Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati

Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.

Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.

Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.

Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 276 )

abantu twiheshe agachiro ibi sibyiza pee.isi irashaje kabisa!

janvierrusiya yanditse ku itariki ya: 17-09-2013  →  Musubize

WE NI UKO YAROSE UWUMUHA.

come yanditse ku itariki ya: 8-09-2013  →  Musubize

ntakibazo kibirimo rwose

alias yanditse ku itariki ya: 24-08-2013  →  Musubize

ikosa si ibyakozwe ahubwo naho byakorewe,twiheshe agaciro.

mico emmy yanditse ku itariki ya: 19-08-2013  →  Musubize

rwose ibi bikorwa byurukozasoni no kutiha agaciro tubyamaganire kure bitatugereye kurubyaro nyarwanda kuko ibi nibyo byongerera uburakari bw IMANA tukagwirwa namahano tudafitemo uruhare tuzira bene nka bongabo

kubwimana yanditse ku itariki ya: 31-07-2013  →  Musubize

ibi bikorwa bibi nibyo bituma isi imana iyirakarira

gilbert yanditse ku itariki ya: 31-07-2013  →  Musubize

nu bwo abobatinyutse kubikorera kumugaragaro hanomuri uganda,ho kuvugana nigitsinagore ubanzagutanga amafaranga kugirango ubone gushyikirananawe byabaye bisness atayabonye ntacyomwavugana gusa,murwanda haracyari umuco imana ikomeze itwirindire

peter yanditse ku itariki ya: 5-07-2013  →  Musubize

uwiteka natabare abe isirashaje.

natacha yanditse ku itariki ya: 9-05-2013  →  Musubize

MUREKE DUSENGE NAHUBUNDI IBYO YESU YAVUZE BIRASOHOYE

BIZIMANA ANDRE yanditse ku itariki ya: 17-04-2013  →  Musubize

Njye ndumiwe

yanditse ku itariki ya: 22-02-2013  →  Musubize

aha ibinibihe byanyuma kweri ntanokwiherera cyokOra ibi nibimenyrtso byihihe

htoo yanditse ku itariki ya: 18-08-2012  →  Musubize

Erega n’inyamanswa hari izigira isoni ninde wari wabona ipusi na ngenzi yayo bikora ibyo bintu by’urukoza soni kumanywa
ahaaaaaa!
Isi irashaje

Akumiro yanditse ku itariki ya: 13-08-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka