Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
mana weeee!!!!!mbega iminsi bibi mbevandi ubu dukoriki? tugeze mubihe byanyuma buri wese acunge izamu rye
aaa"haaa!!ema’’mureke ibintu byarakomeye labs?
AHA NINKAHO IBYAHANUWE BIYEGUSORA
Ah aaaaa!!!! Ni danje kbs ubuse bikanze ko ar’iwabo?
nihatari kbs bararenze koko nasoni
ahaaa!abazungu baryisi kbs
BIRANANGAJE
Ahaa Nakumiro!!
Ivyobintu Nihatari.Arinkanrye Nobakatira Ifungwa\rikabije.
IYO NDA BONA ARI CONDITION BAMUHAYE KUGIRA NGO BAGERE KUNTEGO YABO KUKO IY’ISI NI YA SATANI
isi irashaj kbx
mu isoko bagasambana ahaaa!!!!
birababaje kdi biteye agahinda,gusa ibiriho ubu bigararako iyisi yageze kumusozo,ibyaha bikorwa nabantu bikigihe bimeze nkabo mugihe ki sodomu . ahaaaa! nagahomera munwa.