Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
ntibabaho kabx bakwiye amasengesho
NDABONA BITANGAJECYA GUSABAHANWE
Eeeeee birarenze kabisa nugusenga imana cyane kuko isi irashaje
sibo ahubwo numubiri ariko bakwiye guhanwa umubiri nubategeka
birababaje gusa umubiri wabarushije imbaraga tubirinde abana bato
Mwizina Ryasu Isi Irarangiyepe!!!
birakaze bavandi! iyobihererase?subunditurinda twabitindaho ninde uyobewe ibyiyimisi ninkumi zikigihe nurubyiruko murirusa.gusa ahokuba ikirwari namufindada!
NDEMEYE KABISA UTAGIRA ISONI NTAGIRA N’UBWOBA?GUSA NABO SOBO AHUBWO NI IKIBAZO CY’UMUBIRI KANDI NAMWE BYABABAHO ARIKO BAJYE BIHANGANA KANDI NDABASENGERA
birababaje pe
Bazahanwe Kuko Batagira Kwihangana Uko Umuntu Abishatse Siko Abikora.
Ibi bintu biteye isoni umuco kwiyubaha no kubaha Imana nibyo bya mbere gusa bakeneye inama
nibyo.kabisa ntakosa bafite