Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

nibyari bikwiye ko ibikorwa nkibyo byurukozasoni bigaragsra icyakora murwanda nubwo nabikunze kugaragara murwanda ariko hakwiye ingingo ihana abantu bakoze icya Nkiki igihe by agaragaye ko uwo muntu adafite ikibazo cyo mumutwe

nishimwe fils yanditse ku itariki ya: 14-02-2018  →  Musubize

birababaje gusa bahanwe kandi ntibazonjyere

patrick Nyamagabe yanditse ku itariki ya: 13-02-2018  →  Musubize

abobantu bakiye guhanwa kuko ibyo ntibikwie kbx

marcel yanditse ku itariki ya: 12-02-2018  →  Musubize

IMANA IRAKWIYEKUBABARIRA ARIKOBIRABABAJ

HABONIMANA Dieudonne yanditse ku itariki ya: 11-02-2018  →  Musubize

mbegishyano
ntibikagere
iwacu
imana
izabiturinde

alias yanditse ku itariki ya: 9-02-2018  →  Musubize

It’s so bewildered to me.thx

ombeni uwingeneye yanditse ku itariki ya: 24-01-2018  →  Musubize

Manawe!!! Ubusekoko,byabayehokoko!? Aha! Ibyontibikagere mu Rwanda!

Niyibizi jackson yanditse ku itariki ya: 22-01-2018  →  Musubize

gusa murabona aho isi ituganisha ari abo bantu nubasengera kabisa

habimana elisa yanditse ku itariki ya: 18-01-2018  →  Musubize

ndumv bkz mwisoko kwel!!!!!!!!!!

alias yanditse ku itariki ya: 16-01-2018  →  Musubize

Mbega Mbega abasheri!! ubwo se urwo n,urukundo gusa cg ni daimoni? hahahaa!! gusa birasekeje kdi birababaje. ahaa! Mana tabara kuko isi iratobotse tuu!

Nshimiyimana Theo K.A Bomb yanditse ku itariki ya: 11-01-2018  →  Musubize

Yebabawe isirashaje n
ugusenga

tuishime dani yanditse ku itariki ya: 9-01-2018  →  Musubize

Yebabawe isirashaje n
ugusenga

tuishime dani yanditse ku itariki ya: 9-01-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka