize

birababaje pe

otto benito adrian yanditse ku itariki ya: 4-12-2017  →  Musubize

Bazahanwe Kuko Batagira Kwihangana Uko Umuntu Abishatse Siko Abikora.

Michel yanditse ku itariki ya: 2-12-2017  →  Musubize

Ibi bintu biteye isoni umuco kwiyubaha no kubaha Imana nibyo bya mbere gusa bakeneye inama

Ferdinand yanditse ku itariki ya: 2-12-2017  →  Musubize

nibyo.kabisa ntakosa bafite

king eric yanditse ku itariki ya: 30-11-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka